Dore ibyo ugomba kwitondera igihe utera akabariro ukababara. Iki ni ikimenyetso kikuburira
Niba ukunze kubabara mu gihe cyangwa nyuma yo gukora imibona1no mpuzabitsi1na, umubiri wawe uba uri kugerageza kukuburira ko hari ikitagenda neza, ntugomba kubyirengagiza, ahubwo ugomba kwihutira kugana kwa muganga, ukamenya neza ikibitera. Akenshi kubabara nyuma yo gukora imibona1no mpuzabitsi1na, biterwa…
Harimo n’urupfu: Dore ingaruka zikomeye umuntu wica ikinyenzi agikandagiye cyangwa agikubise urukweto ashobora guhura nazo abantu batazi
Nta muntu n’umwe wishimira kubona ibinyenzi mu nzu ye, Iyi niyo mpamvu bamwe muri twe iyo babibonye babikandagira mu buryo bwo kubyica nyamara ubushakashatsi bugaragaza ko ibi byashyira ubuzima bwacu mu kaga. Nubona ikinyenzi aho ari ho hose kugikandagira hejuru…
Agakono k’abapapa gakomeje kurikoroza mu karere ka Burera. Abagabo n’abagore ntibibivugaho rumwe gusa abana nib birengera ingaruka
Mu Karere ka Burera mu Murenge wa Cyanika ,bamwe mu babyeyi baratabaza aho bavuga ko agakono k’ abapapa kagiye gutuma abana babo bajya mu mutuku. Ibi aba babyeyi babivuze nyuma y’ uko abagabo babo bishyiriyeho gahunda idahwitse bise agakono k’abapapa…
Impanuka Kylian Mbappe yaraye agiriye mu kibuga yatumwe azagaragara mu isura nshya mu kibuga
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Bufaransa, FFF ryatangaje ko nyuma y’isuzuma ry’ibanze byagaragaye ko Kapiteni Kylian Mbappé yavunitse izuru mu mukino wa mbere w’Abafaransa bakinagamo na Autriche mu ijoro ryakeye, icyakora ntabwo azabagwa. Mu ijoro ryo kuri uyu wa Mbere ubwo…
Umufana wa Rayon Sports yatabaje Perezida Kagame ngo abakize agahinda baterwa na Jean Fidèle uyiyobora
Umukunzi wa Rayon Sports yatuye Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame agahinda abafana b’iyi kipe baterwa na Perezida Uwayezu Jean Fidèle uyiyobora, maze asaba Umukuru w’Igihugu ko yakabakiza. Ni ibyo uwitwa “KJD TV Rwanda” ku rubuga rwa YouTube yanyujije…
Umugore yarashe umugabo wari usanzwe ari umusirikare ahita apfa
Umusirikare mu gisirikare cya Repubulka Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) yishwe arashwe n’umugore we nyuma yo gushyamirana bagatongana hafi ku rwana. Ibi byabereye mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri teritwari ya Kalehe mu ijoro rishyira ku Cyumweru taliki 16 Kamena…
Umugabo witwa Nzaramba David yaguwe gitumo yiha akabyizi ku mugore w’abandi muri Butike benshi batungurwa n’ibyo uyu mugore wari wizihiwe yahise akorera ubuyobozi
Mu karere ka Musanze, umurenge wa Muko mu kagari ka Kabudundu, umugabo yafashwe asambanyiriza umugore w’abandi muri butiki. Ahagana muma saa cyenda z’ijorozo ryo kuwa 13 Mata 2022 nibwo Uwitwa Nyirahabimana Leonille, yahurujwe abwirwa ko umugabo we Nzaramba David aryamanye…
Kimisagara: Umugabo yihaye akabyizi ku mwana yibyariye arangije akora ibyatumye benshi bamwita umukuru w’Ibigwari
Umugabo witwa Baranyeretse Theoneste uzwi ku izina rya Kavamahanga wo mu murenge wa Kimisagara, Akarere ka Nyarugenge, yasanzwe mu mugozi yapfuye, bikekwa ko yiyahuye ni nyuma y’uko umwana we yibyariye avuye guhuruza abaturage abamenyesha ko se amaze kumusambanya noneho yagaruka…
Musanze: Umusore wari wagiye gusenga arashinjwa gufata ku ngufu umwana w’umukobwa amusanze mu bwiherero
Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru tariki 16 Kamena 2024, RIB yashyikirijwe umugabo w’imyaka 36 wo mu Kagari ka Mpenge Umurenge wa Muhoza, mu Karere ka Musanze, akekwaho gusambanyiriza umwana w’umukobwa w’imyaka 15 mu bwiherero bwa Paruwasi Katederali ya Ruhengeri….
Dore impamvu zishobora gutera abantu kumatana igihe batera akabariro n’icyo bakora igihe bibaye
Rimwe na rimwe hakunze kumvikana inkuru ko hari abantu bamatanye, igitsina cy’umugabo cyafatiwe mu cy’umugore mu gihe bari mubgikorwa cyo gutera akabariro. Mu basoma iyi inkuru birashoboka ko hari abo byabayeho, bakaba batanga ubuhamya. Hari abafite inshuti byabayeho. Hari n’abandi…