Impamvu Perezida Kagame yasheshe Inteko Ishinga Amategeko Umutwe w’Abadepite
Mu gikorwa cyo kwakira indahiro z’Abayobozi bashya baheruka guhabwa inshingano muri Guverinoma no mu zindi nzego nkuru z’igihugu Perezida Paul Kagame yasheshe Inteko Ishinga Amategeko umutwe w’Abadepite mu gihe habura igihe gito Abanyarwanda bakongera gutora Abadepite. Kuri uyu wa 12…
Umugabo yishe umugore we wamusabaga kujya mu banyamasengesho kubera ibyo yabonye mu nzu yabo
Umugabo witwa Solomon Kapanga w’imyaka 29, akurikiranyweho icyaha cyo kwica umugore w’imyaka 22 nyuma y’uko amukubise ishoka mu mutwe bapfa ko yamusabaga ngo bajyane kureba umunyamasengesho, ni nyuma y’uko bari bamaze kubyemeranya umugabo akaza kubyanga umugore akamuhatiriza. Ibinyamakuru byo muri…
Hamenyekanye ibyo Amato y’intambara y’u Burusiya yageze mu marembo ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika agiye gukora
Kuri uyu wa Gatatu ushize amato y’intambara y’u Burusiya yageze mu gice cy’inyanja kigenzurwa na Cuba mbere y’imyitozo ihuriyemo ingabo z’ibihugu byombi iteganyijwe muri Karayibe. Iyi myitozo bamwe barayibona nk’uburyo bw’u Burusiya bwo kwerekana ingufu zabwo mu gihe hakomeje…
Hatangiye gukoreshwa Uburyo bushya bwo kugendana amafaranga mu mubiri wa muntu
Ubu iyo uzengurutse mu masoko hirya no hino kw’Isi kuva muri Afurika, Aziya, Amerika n’u Burayi usanga abishyura ibicurunzwa na Serivise bahawe, akenshi bakoresha amakarita y’ama banki babitsemo amafaranga yabo. gusa ubu muri Leta zunze ubumwe z’Amerika hari gukoresha ikiganza…
Hamenyekanye akayabo Rayon Sports yahaye Ombolenga na Muhadjrii kugirango bayisinyire
Kuri uyu wa Kane,tariki ya 13 Kamena nibwo Rayon Sports yarangije kumvikana n’umukinnyi w’Ikipe y’Igihugu ’Amavubi’, Ombolenga Fitina ayisinyira amasezerano y’imyaka ibiri iri imbere. Ombolenga yishyuwe miliyoni 25 FRW ndetse yemererwa umushahara wa miliyoni buri kwezi. Uyu mukinnyi w’umuhanga kuri…
Umupolisi ukomeye yarasiye umucamanza mu rukiko nawe ahita araswa
Umupolisi wo ku rwego rwo hejuru wo muri Kenya yishwe arashwe nyuma yuko arashe umucamanza mu rukiko mu murwa mukuru Nairobi. Uwo mupolisi w’ipeti rya ’Chief Inspector of Police’ (CIP) yarashe umucamanza mukuru Monica Kivuti wo mu rukiko rwa Makadara,…
Amavubi yaruhutse gucuragizwa kubera sitade
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Afurika ryemeje ko Amahoro Stadium yujuje ibyangombwa bikenerwa mu kwakira imikino mpuzamahanga ya CAF/FIFA. Mu butumwa bageneye u Rwanda biciye muri Minisiteri ya Siporo na Ferwafa, abayobozi bo muri CAF bavuze ko basanze Stade Amahoro yujuje…
Perezida Kagame yakoze impinduka nyinshi muri Guverinoma, Amb. Nduhungirehe agirwa Minisitiri
Perezida Kagame yakoze impinduka nyinshi muri Guverinoma kuri uyu wa Gatatu tariki 12 Kamena mu 2024 aho Amb. Olivier Nduhungirehe yagizwe Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, asimbura Dr Vincent Biruta wari umaze igihe muri uyu mwanya. Nkuko bikubiye mu itangazo ryashyizwe hanze…
Byinshi kuri kanseri y’igifu, ibimenyetso byayo n’uko wayirinda
Abantu benshi bagenda uburwayi bwa kanseri y’igifu batabizi , ibi bigaterwa nuko iyi kanseri idapfa kugaragaza ibimenyetso mu gihe ikigufata . akenshi ibimenyetso byayo bigaragara yaramaze ku kurenga . Kanseri y’igifu Kandi ni imwe muri kanseri zigorana kuzivura ,Ishami ry,umuryango…
Robinho wakiniye Real Madrid na Man City ari kwiga gukanika radio na TV muri gerezaword
Uwahoze ari umukinnyi ukomeye,Robinho ari kwiga umwuga mushya wo gukanika TV na radio muri gereza nyuma yo gufungwa ashinjwa gusambanya ku ngufu umukobwa mu Butaliyani. Uyu wahoze akinira Real Madrid,Man City na AC Milan,yakatiwe igifungo cy’imyaka icyenda muri gereza ya…