Month: May 2024

Dore byinshi utazi ku kurota usomana. Ntukwiye kubikerensa

Share this:

Buri nzozi zigira ubusobanuro bwazo, gusa kurota usoma umuntu bishobora gutangaza benshi bakaba batekereza nabi ndetse bakiba impamvu y’izo nzozi, niyo mpamvu ugiye gusobanukirwa ikihishe inyuma yazo. Kurota uri mu bikorwa bifite aho bihuriye n’urukundo, bisobanura ibintu byinshi ndetse bihura…

Share this:
Posted on

Dore uko wakiza ibikomere umugabo wakomerekejwe n’urukundo

Share this:

Urukundo rwakomerekeje bamwe bituma abanyantege nke bavuga ko batazongera gukunda nyamara ntibamenya ko bashobora komorwa bagasubirana n’ibyiyumviro byabo by’urukundo. Bamwe mu gitsinagore bibaza icyo bakora kugira ngo baturishe umutima w’umusore cyangwa umugabo wahuzwe urukundo bitewe n’ibikomere yahuye na byo muri…

Share this:
Posted on

Gen. Bunyoni agiye gusubira mu nkiko

Share this:

Gen Alain Guillaume Bunyoni wabaye Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Burundi, Minisitiri w’Umutekano w’Imbere na Minisitiri w’Intebe, azaburanira mu rukiko rw’ikirenga mu cyumweru gitaha, tariki ya 27 Gicurasi 2024. Bunyoni yakatiwe igifungo cya burundu mu Ugushyingo 2023, nyuma yo guhamywa…

Share this:
Posted on

Rubavu: Polisi yarashe sedo w’akagari

Share this:

Umuyobozi wungirije w’akagari [SEDO] ka Murambi ko mu murenge wa Rubavu ho mu karere ka Rubavu, yarashwe na Polisi y’igihugu nyuma yo kumwibeshyamo umugizi wa nabi. Amakuru dukesha Bwiza.com aravuga ko ibi byabaye mu ijoro ryakeye, ubwo uyu SEDO yari…

Share this:
Posted on

Polisi yashyizeho igihembo ku muntu uzayifasha guta muri yombi umwarimu wa kaminuza wasambanyije umunyeshuri

Share this:

Polisi ya Uganda yashyizeho igihembo cya miliyoni 10 z’amashiringi ku muntu wese uzatanga amakuru yatuma Dr Lawrence Eron atabwa muri yombi. Uyu mwarimu ufite imyaka 53, yigishaga muri Kaminuza ya Kyambogo. Akurikiranyweho gusambanya umukobwa w’imyaka 16 ufite ubumuga bwo kutabona….

Share this:
Posted on

Kiliziya Gatolika y’i Kinshasa yateye utwatsi ibyo kuba iri inyuma y’abashatse guhirika ubutegetsi bwa Tshisekedi

Share this:

Inama y’abepisikopi gatolika muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, CENCO, yamaganye abayihuza n’igerageza ryo gukuraho ubutegetsi bwa Félix Tshisekedi ryabaye mu rukerera rwa tariki ya 19 Gicurasi 2024. Abarwanyi bagerageje iki gikorwa bari bambaye impuzankano y’umutwe w’abakomando mu ngabo za…

Share this:
Posted on

Kigali: Umugabo yiciwe hafi y’iwe

Share this:

Umugabo witwa Ezéchiel Bigirimana, w’imyaka 36 akaba na se w’abana bane, yishwe n’abantu bataramenyekana. Icyaha cyabaye ku wa Gatanu, itariki 17 Gicurasi mu mudugudu wa Rukoba muri komini n’intara ya Gitega, umurwa mukuru w’u Burundi. Umurambo we wavumbuwe nko muri…

Share this:
Posted on

Inkomoko n’igisobanuro cy’izina Shemsa ndetse n’uko abaryitwa bitwara

Share this:

Buri mubyeyi wese aho ava akagera, anezezwa no guha izina ryiza umwana we bijyanye n’ibyo amwifuriza mu buzima gusa birababaje ko hari abita amazina abana babo batazi igisobanuro cyayo. Shemsa ni izina rikunze guhabwa abana b’abakobwa rifite inkomoko muri Afurika,…

Share this:
Posted on

Mutesi Jolly yerekeje i Londre mu Bwongereza

Share this:

Miss Mutesi Jolly yasesekaye i Londres mu Bwongereza, aho yitabiriye ubutumire bw’Umuryango w’Abanyafurika biga muri Kaminuza ya Oxfod, yakirwa na musaza we Rwigema. Umuryango w’Abanyafurika biga muri Kaminuza ya Oxford mu Bwongereza, watumiye Mutesi Jolly wabaye Miss Rwanda 2016 nk’umushyitsi…

Share this:
Posted on

Amahirwe yo kuzamuka mu cyiciro cya mbere kuri Espoir FC cyayoyotse nyuma yo guhanwa bikomeye na FERWAFA

Share this:

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ryamaze gutera mpaga ikipe ya Espoir FC kubera gukinisha umukinnyi utujuje ibyangombwa, ndetse ihita isimbuzwa ikipe ya AS Muhanga mu mikino ya kamarampaka. Mu ibaruwa yasohotse mu ijoro ryo kuri uyu wa Mbere tariki 20…

Share this:
Posted on