Ombolenga Fitina yasinyiye Rayon Sports
Ikipe Rayon Sports yatangaje ko yasinyishije, myugariro Fitina Ombolenga uherutse gutandukana na APR FC, amasezerano y’imyaka ibiri. Ombolenga byigeze bitangazwa ko yasinyiye iyi kipe ariko biza gutangazwa ko batararangizanya. Nyuma yo gusinya yagize Ari:”Si njye uzabona ngeze imbere ya biriya…
Eddy Kenzo Eddy Kenzo yasabye anakwa umukunzi we usanzwe ari Minisitiri
Edrisah Kenzo Musuuza wamamaye mu muziki nka Eddy Kenzo yasabye anakwa umukunzi we, umunyabanga wa Leta muri Minisiteri y’ingufu n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro muri Uganda, Phiona Nyamutooro. Uyu muhango wabaye ku wa Gatandatu, tariki 29 Kamena 2024 i Buziga aho umuryango…
Ubwongereza bwatsinze Slovakia bigoranye cyane
Ikipe y’igihugu y’Ubwongereza yatsinze bigoranye Slovakia ibitego 2-1,ikatisha itike ya 1/4 cy’irangiza mu mikino y’igikombe cy’u Burayi. Nyuma y’iminota 95 y’umukino,nibwo Ubwongereza bwagaruye ubuzima bwishyura Slovakia ndetse bubona itike mu minota 30 y’inyongera. Mu ikipe umutoza w’Ubwongereza yabanje mu kibuga,Kobbie…
Imyidagaduro Platini P yavuze kuri gatanya we n’umugore we bagiye guhabwa
Umuhanzi Nemeye Platini wamenyekanye nka Platini P cyangwa Baba yanyomoje amakuru avuga ko yitabaje Urukiko rw’Ibanze rwa Nyamata, mu gusaba gatanya n’umugore we, Ingabire Olivia bari barasezeranye mu 2021. Ni amakuru akomeje gucicikana ku mbuga nkoranyambaga no mu bitangazamakuru bitandukanye…
Umunyarwanda Hakim Sahabo arifuzwa n’amakipe akomeye yo mu Bwongereza
Umukinnyi w’umunyarwanda ukinira ikipe ya Standard de Liège mu cyiciro cya mbere mu Bubiligi, Hakim Sahabo arifuzwa n’amakipe akomeye i Burayi harimo na Leicester City yo mu Bwongereza. Uyu mukinnyi w’imyaka 19 w’ikipe y’igihugu Amavubi wagaragaje impano idasanzwe mu mwaka…
M23 yafashe Kanyabayonga n’utundi duce tuyegereye
Nyuma y’intambara zari zimaze iminsi itari mike, Umujyi ukomeye wa Kanyabayonga waraye wigaruriwe n’inyeshamba za M23, umutwe uhanganye n’igisirikare cya leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DR Congo). Ibinyamakuru byo muri iki gihugu byanditse ko uyu mujyi wafashwe ejo…
APR FC yasinyishije umunya-Ghana ukina hagati
APR FC yasinyishije Richmond Lamptey, umunya-Ghana ukina hagati mu kibuga, avuye muri Asante Kotoko S.C y’iwabo. Yasinye amasezerano y’imyaka ibiri. Uyu mukinnyi w’imyaka 27 y’amavuko asanzwe akina hagati mu kibuga ariko afasha ba rutahizamu. APR FC yamusinyishije amasezerano y’imyaka ibiri…
Trump yarushije cyane Perezida Biden mu kiganiro mpaka kibanziriza amatora
Nyuma y’intambara zari zimaze iminsi itari mike,Umujyi ukomeye wa Kanyabayonga waraye wigaruriwe n’inyeshamba za M23, umutwe uhanganye n’igisirikare cya leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DR Congo). Ibinyamakuru byo muri iki gihugu byanditse ko uyu mujyi wafashwe ejo ku…
Gen. Bunyoni wari mu bujurire yakatiwe gufungwa burundu anacibwa ihazabu ya miliyari zisaga 23 z’amarundi
General Alain Guillaume Bunyoni wahoze ari Minisitiri w’intebe w’u Burundi, yatsinzwe mu rubanza bujurire,akatirwa gufungwa ubuzima bwose. Urukiko rukuru rw’ubujurire rwemeje igihano uyu wahoze ari Minisitiri w’intebe w’Uburundi yari yahawe bwa mbere cyo gufungwa ubuzima bwose. Urubanza rwari rumaze ukwezi…
Abaduteye ‘tuzabakurikirana iwabo’ – Minisitiri w’intebe wa RDC
Minisitiri w’intebe wa DR Congo ubwo yari mu ruzinduko rwe rwa mbere mu ntara ya Kivu ya Ruguru iri mu ntambara, yatangaje ko abateye igihugu cye – atavuze abo ari bo -bazabakurikirana kugera iwabo. Abategetsi ba Congo bashinja u Rwanda…