Abaturage bariye Karungu kubera urupfu rw’umukobwa w’imyaka 20 bivugwa ko yagaburiwe inyama z’injangwe
Ku wa Kabiri tariki 16 Nyakanga 2024, ni bwo umukobwa witwa Musengamana wari mu kigero cy’imyaka 20 wo mu Kagari ka Kirebe mu Murenge wa Rwimiyaga mu Karere ka Nyagatare yashyinguwe, ni nyuma yo kwitaba Imana ku wa Mbere, aho…
Ese umugore ashobora kwikuramo intangangabo zamaze kumugeramo nyuma yo kuryamana n’umugabo? Sobanukirwa
Iki ni kimwe mu bibazo byibazwa n’abantu benshi cyane. Bamwe bati:”Ese niba umugabo aryamanye n’umugore , umugabo akarangiza atakoresheje agakingirizo , byashoboka ko izo ntanga zamaze kugenda zagarurwa nyuma?”. Ni ikibazo ariko muri iyi nkuru urabona igisubizo. Iki kibazo kigoye…
“Kuki yatwaye abagabo bacu bose agasiga amagweja n’ibimonyo ?” Amagambo Inkindi Aisha yakoresheshe atuka abagabo batari muri CTU, yananiwe kwihanganirwa na benshi
Ku mbuga nkoranyambaga abantu ntibari kuvuga kimwe ku magambo yakoreshejwe n’umukinnyi wa filime Inkindi Aisha, asa nkunenga abagabo badakora muri CTU ndetse ashima abasore bakora muri department ishinzwe umutekano ya CTU. Mu kiganiro aheruka kugirana na MIE ikorera ku murongo…
Ubuzima bw’umuhanzi Dorimbogo buri mu kaga – yatangiye gusaba imbabazi abo yahamagaye
Umugore umaze kwamamara kumbuga nkoranyambaga, bitewe n’udutendo twinshi akora, Vava uzwi nka Dore Imbogo, arwariye mu bitaro. Uyu Mugore wamamaye kubera indirimbo ye yiswe Bore imbongo , dore impara, arwariye mu bitaro bikuru bya Kibogora mu karere ka Nyamasheke iwabo …
Polisi yamukoreye ibya mfura mbi: Amakuru mashya kuri wamugabo ushinjwa kwica abagore n’abakobwa 42
Umugabo watangajwe na polisi ya Kenya ko ari “umwicanyi ruharwa” yakorewe iyicarubozo kugira ngo yemere icyaha, nkuko umunyamategeko umwunganira yabibwiye urukiko ku wa kabiri mu murwa mukuru Nairobi. Polisi yavuze ko nyuma yuko imutaye muri yombi ku wa mbere, Collins…
Perezida Kagame ayanga urunuka: Intwaro FARDC yatangiye gukoresha ngo itsinde M23 ikomeje kuvugisha benshi
Urubyiruko rubarirwa mu magana rukaba rwamaze guhabwa iyi miti ibafashya gutsinda M23 no kuyitangira ntibashye kwinjira mu mujyi wa Butembo. Abahabwa iy’i miti n’urubyiruko rwo mubwoko bw’Abandandi. Nk’uko iy’i nkuru ikomeza ibivuga n’uko iyo miti uru rubyiruko rwayihawe tariki ya…
Uwari akinira Rayon Sports akurikiranweho kwiba arenga miliyon 35
Amakuru dukesha ISIMBI aravuga ko uyu mukinnyi wasinyiye Rayon Sports muri 2019 avuye muri Marines, nyuma akajya muri Bugesera FC, amaze iminsi ari mu mabako y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, nyuma yo kwiba Kwizera Olivier na we wakiniye Rayon Sports, APR…
Umukobwa yagiye gusura umusore muri ghetto yanga kumurongora ibyakurikiyeho ni agahomamunwa
Amakuru avuga ko ibi byabaye mu masaha ya saa munani (14h00), zo ku wa 14 Nyakanga 2024, ubwo umusore usanzwe ukora akazi k’ubuzamu yasuwe n’umukobwa, babana mu gihe kitarenze ukwezi bacumbitse maze umusore biba ngombwa ko asaba umukobwa gutaha iwabo…
Yandongoye ku manywa y’ihangu ndi akana gato kiga secondaire nyuma antana abana – Ubuhamya bwa Nema
Nena ni umugore w’imyaka 33 akaba afite abana 5 yabyaranye n’umugabo we usanzwe ari umusirikare mu ngano z’u Rwanda. Uyu mugore avuga ko kugirango abane n’umugabo we yamuteruye avuye ku ishuri. Ibi ngo byorohejwe n’uko uyu mugabo yari incuti na…
Kylian Mbappe yakiriwe muri Real Madrid mu birori bidasanzwe – Amafoto
Hari hashize iminsi myinshi abakunzi ba Real Madrid bategereje rutahizamu ukomeye w’Umufaransa Kylian Mbappé ariko mu buryo budasubirwaho yamaze kwerekanwa no guhabwa ikaze. Ni ibirori by’akataraboneka byabaye kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 16 Nyakanga 2024, byitabirwa n’abafana, abakinnyi ndetse…