Zari yatunguranye avuga ko azashaka umugabo wa 2 wiyongera kuri Shakib bakabana bose icyarimwe
Zari Hassan yumvikanye abwira Shakib Lutaaya beheruka gusezerana ariko umwe akaba aba muri Uganda undi muri Afurika y’Epfo ku mpamvu z’akazi, ko yemerewe gushaka umugabo wa Kabiri akabagira bombi. Zari yumvikanya abaza umugabo we niba yaba afite abagore bandi akibonana…
Nyagatare: Umusore utajya amara kabiri muri gereza yazengereje umudugudu wose awiba, akanabasambanyiriza abana adasize naba Nyina
Bamwe mu baturage batuye mu Karere ka Nyagatare, mu Murenge wa Musheri, Akagari ka Rugarama ya I, mu Mudugudu wa Murambi, bahangayikishijwe n’umusore witwa Duse ukomeje kubiba no kubasambanyiriza abana. Abaganiriye na BTN TV dukesha iyi nkuru, bavuze ko uyu…
Guverineri akurikiranyweho icyaha cyo kwiha akabyizi ku munyeshuri wiga muri Kaminuza amufashe ku ngufu
Amakuru aturuka mu gihugu cya Tanzania aravuga ko Guverineri Dr Yahya Nawanda w’imyaka 46 y’amavuko, wayoboraga Intara ya Samiyu yatawe muri yombi na Polisi akurikiranyweho icyaha cyo gufata ku ngufu umunyeshuri wiga muri Kaminuza yo mu Mujyi wa Mwanza. Iyi…
Ruhango: Umunyeshuri yitabye Imana nyuma yo kwimwa uruhushya rwo kujya kwivuza
Mu mpera z’icyumweru gishize mu karere ka Ruhango mu murenge wa Bweramana mu ishuri rya Gitisi TSS humvikanye urupfu rutunguranye rw’umunyeshuri w’umukobwa wapfuye nyuma yo kwimwa uruhushya n’ubuyobozi bw’ishuri. Ibereho Hosiana w’imyaka 18 niwe witabye Imana mu mpera z’icyumweru…
Umutoza mushya wa APR FC yamaze kumenyekana
Umunya Serbia, Darko Novic yemejwe nk’umutoza mushya wa APR FC mu myaka itatu iri imbere. Novic yari umutoza wa US Monastir ubwo yasezereraga APR FC muri CAF Champions League ya 2022. Ibinyujije kuri X,APR FC yagize iti:”APR FC Inejejwe no…
Uretse na Kongo U Rwanda rwiteguye kurwana n’uwo ari we wese uzarushozaho intambara – Perezida Kagame
Perezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda rudatinya ibihano bivugwa ko rushobora guhabwa n’ibihugu byo mu burengerazuba bw’isi birubeshyera gutera inkunga umutwe wa M23 wayogoje Uburasirazuba bwa Kongo. Ibi yabigarutseho mu kiganiro yagiranye na France24, kigasohoka kuri uyu wa Kane….
Putin avuga ko ashobora gukora ikintu kidasanzwe mu gihe Koreya y’epfo yaha intwaro Ukraine
Vladimir Putin yaburiye Korea y’Epfo ko yaba ikoze “ikosa rikomeye” iramutse ihaye intwaro Ukraine mu ntambara irimo n’Uburusiya. Avuze ibi nyuma y’uko Seoul ivuze ko irimo kureba niba ibyo bishoboka, mu gusubiza ku masezerano mashya ya Korea ya Ruguru n’Uburusiya…
APR FC yatangaje abakinnyi bashya yasinyishije
Ikipe ya APR FC yerekanye abakinnyi bane b’Abanyarwanda yasinyishije, barimo Tuyisenge Arsene yakuye muri Rayon Sports, Mugiraneza Frodouard wahoze muri Kiyovu Sports, Dushimimana Olivier wavuye muri Bugesera FC na Byiringiro Gilbert wakiniraga Marines FC. TUYISENGE ARSENE usanzwe akina aca ku…
Inkomoko n’igisobanuro cy’izina Ariel ndetse n’uko abaryitwa bitwara
Nyuma yo kubona ko hari amazina amwe n’amwe abanyarwanda baba badasobanukiwe, iwacumarket igiye kujya ibagezaho ubusobanuro bw’amwe mu mazina aba agezweho muri icyo gihe. Izina Ariel rifite inkomoko mu rurimi rw’Igiheburayo risobanura ‘Intare y’Imana.’ Bigendanye n’inkomoko yaryo, izina Ariel rihabwa…
Safi Madiba yamaze kuba umunya-Canada nyuma y’urugendo rw’imyaka isaga 4
Umuhanzi w’umunyarwanda, Niyibikora Safi wamenye nka Safi Madiba yatangaje ko ari mu byishimo bikomeye nyuma y’uko ahawe ubwenegihugu bwa Canada. Yifashishije konti ye ya Instagram, yasohoye urupapuro rugaragaza ko yabaye umwenegihugu wa Canada, guhera kuri uyu wa Mbere tariki 17…