Umukobwa akomeje guca ibintu kubera ikintu gitangaje akomeje kwishimira
Umukobwa wo mu gihugu cya Nigeria witwa Eve Onyedikachukwu yatunguye benshi bacika ururondogoro nyuma yo gushyira hanze amafoto yishimira imyaka 10 amaze akuyemo Nyababyeyi, aho yavuze ko aticuza ku byo yakoze na gato. Uyu mukobwa yavuze ko yishimye imyaka 10…
Igihano Barikana Eugène yasabiwe kubera gutunga intwaro mu buryo butemewe n’amategeko cyamenyekanye
Nyuma y’iminsi micye urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB rufunze Barikana Eugene wari umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda aho uyu mugabo akurikiranyweho gutunga intwaro mu buryo bunyuranyije n’amategeko, Ubushinjacyaha bwamusabiye gufungwa imyaka ibiri. Ubwo yabazwaga kuri uku gutunga intwaro nyuma yo…
Umwarimu wigisha mu mashuri abanza nawe yatanze ubusabe bwe bwo kwiyamamariza kuba umudepite
Mukantwari Elizabeth wo mu Karere ka Kirehe umaze imyaka irenga 15 yigisha mu mashuri abanza yatanze kandidatire ku mwanya w’umudepite mu cyiciro cyihariye cy’abagore kuko afite inyota yo kwinjira mu Nteko Ishinga Ametegeko y’u Rwanda. Madamu Mukantwari yashyikirije kandidatire ye…
Amerika yahaye gihugu cya Kenya inyito ikomeye ubundi ikoreshwa ku bihugu byo muri NATO
Perezida w’Amerika Joe Biden yise Kenya incuti ikomeye itari iyo mu muryango wo gutabarana w’Uburayi n’Amerika (OTAN), bituma Kenya iba igihugu cya mbere cyo muri Afurika yo munsi y’ubutayu bwa Sahara gihawe iyo nyito n’Amerika. Biden yatangaje icyo cyemezo mu…
Kayonza: Gitifu w’akagari yatunguranye yinjira mu nama ya Meya yasinze bikabije
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Gikaya gaherereye mu Murenge wa Nyamirama mu Karere ka Kayonza, yitabiriye inama ku Murenge ayigeramo akerewe ndetse yanasinze bigaragara, hitabazwa igipimo cya Polisi basanga afite hejuru ya 400%. Ibi byabaye kuri uyu wa Kane tariki ya…
Byinshi ku muhango wo kubandwa waje umeze nka Komisiyo y’ubumwe n’ubwiyunge n’ibyo benshi bibeshya kuri Ryangombe
Benshi mu bacukumbuzi b’amateka y’u Rwanda cyane cyane mu bijyanye n’imyemerere, bakunda gutwerera Abanyarwanda ko biyambazaga Ryangombe, bakaba banemeza ko ari yo Mana basengaga, nyamara bya he birakajya! Ryangombe ni umuntu wabayeho mu muryango nyarwanda, yubaka ubuhangange butuma atazima mu…
Umusirikare yariye karungu kubera telefoni arasa bagenzi be ndetse n’undi wese wageragezaga kumwegera
Muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, i Bunia, umurwa mukuru wa Ituri, Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 21 Gicurasi 2024, umusirikare wa (FARDC) yarashe mugenzi we yitaba Imana mbere yo kwiyahura. Amakuru aturuka muri kiriya gihugu avuga ko aya…
Gatsibo: Abantu batunguwe n’umubyeyi wahoraga ajya kwa muganga ahetse igipupe n’ikintu gitangaje yabaga agiye kuhakora
Ku mbuga noranyambaga zitandukanye hakomeje gucicikana inkuru y’umugore wari umaze igihe kinini ahetse igipupe abeshya ko aba yaje gukingiza umwana ku Kigo Nderabuzima cya Kabarore kandi yagaba yaje kwiba abaje kwivuriza aho mu bitaro. Iyi nkuru y’uyu mugore yatangiye kumvikana…
Amafoto ya Kenny Sol na Manager we Gael yatumye benshi bakeka ko baba ari abatinganyi- AMAFOTO
Ku mbuga nkoranyambaga zirimo X, Instagram, Youtube n’izindi, hakomeje gukwirakwizwa inkuru ivuga ko Kenny Sol ashobora kuba afitanye umubano wihariye udasanzwe na Boss we Coach Gael yabaye kimomo. Ni inkuru yatangiye gukwirakwira ubwo hajyaga hanze amashusho aba bombi bishimanye, ndetse…
Muhanga: Abarimu babiri batawe muri yombi bakekwaho gusambanya umwana w’umukobwa wiga mu Kiciro rusange
Abarimu babiri batawe muri yombi n’urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha bakurikiranyweho icyaha cyo gusambanya umwe mu banyeshuri bigisha w’imyaka 16 y’amavuko, wiga mu cyiciro rusange (Tronc Commun). Amakuru avuga ko aba barimu basanzwe bigisha mu Ishuri ryisumbuye rya Nyakabanda riherereye mu Murenge…