Ibi ni iby’agateganyo dutegereje ibisesuye Umukandida Mpayimana
Umukandida wigenga Mpayimana Phillippe, yagaragaje ko ibyibanze byavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu ari iby’agateganyo, agaragaza ko agifite icyizere mu gihe hagitegerejwe itangazwa ry’umwanzuro ntakuka w’ibyavuye mu matora. Iby’ibanze byavuye mu matora ya Perezida wa Repubulika byatangajwe mu ijoro ryo kuri…
Musenyeri Dr. Mathias Ssekamanya yagaye ababyeyi bashyira imbere imihango y’ubukwe bigasiga abana iheruheru
Musenyeri Dr. Mathias Ssekamanya wayoboye Diyosezi Gatolika ya Lugazi muri Uganda, yasabye ababyeyi kutarangarana abana babo biyemeje gufata umwanzuro wo gushinga urugo, kuko bahura n’impinduka nyinshi zibatera gusenya cyangwa kubana nabi. Uyu mukozi w’Imana avuga ko ababyeyi batererana abana babo…
FARDC yasabye abaturage imbabazi nyuma yo kwamburwa ibice byinshi na M23
Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo cyasabye abaturage kucyihanganira nyuma yo kwamburwa ibice byinshi n’umutwe witwaje intwaro wa M23 mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Mu ruzinduko Umugaba Mukuru Wungirije w’Ingabo za RDC ushinzwe ibikorwa bya gisirikare n’ubutasi, Gen Maj…
Umugore yatumye umujinya wa benshi uzamuka ubwo yavugaga impamvu yatumye aca umugabo we igits1na
Umugore witwa Susan Namuganza w’imyaka 34 wo muri Uganda, yatawe muri yombi akurikiranweho icyaha cyo gukata imyanya y’ibanga y’umugabo we Pasiteri Moses Kawubanya w’imyaka 45 akanamwiba amafaranga akayatorokana. Ibinyamakuru byandikira muri Uganda birimo Daily Monitor, kuwa 03 Nyakanga byatangaje ko…
Hasohokeye rimwe indirimbo 4 zo kubyina intsinzi ya Paul Kagame – Video
Nyuma y’amatora y’umukuru w’Igihugu yahujwe n’ay’Abadepite yabaye kuri uyu wa 15 Nyakanga 2024, abahanzi bashyigikiye Paul Kagame wa FPR Inkotanyi barabyina intsinzi. Abahanzi batandukanye bashyize hanze indirimbo zo kubyina intsinzi. Ku ikubitiro Dore izamaze kugera hanze: 1. Intsinzi ya Kagame…
Rutahizamu APR FC yazanye yatumye benshi mu ba Rayon bikanga
Ikipe ya APR FC yamaze kumvikana na Chidiebere Johnson Nwobodo wakiniraga Enugu Rangers yo muri Nigeria, ngo azayikinire. Uyu musore yasanze bagenzi be muri Tanzania, aho iyi kipe iri gukinira imikino ya CECAFA Kagame Cup, aho bivugwa ko nyuma…
Mbappe arerekanirwa kuri Santiago Bernabéu aho byitezwe ko ari bukureho agahigo kari karashyizweho na Cristiano Ronaldo
Biteganyijwe ko mu masha make ari imbere, rutahizamu w’Umufaransa Kylian Mbappé yerekanwa ku mugaragaro nk’umukinnyi mushya wa Real Madrid, akaba yitezweho kwakirwa n’abarenga ibihumbi 85. Uyu rutahizamu uza guhabwa nomero 9, arerekanirwa kuri Santiago Bernabéu yamaze gutegurwa kuri uyu wa…
Nyuma ya Kazungu Denis habonetse undi mwicanyi ruharwa umaze kwica abakobwa n’abagore 42 mu myaka 2 gusa
Jomaisi Khalisia yiyemereye ko ari we wishe abagore 42 harimo abasanzwe mu kimoteri cya Kware mu murwa mukuru Nairobi. Uyu mugabo w’imyaka 33 yavuze ko aba bagore n’abakobwa yagiye abica mu bihe butandukanye, ahereye ku mugore we. Amin Mohamed uyobora…
NEC yateguje abanyarwanda igihe amajwi ya mbere y’agateganyo atangarizwa
Abanyarwanda ingeri zitandukanye baramukiye mu matora y’umukuru w’Igihugu yabaye kuri uyu wa Mbere taliki 15 Nyakanga 2024, aho biteganyijwe ibyayavuyemo by’agateganyo biri butangazwe saa yine z’ijoro. Komisiyo y’Igihugu y’Amatora ’NEC’ yitezweho gutangaza ibyavuye mu matora by’agateganyo bitarenze saa yine z’ijoro…
Ibisobanuro 8 byo kurota uhanuka, mu giti, ku nzu, ingazi kugwa mu mwobo…
Twifashishije inyandiko zitandukanye, muri iyi nkuru twabateguriye ibisobanuro by’inzozi zo kurota uhanuka ! Akenshi izi ni inzozi ziza umuntu agitangira gusinzira ndetse nko muninota 10 yambere y’ibitotsi aho uhita ushigukira hejuru usa nusimbuka ndetse unafite ubwoba bwinshi. 1. Nkuko bivugwa…