Abakobwa : Dore ibintu 5 abasore baba bashaka ku bakobwa bakundana nabo ariko ntibabivuge
Kenshi buri musore hari ibintu aba yifuza ku mukobwa yifuza gukundana nawe ndetse akazamugira umugore we.Muri iyi nkuru tugiye kugaruka kuri ibyo bintu. Kuri wowe nk’umukobwa rero ntabwo ukwiriye gutuma umusore ajya mu rukundo gusa , ukwiriye gutuma ajya mu…
Inama : Nubona ibi bimenyetso uzamenye ko ushobora kuba waranduye SIDA utabizi
Mu buzima, abantu bagirwa inama yo kwirinda no guhora bisuzumisha.Leta y’u Rwanda isaba abantu kwigengesera cyane mu buzima bwabo kugira ngo hato batazarwara nibabimenye, niyo mpamvu muri iyi nkuru tugiye kugaruka ku bimenyetso bike ushobora kwibonaho ukaba waranduye SIDA bigasaba…
Zuchu yavuze impamvu yatumye yahukana ndetse na post ze na Diamond akazisiba ku mbuga ze
Zuchu aherutse gusiba amafoto ya Diamond ku mbuga nkoranyambaga ze ayandi arayahisha bitera urujijo abatari bake. Nyuma y’ibyo yaje gushyira umucyo ku kibazo yavuzweho cyo kwahukana. Zuchu wakunzwe muzitari nke yahishuye impamvu yagiye agata Diamond Platnumz , Mama Dangote na…
M23 yahakanye amakuru ayishinja ko yafashe Rubaya ngo icukure Coltan ihari ku bwinshi
Umvugizi wa gisirikare w’umutwe wa M23 yabwiye BBC ko bafashe umujyi wa Rubaya muri teritwari ya Masisi – hamwe mu hantu hacukurwa coltan nyinshi ku isi. Ingabo za leta ntacyo ziravuga ku bitangazwa na M23. Imirwano ikomeye yashyamiranyije inyeshyamba za…
Polisi yasobanuye birambuye ibya perimi zizakorerwa ku modoka za ‘automatique’
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Boniface Rutikanga, yavuze ko impushya za burundu zo gutwara ibinyabiziga za ‘automatique’ zizajya ziba zifite ibimenyetso byihariye biziranga kugira ngo harebwe niba batwaye imodoka bafitiye uburenganzira. Yabigarutseho mu Kiganiro Waramutse Rwanda cya RBA, cyo…
M23 yafashe agace ka Rubaya gakungahaye ku mabuye y’agaciro nyuma yo kwivugana benshi mu ngabo za FARDC
Agace kazwiho ubutunzi kamere bw’amabuye y’agaciro ka Rubaya,ubu karagenzurwa n’inyeshyamba za M23,zakubise inshuro FARDC n’abambari bayo bafatanyije ku rugamba. Rubaya iragenzurwa n’umutwe wa M23 nyuma y’imirwano ikaze bivugwa ko yaguyemo ingabo za Leta 67 , Wazalendo 45 n’ingabo z’u Burundi…