Month: July 2024

Impamvu 10 zishobora gutera ikibazo cyo guhagarara k’umutima n’uko wabyirinda

Share this:

Guhagarara k’umutima (heart attack cg se myocardial infarction), bibaho mu gihe amaraso yajyaga mu mutima yifunze. Ni ha handi ubona umuntu wajyendaga neza, cg se utari uziho uburwayi budasanzwe umutima uhagaze ukumva yapfuye. Guhagarara k’umutima biterwa akenshi nuko cholesterol iba…

Share this:
Posted on

Euro2024: Ubufaransa bwasezereye Ububirigi bigoranye cyane

Share this:

Ikipe y’Ubufaransa yasezereye bigoranye Ububiligi ibutsinze igitego 1-0 mu mukino wa 1/16 cy’irangiza mu gikombe cya Euro 2024. Mu mukino utaryoheye ijisho, aya makipe yombi yabonye amahirwe menshi ariko kuboneza mu nshundura biba ikibazo. Ubufaransa bwabonye igitego nyuma yo kugerageza…

Share this:
Posted on

APR FC yazanye umukinnyi ukomoka muri Brazil ukiri muto

Share this:

Ikipe ya APR FC yazanye umukinnyi ukomoka muri Brazil witwa Juan Baptista ukina afasha ba rutahizamu kugira ngo azayikinire mu mwaka w’imikino utaha. Uyu mukinnyi wamaze kugera mu Rwanda, yagaragaye muri Stade Amahoro areba umukino APR FC yatsinzemo Police FC…

Share this:
Posted on

Cristiano Ronaldo yavuze kuri Penaliti yahushije mu minota y’inyendera Portugal ikina na Slovenia

Share this:

Kizigenza Cristiano Ronaldo yahushije penaliti y’ingenzi mu mukino wa 1/8 Portugal yakinnye na Slovenia, bimutera agahinda amarira arisuka cyane. Ubwo umukino wa Portugal na Slovenia wari ugeze ku munota wa 104, myugariro wa Slovenia ategera Diogo Jota mu rubuga rw’amahina,…

Share this:
Posted on

Perezida Ndayishimiye yavuze imyato ingabo ze kubera ibyo zakoreye M23

Share this:

Mu birori byo kwishimira Ubwigenge bw’u Burundi byabaye ku ya 1 Nyakanga kuri Stade Ingoma i Gitega, Perezida Evariste Ndayishimiya yavuze ko ingabo z’Abarundi mu burasirazuba bwa RDC zihagaze neza ndetse ko igihugu kiri gutera imbere. Imbere y’abaturage,Ndayishimiye yavuze ko…

Share this:
Posted on

Perezida Kagame yafunguye Sitade Amahoro ku mugaragaro abwira ijambo rikomeye abakiri bato

Share this:

Perezida Paul Kagame ari kumwe na Patrice Motsepe wa CAF bafunguye Sitade Amahoro ku mugaragaro nyuma yo kuvugururwa igakurwa ku kwakira abantu 25000 ikagera kuri 45000 ndetse igahabwa ubwiza butangaje. Nyuma yo kuzenguruka iyi sitade ,bahise berekeza mu kibuga ahari…

Share this:
Posted on

Itangazo ryihutirwa rireba Ababyeyi bafite abana barwaye cyagwa bafite ibibazo by’umutima

Share this:

Ababyeyi bafite abana barwaye umutima baramenyeshwa ko ku bitaro bya Kacyiru hazaba hari inzobere mu kuvura umutima zaturutse mu Buhinde kuri uyu wa kabiri talikiya ya 2/07/2024. Kuzana abana ni hagati ya saa 8:00 na 17:00. Iyi serivise izatangwa ku…

Share this:
Posted on

Umubyibuho udasanzwe ni iki? Dore ibibi byawo n’uko wawirinda

Share this:

Umubyibuho udasanzwe uvugwa igihe umuntu igipimo cya BMI kirenze 30.BMI ni iki? Iki ni igipimo cyerekana uko uburebure bw’umuntu bujyana n’ibiro afite. Ushaka kubipima ufata uburemere bwawe muri kilogarama ukagabanya n’uburebure muri metero bwikube kabiri. BMI = mass(kg) /[height(m) x…

Share this:
Posted on

Ibimenyetso 8 bica amarenga ko wanduye SIDA. Ukibibona uzihutire kwipimisha

Share this:

Ubushakashatsi bwemeza ko hari ibimenyetso bishobora kwereka umuntu wakoze imibonano mpuzabitsina idakingiye ko ashobora kuba yaramaze kwandura agakoko gatera SIDA, n’ubwo mu busanzwe bizwi ko ako gakoko kataboneshwa amaso. Urubuga Health.com twifashishije, rugaragaza ko mu gihe agakoko gatera SIDA kamaze…

Share this:
Posted on

Inkomoko n’igisobanuro cy’izina Philippe ndetse n’uko abaryitwa bitwara

Share this:

Philippe ni izina rihabwa abana b’abahungu, rifite inkomoko mu Kigereki ku izina Philippos risobanura ‘ukunda ifarasi.’ Ni izina ryandikwa mu buryo bwinshi nubwo risobanura kimwe, bamwe bandika Philip, Philippus, Philippos, Filip n’ayandi. Bimwe mu biranga ba Phillipe: Ni umuntu udapfa…

Share this:
Posted on