Imbangukiragurabara ‘Ambulance’ y’Ibitaro bya Kaduha yari irimo abantu 5 yakoze impanuka ikomeye irenga umuhanda
Kuri iki cyumweru tariki 23 Kamena 2024, Nibwo mu Karere ka Nyamagabe, habereye impanuka y’imbangukiragutabara y’Ibitaro bya Kaduha yari ikuye umurwayi ku Kigo Nderabuzima cya Kibumbwe, umushoferi wayo ahita ahasiga ubuzima abandi 4 barakomereka. Umuvugizi wa Polisi ishami rishinzwe umutekano…
Kagame yagaragaje ko nta gitangaje kiri mu gutsinda amatora 100% anasobanura icyo kwifatanya n’andi mashyaka bisobanuye
Perezida Kagame yibukije abanenga Demokarasi y’u Rwanda y’uko atorwa hafi 100% ko ibyo abanyarwanda bakora aribo biba bireba ndetse ko kuba hari bamwe batorwa 15% aribo bari inyuma. Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 24 Kamena 2024,uyu mukandida yiyamamarije mu…
Kagame yasubije abanenze amashyaka yihuje na RPF Inkotanyi mu matora y’umukuru w’igihugu
Umukandida w’Umuryango FPR Inkotanyi ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu, Paul Kagame, yashimiye imitwe ya politiki yahisemo gufatanya n’uyu Muryango, ashimangira ko bituma hagerwa kuri byinshi. Ubwo yiyamamarizaga mu Ngororero,umukandida wa FPR INKOTANYI,Paul Kagame yavuze ko iyo abantu bafatanyije bagera kuri byinshi…
Uko Abanyarwanda bangana kose bazakwirwa mu Rwanda, gusa hari igikenewe gukorwa – Perezida Kagame
Paul Kagame yavuze ko u Rwanda atari ruto ku Banyarwanda,nkuko byavugwaga muri politiki ya kera, aho Abanyarwanda bari barahungiye mu mahanga bangiwe gutaha kugeza batashye ku ngufu. Ubwo yiyamamarizaga i Muhanga,Perezida Kagame yavuze ko Politiki y’ubutegetsi bwateguye bukanakora Jenoside yavugaga…
Euro2024: Croatie yasezerewe ku munota wa nyuma n’Ubutariyani
Ikipe ya Croatia yatsinzwe igitego ku munota wa nyuma w’inyongera n’Ubutaliyani, isezererwa mu marira mu gikombe cy’uburayi cya 2024 kiri kubera mu Budage. Croatia yamaze iminota 90 kongeraho irindwi mu munani bari bongereyeho inanirwa kurinda igitego yari yatsinze baracyishyura. Luka…
Ibyo wamenya ku modoka y’agatangaza Perezida Kagame arimo gukoresha mu kwiyamamaza – AMAFOTO
Nyakubahwa Perezida Kagame ari kujya kwiyamamaza hirya no hino yitwaye mu modoka nziza cyane kandi yihariye yitwa Armored Urban Land ROVER DEFENDER 110 – ya 2023/2024. Iyi modoka aguze vuba, iri mu zikunzwe n’abakomeye kubera ubushobozi ifite bwo kurira imisozi…
Shakib asanga mu bagabo bose biruka kuri Zari nta wamugira umugore ndetse avuga ko ari we wenyine umukwiriye
Zari The Boss Lady uheruka kubwira Shakib ko niyibeshya akamuca inyuma na we azahita amushakiraho undi mugabo dore ko amategeko y’Afurika y’Epfo abyemera, yibukijwe ko abagabo birirwana nta kindi babamwifuzaho kitari ukumusambanya. Mu kiganiro bagiranye, Shakib mu buryo bweruye yavuze…
Ese bizagenda gute Rayon Sports nibura miliyoni 40RWF yaciwe na Muhire Kevin? Icyo Kevin abivugaho
Kapiteni wa Rayon Sports,Muhire Kevin, yavuze ko miliyoni 40 Frw yasabye Rayon Sports zitabura kuko ifite abafana benshi ndetse ko hakiri igihe kinini ngo shampiyona itangire bityo azashakwa gake gake. Mu kiganiro na Rwandamagazine, Muhire Kevin yavuze ko nubwo nta…
Abasaga 1000 bapfiriye mu rugendo rutagatifu i mecca
Amakuru yatanzwe na bamwe mu bayobozi mu Gihugu cya Misiri avuga ko abantu 1300 bapfiriye mu rugendo rutagatifu i Mecca biganjemo abagiyeyo batiyandikishije bityo babura uburyo bwo kwikinga ubushyuhe. Abo bayobozi babiri bavuga ko Abanyamisiri bagera kuri 630 bapfiriye mu…
Wabwirwa n’iki ko urwaye indwara y’umwijima? Sobanukirwa
Imikorere mibi y’umwijima igaragarira mu buryo bunyuranye. Iyo mikorere mibi ikaba ishingiye ku bwumvikane buke buboneka hagati y’umwijima hamwe n’Impindura. Ibi bishobora gutera izi ndwara zikurikira: a) Umwijima unaniwe inshingano zawo. Ibi bigusaba kubanza kumenya umurimo w’umwijima mu mpagarike y’umuntu….