Amakuru mashya kuri Hategekimana Emmanuel watawe muri yombi nyuma yo gutangaza ko ari we wivuganye Paster Theogene abitumwe na Satani
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha ‘RIB’ rwemeje ko rwataye muri yombi uwitwa Hategekimana Emmanuel wiyita umukozi wa satani akaba akurikiranyweho gutangaza amakuru y’ibihuha, aho afungiwe kuri Sitasiyo ya RIB ya Kimihurura. Uyu mugabo witwa Hategekimana Emmanuel yagaragaye ku mbuga nkoranyambaga cyane cyane…
M23 yatangaje ko itazava ku izima kugeza Leta ya Kongo yemeye ibiganiro
Umutwe wa M23 wavuze ko nubwo ubizi neza ko ubutegetsi bwa RDC butazemera ibiganiro ariko witeguye gukomeza kwirwanaho no gutakamba kugeza ubwo inzira y’amahoro igezweho. Umutwe wa M23 watangaje ko uzakomeza kwirwanaho igihe uzajya uterwa na FARDC n’abambari bayo gusa…
Rurageretse hagati ya Espoir FC n’umutoza wayo Lomami ushinjwa ubugambanyi
Ubuyobozi bw’ikipe ya EspoirFC bwamaze gushyikiriza ikirego RIB ikorerera mu Karere ka Rusizi aho burega uwari umutoza wabo Lomami Marcel gukoresha inyandiko mpimbano z’ibyangombwa (Licence) bya FERWAFA byemerera umukinnyi Christian Watanga Milembe gukinira mu Rwanda kandi ngo uyu mutoza abizi…
Umugabo uheruka kwigamba kuri Youtube ko yishe Paster Theogene yatawe muri yombi
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwemeje ko rwataye muri yombi Hategekimana Emmanuel akurikiranyweho gutangaza amakuru y’ibihuha akaba afungiwe kuri Sitasiyo ya RIB ya Kimihurura. Hategekimana Emmanuel yagaragaye kuri Youtube ari gusobanura ko ari mu bantu bahawe inshingano zo kwica Pasiteri Théogène…
Cléophas Barore uyobora RBA yabaye uwa mbere mu ishami yigagamo muri Kaminuza
Umuyobozi w’Urwego rw’Igihugu rw’Itangazamakuru (RBA), Cléophas Barore, yasoje amasomo y’Icyiciro cya Kabiri cya Kaminuza ari uwa mbere, mu Ishami rya Théologie muri Kaminuza ya East African Christian College. Amafoto ya Barore yambaye ikanzu ari kumwe n’abandi biganye yakwirakwiriye ku mbuga…
Imyanya 14 y’akazi mu karere ka Gakenke: Accounts, Receptionist, Billing officer, Customer care. Deadline: 3/06/2024
10 Job Positions of Accountant A1 at Gakenke District Under Statute: Deadline: Jun 3, 2024 Receptionist at Gakenke District Under Statute P:Deadline: Jun 3, 2024 Billing Officer at Gakenke District Under Statute : Deadline: Jun 3, 2024 Documentation and Archives…
Uko Hepatite B yandura, ibimenyetso byayo ndetse n’uko wayirinda
Hepatite B ni indwara yibasira umwijima ishobora kwirindwa hakoreshejwe urukingo ikaba iterwa na virus yitwa VHB. Iyo umurwayi arengeje amezi 6 arwaye Hepatite B, ifatwa nk’aho yamaze kuba karande cyangwa iy’ubuzima bwose. Virusi itera Hepatite B yandurira mu mibonano idakingiye…
Dore uburyo bubiri bwagufasha gutandukana burundu n’imvi cyangwa umusatsi w’umweru
Benshi mu bantu bagira umusatsi w’umweru ariko ntabwo baba bazi uburyo bakoresha bagatandukana nawo.Muri iyi nkuru turagufasha kumenya ibyo wakora bitagoye , umusatsi wawe ukaba waba umukara nk’uko ubyifuza. Mu rwego rwo guhindura umusatsi wawe umukara, urasabwa gukoresha mu bimwe…
Ndi mwiza abakobwa barankunda, mbayeho ndyohewe! Amagambo y’umunyamakuru Lorenzo wa RBA ari gutigisa imbuga nkoranyambaga
Umwe mu banyamakuru ukora kuri Radio Rwanda uzwi nka Lorenzo ubwo yari mu kiganiro cyanyuze kuri YouTube yatangaje ibintu byinshi akomoza no kumpamvu abafana na Rayon Sports bakwiye kwakira ibyo guhomba umukinnyi wabo. Umunyamakuru Lorenzo yabivugiye mu kiganiro yagiranye na…
Bruce Melody yasubije ku bivugwa na Agasaro uvuga ko babyaranye akaba yaramwimye indezo
Itahiwacu Bruce wamamaye nka Bruce Melodie, yasubije Agasaro wamusabye indezo y’umwana avuga ko babyaranye, aho yatangaje ko guhera ubu nta kibazo cy’umwana azongera kuzana mu itangazamakuru cyane cyane iby’uko bari kumusaba indezo y’umwana, kuko umwana ari umutware. Mu mpera z’ukwezi…