Month: May 2024

Itangazo rya REB ku ishyirwa mumyanya kw`abakoze ibizamini kumyanya yokwigisha

Share this:

Ibicishije kurukuta rwayo rwa X, REB yanyomoje amakuru yacicikanye kumbuga nkoranyambaga avuga ko hari abakandida bakoze ibizamini by’akazi kumyanya yokwigisha bakaba baba bagiye gushyirwa mumyanya vuba aha. Reba ayo makuru yose hano hasi: Kanda hano urebe aya makuru kurukuta rwa …

Share this:
Posted on

Imyanya y’akazi 33 mu karere ka Gakenke: A2, A1, A0, Ubushoferi, Accountants, Receptionists… Deadline 03/06/2024

Share this:

Planning, M&E Officer at Gakenke District Under Statute: Deadline: Jun 3, 2024 Data Manager and Statistician at Gakenke District Under Statute: Deadline: Jun 3, 2024 Supervisor of Community Health Workers A0 at Gakenke District Under Contract :Deadline :Jun 3, 2024…

Share this:
Posted on

UK: Miss Jolly yahinduye ingingo yagomba kuvugaho agaruka ku mateka y’u Rwanda, ahazaza ha Afurika n’ubudasa bwa Perezida Kagame

Share this:

Nyampinga w’u Rwanda wa 2016, Mutesi Jolly yatambutse gitore muri Oxford atanga ikiganiro cyibanze ku kuba Afurika ikwiye kuba umwe aribyo bizayiganisha ku iterambere rirambye, ni mu gihe yari yasabwe kugaruka ku birebana n’imideli. Mu butumwa bw’amashusho yasangije abamukurikira yongeyeho…

Share this:
Posted on

Bakunda gushimwa cyane! Inkomoko n’igisobanuro cy’izina Elsa ndetse n’uko abaryitwa bitwara

Share this:

Nyuma yo kubona ko hari amazina amwe n’amwe abanyarwanda baba badasobanukiwe, InyaRwanda yafashe icyemezo cyo kujya ibagezaho ibisobanuro by’amwe mu mazina aba agezweho muri icyo gihe. Elsa ni izina rihabwa abana b’abakobwa, rikomoka mu Giheburayo kuri “Elisheba” cyangwa “Elisabeth” mu…

Share this:
Posted on

Niyitegeka uzwi nka papa Sava na Umunyana bavuze byinshi ku rukundo ruvugwa hagati yabo ndetse n’ubuhanuzi bwa Prophet Mbarushimana Hakim

Share this:

Abakinnyi ba filime bakomeye mu Rwanda, Niyitegeka Gratien wamamaye nka Papa Sava ndetse na Umunyana Analysa uzwi nka Mama Sava muri filime ya “Papa Sava” bahuriyemo, batangaje byinshi ku makuru avuga ko bakundana. Nyuma y’inkuru zacicikanye zivuga ku buhanuzi bwabwiwe…

Share this:
Posted on

Sobanukirwa uko Hepatite C yandura, ibimenyetso byayo, ibubi bwayo n’aho itandukanira na Hepatite B na A

Share this:

Nyuma yo kubona ko hari benshi badasobanukiwe ibijyanye n’indwara y’umwijima. Twabateguriye inkuru kuri Hepatite C twifashishije inkuru ya Inyarwanda n’ikiganiro yakoranye na Dr. Makuza Jean Damascene. Ese indwara ya Hepatite B na C bitandukanira he? Uburwayi bwa Hepatite B na…

Share this:
Posted on

Abasore: Dore ibimenyetso byakwereka ko umukobwa mukundana aguca inyuma cyangwa yarakurambiwe urimo kumutinza

Share this:

Mu rukundo bibaho ko umuvuduko wagabanyuka ntibibe bikiri uko byahoze mbere ariko ikigorana ni ukumenya uko wabyitwaramo byabayeho cyangwa se ibimenyetso byakwereka ko umubano wawe n’umukunzi wawe watangiye kugenda biguru ntege. Aha twifashishije urubuga rwa Elcrema, tugiye gufasha abahungu kumenya…

Share this:
Posted on

Umugore yasanze pasiteri ku ruhimbi amuha impano ikomeje kuvugisha abatari bake

Share this:

Umugore wo mu gihugu cya Kenya Faith Mutindi aheruka gukurura impaka nyinshi nyuma yo guha Pasiteri Kanyari agapaki k’udukingirizo ku ruhimbi mu rusengero imbere y’Abakilisitu.   Uyu mugore akimara gukora iki gikorwa bikurura impaka nyinshi ku mbuga nkoranyambaga muri Kenya…

Share this:
Posted on

Irebere uburanga bw’umukunzi wa Ruvuyanga wamamaye mu gisata cy’imikino mu Rwanda – AMAFOTO

Share this:

Nyuma yo kumara igihe atagaragara mu Rukundo, umunyamakuru w’imikino kuri Radio Rwanda Ruvuyanga Emmanuel ubu aravugwa mu rukundo n’inkumi y’ikizungerezi. Uyu mukobwa uvugwa mu munyenga w’urukundo na Ruvuyanga, ndetse bikaba bivugwa ko bagiye kuzarushinga yitwa Naomi Sandrine, ndetse akaba afite…

Share this:
Posted on

Mu mafoto irebere umukobwa wigaruririye umutima wa Nyaxo umunyarwenya umaze kubaka izina

Share this:

Umunyarwenya Kanyabugande Olivier wamenyekanye cyane nka Nyaxo nawe yamaze kwinjira mu mfungwa z’urukundo. Uyu musore w’umunyarwenya wamenyekanye cyane ku mbuga nkoranyamba no mu bitangazamakuru bitandukanye bikorera mu Rwanda yafungiwe muri gereza y’urukundo n’umukobwa w’ikizungerezi witwa Ellah. Bitewe n’uburyo umunyarwenya Nyaxo…

Share this:
Posted on