Month: June 2024

Hamenyekanye umubare w’abaguye mu mpanuka yahitanye abari bagiye kwamamaza Kagame i Huye

Share this:

Abantu bagera kuri bane bapfuye abandi barakomereka mu mpanuka y’imodoka yagonze abantu benshi bari mu muhanda bajya kwamamaza umukandida Paul Kagame wa FPR-Inkotanyi,mu karere ka Huye mu majyepfo y’u Rwanda. Mu ijambo rye muri ako karere, Paul Kagame yihanganishije imiryango…

Share this:
Posted on

Urarushywa n’ubusa niba uwo ukunda umubonaho ibi bimenyetso kuko ntagukunda na gato

Share this:

Ni kenshi usanga abantu mu rukundo bahura na byinshi rimwe na rimwe ugasanga uwo ukunda uziko nawe agukunda mbese mukundana, ariko ugasanga waribeshye ahubwo we mukundana gusa kugira ngo agukoreshe mu byo we ashaka. Hano hari ibimenyetso bizakwereka ko ari…

Share this:
Posted on

Dore ibintu 6 byagufasha gusukura umwijima wawe no gutuma ukora neza

Share this:

Umwijima ni urugingo rw’ingenzi mu mubiri. Akamaro kawo ka mbere ni ugusukura amaraso aba avuye mu rwungano ngogozi yerekeza ahantandukanye mu mubiri. Umwijima ufasha kandi mu gusohora ibinyabutabire n’ibyasigaye ku miti tuba twanyweye, bityo umubiri ntubonekemo uburozi. Iyo umwijima udakora…

Share this:
Posted on

Umutoza Julien Mette yatandukanye na Rayon Sports ahishura byinshi bibaje yabonye muri iyi kipe atigeze abona ahandi

Share this:

Umutoza ukomoka mu gihugu cy’u Bufaransa, Julien Mette wamaze gutandukana na Rayon Sports, yatangaje ko yajyaga akora akazi ko gutoza akagerekaho n’ak’ubuyobozi bw’ikipe asobanurira abakinnyi impamvu batahembwe. Yabitangaje ubwo yaganiraga na B&B Kigali FM kuri uyu wa Gatatu taliki ya…

Share this:
Posted on

Ni iyihe nyungu yo gufata ikiruhuko mu rukundo? Ni ryari wagifata? Wabyitwaramo ute? Sobanukirwa

Share this:

Urukundo ni nka marathon cyangwa irindi siganwa ryose ryo kwiruka n’amaguru: Iyo wiruka ukumva umwuka ukubanye muke urushye, kenshi bigusaba kugenda gake ugafata akaruhuko kugira ngo ‘utare imyuka’ noneho wirukankane ingufu nshya. Muri iyi nkuru turagutungira urumuri ku mpamvu biba…

Share this:
Posted on

Igisobanuro n’inkomoko y’izina Frank ndetse n’uko abaryitwa bitwara

Share this:

Nyuma yo kubona ko hari amazina amwe n’amwe abanyarwanda baba badasobanukiwe, InyaRwanda yafashe icyemezo cyo kujya ibagezaho ubusobanuro bw’amwe mu mazina aba agezweho muri icyo gihe. Frank, Franky, Frankie, Frankly, Franklin ni amazina akomoka ku izina Francis (François) bisobanura umunyakuri….

Share this:
Posted on

Abasore:Ntuzabure ubwenge! Dore ibimenyetso 7 byakwereka ko umukobwa agushaka cyane

Share this:

Kenshi cyane abagore n’abakobwa batinya kuvuga ibyiyumviro byabo ku basore cyangwa abagabo bakunda, rimwe na rimwe bakanatekereza ko nibabivuga abo basore barahita babanga, kuko benshi mu basore ntibakunda abakobwa cya abagore babiteretera. Rero hari ibintu bimwe na bimwe abagore cya…

Share this:
Posted on

Uwapfiriye mu muvundo w’abaje mu kwiyamamaza kwa Perezida Kagame yashyinguwe n’abarimo abasenateri

Share this:

Ku irimbi rusange rya Rugerero, Senateri Dr Sindikubwabo Jean Nepomuscene na Senateri Mureshyankwano bifatanyije n’umuryango wa Ahishakiye Mutoni n’Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu, mu muhango wo kumusezeraho no kumushyingura, nyuma y’uko arangije urugendo rwe hano ku isi. Umuhango wo kumushyingura witabiriwe…

Share this:
Posted on

APR FC yaguze umukinnyi ukomeye wo muri Ghana

Share this:

Ikipe ya APR FC biravugwa ko yamaze gusinyisha umunya-Ghana Richmond Lamptey wakiniraga Asante Kotoko y’iwabo amasezerano y’imyaka ibiri. Uyu mukinnyi w’imyaka 27 y’amavuko asanzwe akina hagati mu kibuga ariko afasha ba rutahizamu. APR FC ngo yaba yamusinyishije amasezerano y’imyaka ibiri…

Share this:
Posted on

Dore ibice 4 umukobwa abayifuza ko ukoraho igihe murikumwe ariko akaba atabikubwira

Share this:

Akenshi iyo umuhungu n’umukobwa bari mu rukundo cyangwa bari guteretana, bahana umwanya cyane ku buryo ushobora nko gusanga mu cyumweru baba bafite nka masaha 80 yo kuganira 30 muri ayo masaha ugasanga akenshi baba barikumwe imbona nkubone. Mu gihe umukobwa…

Share this:
Posted on