Month: May 2024

U Rwanda rwamenyesheje Amerika ko yarengereye ishinja ingabo zarwo kwica impunzi

Share this:

Guverinoma y’u Rwanda yanyomoje Leta Zunze Ubumwe za Amerika zashinje ingabo zarwo kurasa ku baturage bavuye mu byabo mu nkengero z’umujyi wa Goma, mu gihe nta perereza ryigenga rirakorwa. U Rwanda rwagaragaje ko Amerika yarengereye cyane ibeshyera ingabo zarwo, mu…

Share this:
Posted on

Ingabo za SADC zafatiye umwanzuro ukomeye M23 zishinja kwica abasivile

Share this:

Umuryango w’iterambere ry’ibihugu byo muri Afurika y’Amajyepfo (SADC) watangaje ko wamaganye byimazeyo ibitero ushinja inyeshyamba M23 byibasiye inkambi ya Mugunga y’abavanywe mu byabo (IDP) n’intambara. Kubera iyi mpamvu,wiyemeje ko uzarwanya byimazeyo uyu mutwe wa M23 ukomeje kwigarurira uduce twinshi muri…

Share this:
Posted on

Abasore: Dore ibimenyetso byakwereka ko umukobwa ukunda azavamo umugore mwiza

Share this:

Ubusanzwe bimwe mu birori umuntu yishimira cyane iyo ari ku isi ni umunsi w’ubukwe bwe. Ibi akenshi binaterwa n’uko ukora ubukwe aba yaragize uruhare mu kubitegura no guhitamo uwo bazabana akaramata. Iyo rero witegura ubukwe, ntuba wifuza ko ibyishimo bizasigara…

Share this:

Rusizi: Umusore yishyize mu mugozi arapfa nyuma y’uko umukobwa yakundaga amuteye indobo

Share this:

Umusore witwa Ishimwe Ramadhan wo mu Murenge wa Bugarama mu Karere ka Rusizi mu Ntara y’Iburengerazuba, wari ufite imyaka 24 y’amavuko, birakekwa ko yiyahuye yimanitse mu mugozi, nyuma y’uko umukobwa amwanze. Umurambo w’uwo musore wabonetse amanitse mu mugozi yapfuye, nk’uko…

Share this:
Posted on

Dore ibintu byoroheje abantu batazi bisenya urukundo mu kanya nk’ako guhumbya

Share this:

Imyitwarire umuntu agira mu rukundo niyo iruha kuramba cyangwa gusenyuka. Igihe ukeneye kugumana n’umukunzi wawe, hari uburyo uba ugomba kwitwara bya buri munsi. Niba ufite imwe muri iyi myitwarire, umenye ko ufite umwanzi uzirana n’urukundo ndetse uzarurimbura buke buke kugeza…

Share this:
Posted on

Dore ibintu byoroshye wakora ukaba wirinze indwara z’umutima na Stroke

Share this:

Kwirinda stroke, umutima, umuvuduko ukabije wamaraso, ntibisaba ko utegereza kujya kwa muganga ngo bakwandikire imiti, ubushakashatsi bugaragaza ko kurya indyo zikurikira bigabanya ndetse cyane ibyago byinshi byo kuba wadwara izi ndwara. Irire ibiribwa biteguyemo ibikomoka ku ibi bikurikira. -ibihwagari-soya bean-ubunyobwa-ibinyampeke-sezame…

Share this:
Posted on

Sobanukirwa Kanseri(Canser) ya prostate(Kanseri y’amabya), ibimenyetso byayo, uko wayivura n’uko wayirinda

Share this:

Kanseri ya porositate benshi bakunze kwita Kanseri y’amabya ni imwe muri kanseri zikomeye zihitana abagabo nyuma ya kanseri y’uruhu , ifata abagabo b’imyaka yose ariko igakunda kugaragara ku bagabo bakuze barengeje imyaka 65. Abagabo benshi bafite iyi kanseri yo bativuje…

Share this:
Posted on

Bivuze iki iyo imitsi yawe itangiye kumera gutya?

Share this:

Kimwe mu bintu bitera ubwoba abantu ni ukubona iminsi cyane iyo ku maboko itangiye gusa naho ibyimba ariko ifite ibara rijya gusa umukara. Muri iyi nkuru twifashishije inyandiko zizewe mukubategurira amakuru yizewe avuga kucyo bishatse kuvuga Niba bikugaragayeho. Inzobere zivuga…

Share this:
Posted on

Dore uko wafasha umwana wawe gucika ku ngeso yo kunyara ku buriri

Share this:

Hari amakosa ababyeyi bakora bigatuma umwana wabo ufite ikibazo cyo kunyara ku buriri atinda kubireke ndetse ahanini ayo makosa ababyeyi bayakora baziko bari gukemura ikibazo nyamara batazi ko aribwo bari kucyongera. Ku rubuga rwa Dr. Sagie, umuganga uzobereye mu gutanga…

Share this:
Posted on

Niba ufite kimwe muri ibi ukwiye kujya wisuzumisha Diabete nibura rimwe mu mwaka

Share this:

Indwara y’igisukari n’indwara benshi dutajya dusobanukirwa kimwe kuko akenshi usanga ko ari n’ind yica umuntu mu gihe kirekire cyane hafi imyaka nka 30 ishobora gushira utabizi ko yagufashe mugihe cyose iba itaragaraza ibimenyetso, Abaganga ntibahwema guhora bashishikariza abantu kujya bisuzumisha…

Share this:
Posted on