Umugabo yatuburiwe(yambuwe) miliyoni 8RWF zose kubera amagi
RIB yatangaje ko hari umugabo wibwe miliyoni zirenga 8Frw abeshywa ko ahawe amagi ya Kagoma ashakishwa na Amerika, aza gusanga ari ay’inkoko basize irangi ry’ubururu. Uyu mugabo wibwe ubwo yahuraga n’abantu bamubwira ko hari Kagoma ‘eagle’ yatorotse muri Amerika maze…
Ruhango: Abantu bahiye ubwoba abandi barahunga ubwo babonaga umugabo baraye bashyinguye atambagira mu gace yari atuyemo
Mu karere ka Ruhango mu murenge wa Bwerankore haravugwa inkuru iteye amayobera aho umugabo witwa Hakizimana Silas, kuri uyu wa kabiri tariki 7 Gicurasi 2024 yagaragaye mu ruhame, kandi ku wa Mbere hari habaye umuhango wo kumushyigura bazi ko yapfuye….
Rubavu: Umukozi wa Ritco yagonze mugenzi we ahita apfa
Imodoka y’ikigo gitwara abagenzi ya, Ritco yagongeye umukozi wacyo wakataga amatike muri Gare ya Rubavu, arapfa. Umukozi wagonzwe n’iyo modoka yitwa Furaha. Iyi mpanuka yamuhitanye yabaye ku wa Gatatu tariki 8 Gicurasi 2024. Iyi mpanuka yaturutse ku kuba uyu mukobwa…
RIB Yafunze Yaka Mwana n’abandi bakoresha YouTube Mu Kuvuga Iby’Urukozasoni
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rwataye muri yombi abantu batandatu bavugwaho gukoresha imbuga nkoranyambaga mu kuvuga iby’urukozasoni. Ibyaha bakoze byitwa ‘ icyaha cyo gushyira ahagaragara amashusho yerekeranye n’imikoreshereze y’ibitsina hakoreshejwe mudasobwa cyangwa urusobe rwa mudasobwa, icyaha cyo gukora ibiterasoni mu ruhame n’icyaha…
Rutahizamu Elijah mu nzira zo gukinira Amavubi
Amakuru aremeza ko Ani Elijah w’imyaka 24 ukomoka muri Nigeria, yamaze kwemera gukinira ikipe y’igihugu ’Amavubi’ nk’uko umwe mu bamuhagarariye yabitangaje. Kuri uyu wa gatat,tariki ya 08 Gicurasi nibwo byamenyekanye ko uyu mukinnyi ufite ibitego 15 muri shampiyona y’u Rwanda…
Dore imitoma 12 irenze wakoherereza umukunzi wawe uyu mugoroba mu butumwa bugufi ukagusha neza umutima we
Burya kugira ngo urukundo rukomeze rutohe ruruheho kuryoha bituruka ku bintu byinshi birimo n’amagambo abakundana babwirana. Menya amagambo akwiriye wabwira umukunzi wawe ubinyujije mu butumwa bugufi bikamushimisha cyane. Koherereza amagambo meza umukunzi wawe ukoresheje ubutumwa bugufi ni ikintu cy’ingenzi cyane…
Nyuma y’imyaka 3 abivuze Umuhanzi Chriso yujuje BK Arena aba uwa Kabiri uciye aka gahigo mu Rwanda
Umuhanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Ndasingwa Jean Chrysostome wamamaye nka Chryso Ndasingwa, yafashije ibihumbi by’Abakirisitu bari buzuye mu nzu mberabyombi ya BK Arena, kwegera Imana no kuyishimira ubuntu n’ineza yayo y’ibihe byose, ubwo yabamurikiraga Album ‘Wahozeho’. Ni…
Igisobanuro n’inkomoko y’izina Naomie ndetse n’uko abaryitwa bitwara
Buri mubyeyi wese iyo abyaye umwana aba yifuza kumwita izina ryiza, rigezweho kandi rifite igisobanuro cyiza bitewe n’ibyo amwifuriza mu buzima. Iyi ni nayo mpamvu nyamukuru yatumye InyaRwanda yiyemeza kujya ikugezaho ibisobanuro by’amwe mu mazina abanyarwanda bakunze kwita abana babo….
Dore impamvu ukwiye kujya urya imbuto aho kuzikoramo umutobe
Kumva ko imitobe nta musemburo ubamo bituma abantu benshi bayikunda ku buryo n’imbuto aho kuzirya uko zakabaye bahitamo kuzisya ngo zivemo umutobe. Nubwo abantu bahitamo kunywa umutobe wakozwe mu rubuto runaka aho kwicara hasi ngo barurye uko, abahanga mu by’imirire…
Igisonuro n’inkomoko by’izina Chryso ndetse n’uko abaryitwa bitwara
Buri mubyeyi wese iyo abyaye umwana aba yifuza kumwita izina ryiza, rigezweho kandi rifite igisobanuro cyiza bitewe n’ibyo amwifuriza mu buzima. Iyi ni nayo mpamvu nyamukuru yatumye InyaRwanda yiyemeza kujya ikugezaho ibisobanuro by’amwe mu mazina abanyarwanda bakunze kwita abana babo….