X-Dealer waregwaga kwiba telefoni ya The Ben yagizwe umwere n’urukiko
Ndagijimana Eric wamamaye nka X-Dealer, wari umaze igihe akurikiranweho kwiba telefone ya The Ben, yagizwe umwere n’Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge mu isomwa ry’urubanza ryabaye ku wa 12 Kamena 2024. Ni nyuma y’uko ku wa 3 Kamena 2024, Urukiko rw’ibanze rwa…
Perezida Tshisekedi yubuye gahunda ye yo gutera u Rwanda
Minisitiri w’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Guy Kabombo Muadiamvita yatangaje ko Perezida Felix Tshisekedi yatanze amabwiriza yo kwigarurira uduce ingabo ze zimaze gutakaza muri Kivu y’Amajyaruguru no gutera u Rwanda bakarwiyomekaho. Nkuko byashyizwe ku rubuga rwa X na…
Nyanza: Umusore yasabye mudugudu kumwishyuriza nyuma yo kwamburwa n’uwamuhaye ikiraka cyo kwica umuntu
Umusore yagiye gusaba Umuyobozi w’Umudugudu ngo amwishyurize amafaranga yasigaye ubwo yicaga umuntu birangira RIB imutaye muri yombi. Amakuru UMUSEKE dukesha iyi nkuru wamenye nu ko Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi abantu batatu, ari bo Theophile Nyamurinda w’imyaka 42…
Menya byinshi kuri Kanseri y’umwijima, ibimenyetso byayo n’uko wayirinda
Umwijima ni rumwe mu ngingo mbumbatira buzima ruherereye mu nda ahagana iburyo ,rukaba ari urugingo rufite akamaro karenga 500 mu mubiri wacu,harimo gusohora imyanda mu mubiri ,gukora indurwe ,kuringaniza ikigero cy’isukari mu maraso ,nibindi byinshi. Tukaba tugiye kuvuga ku ndwara…
Amavubi yisubije umwanya wa mbere atsinze Lesotho
Ikipe y’Igihugu Amavubi yatsinze Lesotho igitego 1-0, bituma yisubiza umwanya wayo wa mbere mu itsinda C mu mikino yo gushaka itike y’igikombe cy’Isi cya 2026. Muri uyu mukino waberaga muri Afurika y’Epfo, Amavubi yihagazeho arinda iki gitego yatsinze mu gice…
Yanze ko batera akabariro batarabana gusa bageze mu rugo atungurwa n’ibyo yabonye – UBUHAMYA
Umugore aragisha inama nyuma yo gushakana n’umugabo wanze ko baryamana mbere y’ubukwe avuga ko ari umukirisitu cyane atinya n’ibyaha, bamara kubana agasanga nta bugabo afite. Yagishije inama arira ndetse afite agahinda kenshi. Ni inkuru yamuhinduye nk’umurwayi wo mu mutwe, afata…
Inkomoko n’igisobanuro cy’izina Paul ndetse n’uko abaryitwa bitwara
Nyuma yo kubona ko hari amazina amwe n’amwe abanyarwanda baba badasobanukiwe, InyaRwanda yiyemeje kujya ibagezaho ubusobanuro bw’amwe mu mazina aba agezweho muri icyo gihe. Paul ni izina rifite inkomoko mu Kilatini ku ijambo Paulus risobanura umuntu uzi guca bugufi cyangwa…
Dore impamvu 3 zishobora gutuma umukunzi wawe agutendekeraho abandi
Ni kenshi usanga abantu benshi bahora mu marira ngo abakunzi babo barabatendeka cyangwa ngo babaca inyuma, nyamara akenshi usanga hari ababigiramo uruhare kugira ngo bibabeho. Ni byinshi byagiye bigaragara bituma bamwe mu bakundana bacana inyuma, gusa hari ibintu 3 biza…
Ibyihariye kuri Gracie Bon uri mu bafite ibibuno binini ku Isi – AMAFOTO
Gracie Bon, ni rimwe mu mazina azwi cyane mu mideli kandi akunda kugarukwaho ku mbuga nkoranyambaga bitewe n’ubunini budasanzwe bw’uyu mukobwa ukomoka muri Panama. Gracie Bon wabonye izuba mu 1994 kuri ubu akaba yitegura kuzuza imyaka 30 y’amavuko, ni umukobwa…
Umushabitsi Nzizera wigeze kurebana ay’ingwe na Mulindahabi Irene ndetse n’umunyamakuru Manirakiza, yatawe muri yombi
Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha RIB, rwafunze rwiyemezamirimo Nzizera Aimable, tariki 05 Kamena 2024, kubera ibyaha bibiri akekwaho. Rwiyemezamirimo Nzizera Aimable usanzwe ari n’umuyobozi wa ‘Rwanda Gospel Stars Live’, akanakora mu bushabitsi butandukanye burimo ubwubatsi, yatawe muri yombi akurikiranyweho ibyaha bibiri…