Month: June 2024

Imbangukiragurabara ‘Ambulance’ y’Ibitaro bya Kaduha yari irimo abantu 5 yakoze impanuka ikomeye irenga umuhanda

Share this:

Kuri iki cyumweru tariki 23 Kamena 2024, Nibwo mu Karere ka Nyamagabe, habereye impanuka y’imbangukiragutabara y’Ibitaro bya Kaduha yari ikuye umurwayi ku Kigo Nderabuzima cya Kibumbwe, umushoferi wayo ahita ahasiga ubuzima abandi 4 barakomereka. Umuvugizi wa Polisi ishami rishinzwe umutekano…

Share this:
Posted on

Kagame yagaragaje ko nta gitangaje kiri mu gutsinda amatora 100% anasobanura icyo kwifatanya n’andi mashyaka bisobanuye

Share this:

Perezida Kagame yibukije abanenga Demokarasi y’u Rwanda y’uko atorwa hafi 100% ko ibyo abanyarwanda bakora aribo biba bireba ndetse ko kuba hari bamwe batorwa 15% aribo bari inyuma. Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 24 Kamena 2024,uyu mukandida yiyamamarije mu…

Share this:
Posted on

Kagame yasubije abanenze amashyaka yihuje na RPF Inkotanyi mu matora y’umukuru w’igihugu

Share this:

Umukandida w’Umuryango FPR Inkotanyi ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu, Paul Kagame, yashimiye imitwe ya politiki yahisemo gufatanya n’uyu Muryango, ashimangira ko bituma hagerwa kuri byinshi. Ubwo yiyamamarizaga mu Ngororero,umukandida wa FPR INKOTANYI,Paul Kagame yavuze ko iyo abantu bafatanyije bagera kuri byinshi…

Share this:
Posted on

Uko Abanyarwanda bangana kose bazakwirwa mu Rwanda, gusa hari igikenewe gukorwa – Perezida Kagame

Share this:

Paul Kagame yavuze ko u Rwanda atari ruto ku Banyarwanda,nkuko byavugwaga muri politiki ya kera, aho Abanyarwanda bari barahungiye mu mahanga bangiwe gutaha kugeza batashye ku ngufu. Ubwo yiyamamarizaga i Muhanga,Perezida Kagame yavuze ko Politiki y’ubutegetsi bwateguye bukanakora Jenoside yavugaga…

Share this:
Posted on

Euro2024: Croatie yasezerewe ku munota wa nyuma n’Ubutariyani

Share this:

Ikipe ya Croatia yatsinzwe igitego ku munota wa nyuma w’inyongera n’Ubutaliyani, isezererwa mu marira mu gikombe cy’uburayi cya 2024 kiri kubera mu Budage. Croatia yamaze iminota 90 kongeraho irindwi mu munani bari bongereyeho inanirwa kurinda igitego yari yatsinze baracyishyura. Luka…

Share this:
Posted on

Ibyo wamenya ku modoka y’agatangaza Perezida Kagame arimo gukoresha mu kwiyamamaza – AMAFOTO

Share this:

Nyakubahwa Perezida Kagame ari kujya kwiyamamaza hirya no hino yitwaye mu modoka nziza cyane kandi yihariye yitwa Armored Urban Land ROVER DEFENDER 110 – ya 2023/2024. Iyi modoka aguze vuba, iri mu zikunzwe n’abakomeye kubera ubushobozi ifite bwo kurira imisozi…

Share this:
Posted on

Shakib asanga mu bagabo bose biruka kuri Zari nta wamugira umugore ndetse avuga ko ari we wenyine umukwiriye

Share this:

Zari The Boss Lady uheruka kubwira Shakib ko niyibeshya akamuca inyuma na we azahita amushakiraho undi mugabo dore ko amategeko y’Afurika y’Epfo abyemera, yibukijwe ko abagabo birirwana nta kindi babamwifuzaho kitari ukumusambanya. Mu kiganiro bagiranye, Shakib mu buryo bweruye yavuze…

Share this:
Posted on

Ese bizagenda gute Rayon Sports nibura miliyoni 40RWF yaciwe na Muhire Kevin? Icyo Kevin abivugaho

Share this:

Kapiteni wa Rayon Sports,Muhire Kevin, yavuze ko miliyoni 40 Frw yasabye Rayon Sports zitabura kuko ifite abafana benshi ndetse ko hakiri igihe kinini ngo shampiyona itangire bityo azashakwa gake gake. Mu kiganiro na Rwandamagazine, Muhire Kevin yavuze ko nubwo nta…

Share this:
Posted on

Abasaga 1000 bapfiriye mu rugendo rutagatifu i mecca

Share this:

Amakuru yatanzwe na bamwe mu bayobozi mu Gihugu cya Misiri avuga ko abantu 1300 bapfiriye mu rugendo rutagatifu i Mecca biganjemo abagiyeyo batiyandikishije bityo babura uburyo bwo kwikinga ubushyuhe. Abo bayobozi babiri bavuga ko Abanyamisiri bagera kuri 630 bapfiriye mu…

Share this:
Posted on

Wabwirwa n’iki ko urwaye indwara y’umwijima? Sobanukirwa

Share this:

Imikorere mibi y’umwijima igaragarira mu buryo bunyuranye. Iyo mikorere mibi ikaba ishingiye ku bwumvikane buke buboneka hagati y’umwijima hamwe n’Impindura. Ibi bishobora gutera izi ndwara zikurikira: a) Umwijima unaniwe inshingano zawo. Ibi bigusaba kubanza kumenya umurimo w’umwijima mu mpagarike y’umuntu….

Share this:
Posted on