Month: July 2024

NESA: Abanyeshuri mu byiciro bitandukanye baratangira ibizamini bisoza umwaka wa 2023/2024

Share this:

Minisiteri y’uburezi mu Rwanda ibinyujije mu kigo cyayo gishinzwe ibizamini bya leta no kugenzura amashuri ’NESA’, kuri uyu wa mbere yatangaje ko abanyeshuri barenga ibihumbi 200 ari bo bagiye gukora ibizamini bisoza umwaka w’amashuri wa 2023/2024 mu byiciro binyuranye. Abanyeshuri…

Share this:
Posted on

Muri Uganda hari kubera imishyikirano hagati ya M23 na RDC

Share this:

Guhera kuri uyu wa 22 Nyakanga 2024, ibinyamakuru bitandukanye byatangaje ko i Kampala muri Uganda hari kubera imishyikirano ihuza abahagarariye ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ni amakuru Umuvugizi wa guverinoma ya RDC, Patrick Muyaya yahakaniye ku rubuga nkoranyambaga…

Share this:
Posted on

Igitera kuribwa amenyo igihe uriye cyangwa unyoye ibikonje

Share this:

Amenyo ari mu bice bigize akanwa kacu. Adufasha mu guhekenya ibiryo tuba turi kurya. Rimwe na rimwe tujya twisanga amenyo yacu aturya mu gihe turiye cyangwa tunyoye cyane cyane ibishyushye cyangwa ibikonje. Akenshi umuntu uzumva ataka akubwira ko adashobora kunywa…

Share this:
Posted on

Ibintu by’ingenzi wamenya kuri Kamala Harris ushobora kuba umugore wa mbere uyoboye Amerika

Share this:

Kamala Harris w’imyaka 59 ahabwa amahirwe yo kuba yayobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu matora abura amezi 4 akaba mu gihe byaba bibaye bikaba byaba ari amateka avuguruye ku bari n’abategarugori ariko na none no kubirabura b’abanyamerika. Ubu ingingo…

Share this:
Posted on

CECAFA: Uko byagendekeye Arsene nyuma yo guhusha penaliti yatumye APR FC irata igikombe

Share this:

Tuyisenge Arsene avuga ko akimara guhusha penariti mu mukino ya CECAFA Kagame Cup yananiwe kwiyakira ariko umuryango wa APR FC ukaza kumuba hafi. Tuyisenge Arsene rutahizamu wa APR FC, ni we wahushije penariti yatumye APR FC ibura igikombe cya CECAFA…

Share this:
Posted on

Inkindi Aisha yasabye imbabazi nyuma yo gutuka bagabo batari muri CTU ko ari amagweja n’ibimonyo

Share this:

Umukinnyi wa filime, Inkindi Aisha, yasabye imbabazi abagabo ‘yatutse’ nyuma y’iminsi agarukwaho kuri X, ibi bikaba bituruka ku magambo yavuze agaragaza ko umuntu watoranyije abasore bari mu Ishami rishinzwe kurwanya Iterabwoba mu Rwanda rizwi nka Counter-Terrorist Unit (CTU) yasigaje abandi…

Share this:
Posted on

Bagabanye imitungo! Platini yahanye ‘Divorce’ na Ingabire Olivia wari umugore we

Share this:

Umuhanzi Nemeye Platini wamamaye nka Platini P yatandukanye byemewe n’amategeko na Ingabire Olivia wari umugore we. Bari bamaranye imyaka itatu n’amezi ane. Byashimangiwe n’Urukiko rw’ibanze rwa Nyamata, mu rubanza rwashyizweho akadomo ku wa 27 Kamena 2024. Kandi rwahise rugirwa itegeko….

Share this:
Posted on

Musanze: Umusore yishwe n’icupa rimwe ry’urwagwa yanyweye ariguriwe n’umuturanyi we

Share this:

Kuri uyu wa 17 Nyakanga 2024, umusore witwa Nahimana Eric yapfuye nyuma yo kumara icupa ry’inzoga y’urwagwa mugenzi we yari yamutegeye, ubwo bari mu kabari gaherereye mu i Santere ya Gakingo mu Mudugudu wa Kadahenda mu Murenge wa Shingiro mu…

Share this:
Posted on

Ikipe Mutsinzi Ange akinamo yasezerewe muri Europa Leauge hitabajwe za Penaliti

Share this:

Zira FK yo mu Cyiciro cya Mbere muri Azerbaijan ikinamo myugariro Mutsinzi Ange yatsinzwe na FC Sheriff yo muri Moldova penaliti 5-4, nyuma kunganya ibitego 2-2 mu mikino yombi yo mu ijonjora rya mbere mu yo gushaka itike y’amatsinda ya…

Share this:
Posted on

Kigali: Umu-Dasso witwa Kalisa arashinjwa gusenyera umuturage nyuma y’uko amwatse fanta(ruswa) akayibura

Share this:

Mu murenge wa Gatsata ho mu karere ka Gasabo haravugwa inkuru y’umuturage wasenyewe inzu azizwa ko yasimbuje amabati yashaje, akanga gutanga Fanta. Uyu muturage avuga ko inzu ye imaze igihe kinini yubatswe, ndetse ko amabati yasimbuje ari amabati kabiri yari…

Share this:
Posted on