Month: May 2024

Abasore: Dore ibyakwereka ko umukobwa mukundana agukunda by’ukuri kandi atakubangikanya n’abandi

Share this:

Sobanukirwa bimwe mu byagaragariza umusore ko umukobwa bakundana atamubangikanya n’abandi, Muri ibi bihe turimo usanga urukundo rw’ubu umubare w’abaca inyuma abakunzi babo ugenda wiyongera ku buryo benshi basigaye bemeza ko urukundo rw’ubu rwabaye akavuyo cyangwa se rwakonje, kuko nta muntu…

Share this:
Posted on

Abakobwa: Dore ibimenyetso 5 byakwereka ko umusore agukunda by’ukuri

Share this:

Urukundo abantu benshi ntibakunda kurwerekana kimwe, kuko hari ababivuga hakaba n’abatinya kuvuga ko bakunze, ariko burya ngo ntirwihishira, iyo rwagufashe, rushobora kugutamaza. Abahanga mu kwiga imyitwarire y’abantu bashyize ahagaragara bimwe mu bishobora kukwereka ko umuhungu yakwihebeye. Ikimenyetso cya 1: Amagambo…

Share this:
Posted on

Manchester City yatwaye igikombe Arsenal nyuma y’ihangana rikomeye hagati yazo

Share this:

Ikipe ya Manchester City yatsinze West Ham United ibitego 3-1, yegukana Igikombe cya Shampiyona y’u Bwongereza (Premier League) ku nshuro ya kane yikurikiranya, ikaba iya cyenda muri rusange. Mu gihe City yari ikeneye intsinzi kugirango yizere neza gutwara igikombe Arsenal…

Share this:
Posted on

Perezida wa Iran utacanaga uwaka na Israel yapfiriye mu mpanuka y’indege ya Kajugujugu

Share this:

Perezida wa Iran, Ebrahim Raisi, yitabye Imana aguye mu mpanuka ya kajugujugu yabaye ku Cyumweru, tariki 19 Gicurasi mu 2024. Iyi mpanuka yanahitanye abarimo Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Iran, Hossein Amir-Abdollahian. Televiziyo ya Irani niyo yemeje ko umukuru w’iki gihugu…

Share this:
Posted on

Sobanukirwa Hepatite A, uko yandura, ibimenyetso byayo, uko ivurwa ndetse n’uko wayirinda

Share this:

Hepatite A ni ukubabuka k’umwijima guterwa na Virusi ya Hepatita A izwi nka VHA. Uburyo bwibanze yanduriramo ni ukurya cyangwa kunywa amazi yandujwe n’urwaye iyi virus binyuze mu mwanda yitumye. Isuku nke mu mafunguro cyangwa se ku ntoki mbere yo…

Share this:
Posted on

Uburyo abashatse guhirika ubutegetsi muri Kongo binjiye mu ngo y’umukuru w’igihugu n’ibyo bahakoreye bikomeje gutangaza benshi

Share this:

Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FARDC cyatangaje ko cyaburijemo umugambi wo guhirika ubutegetsi bwa Perezida Felix Antoine Tshisekedi, mu rukerera rwo kuri iki Cyumweru tariki 19 Gicurasi 2024. Itsinda ry’abashatse guhirika ubutegetsi ryari riyobowe na Christian Mangala, umunye-Congo…

Share this:
Posted on

Hongeye kwitabazwa Sukoi mu kugaba ibitero kuri M23

Share this:

Amakuru dukesha Ubuyobozi bwa Sosiyete Sivile mu gace ka Masisi,yemeje ko ibitero by’indege zo mu bwoko bwa Suhkoi byibasiye ibirindiro bya M23 biri ku misozi ya Lukarara na Kamatale ho muri Teritwari ya Masisi ndetse no munkengero za Mushaki. Umunyamakuru…

Share this:
Posted on

Dore ibimenyetso ugomba kwitondera kuko bisonura ko urwaye cyangwa ugiye kurwara umutima

Share this:

Biba byiza kumenya ko ugiye kurwara mbere y’uko biba cyangwa bigitangira kuko bishobora kugufasha kwirinda, kwivuza ndetse bikakongera amahirwe yo gukira vuba. Niyo mpamvu uyu munsi iwacumarket yaguteguriye ibimenyetso bishobora kukwereka ko umutima waw ufite ikibazo cyangwa se wendaa kukigira….

Share this:
Posted on

Dore ibintu 5 byoreheje abantu batazi bitandukanya abashakanye

Share this:

Muri iki gihe usanga ingo nyinshi ziifite ibibazo rimwe na rimwe bikanabaviramo gutandukana kandi nyamara ari ibintu bishoboka ko bombi bakabaye birinda ariko kubera kutamenya ugasanga urugo rurasenyutse. Dore impamvu 5 zikomeye ziba intandaro yo gutandukana kw’abashakanye: 1. Kumena amabanga…

Share this:
Posted on

Dore ibintu 5 utagomba guhatiriza mu rukundo

Share this:

Mu rukundo buri wese aba yifuza ko bimera neza ndetse bikagera kure yifuza. Gusa uko waba ushaka gukunda cyangwa gukundwa, hari ibintu bitaremewe guhatirizwa ahubwo bitwarwa gake bikagerwaho cyangwa ntibikunde. Hari ibyo ushobora guhatiriza bikangiza urukundo. Niba ushaka kuba mu…

Share this:
Posted on