Month: August 2024

Ibitavugwa ku idosiye ya The Ben na Baby Emelyne imaze iminsi irikoroza kubera akantu The Ben yakuruye mu ruhame

Share this:

Eric Ndagijimana [X Dealer] yavuze uko abona ubwiyunge bwa Mugisha Benjamin [The Ben] na Karomba Gael [Coach Gael] anagera ku mashusho yaciye ibintu y’uyu muhanzi na Kwizera Emelyne [Baby Emelyne]. Ku wa 15 Kanama ni bwo hagiye hanze amafoto agaragaza…

Share this:
Posted on

Tangawizi ifasha abagore bari mu mihango – UBUSHAKASHATSI

Share this:

Ikimera cya Tangawizi gikunze gukoreshwa cyane haba mu kugishyira mu kinyobwa cyangwa mu biribwa. Iki gihingwa gifite akamaro kenshi harimo no kugabanya uburibwe ku mugore uri mu gihe cy’imihango. Ubushakashatsi bwagaragaje ko Tangawizi ifasha kugabanya ububabare ku b’igitsina gore mu…

Share this:
Posted on

Kevin Kade yatangiye kurya ku matunda y’indirimbo Sikosa

Share this:

Nyuma yo gushyira hanze indirimbo Sikosa, Kevin Kade yahise yuzuza abantu 100,000 bamukurikira kuri YouTube bimuhesha igihembo cya Silver gitangwa na YouTube. Indirimbo Sikosa yari imaze iminsi itegerejwe na benshi, bashyize irasohoka ndetse na nyiri iyi ndirimbo atangira gusoroma ku…

Share this:
Posted on

Rayon Sports yabuze amanota 3 ku munota wa nyuma

Share this:

Ikipe ya Rayon Sports yatengushye abakunzi bayo mu mukino w’umunsi wa kabiri wa Shampiyona inganya n’Amagaju 2-2, nyuma yo kunganya na Marines 0-0 mu mukino w’umunsi wa mbere wa Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda umwaka w’imikino 2024-2025. Imikino y’umunsi…

Share this:
Posted on

Ingabo za Ukanda zagabye igitero ku birindiro bya Joseph Kony

Share this:

Ingabo za Uganda, (UPDF) zatangaje ko kuri uyu wa Kabiri zagabye ibitero ku birindiro bya Joseph Kony washinze mutwe witwaje intwaro wa LRA urwanya ubutegetsi bwa Perezida Yoweri Kaguta Museveni. UPDF yatangaje ko ingabo zayo zagabye ibitero ku birindiro bya…

Share this:
Posted on

M23 yafashe agace ka Kikuvo

Share this:

Umutwe wa M23 waraye wigaruriye umujyi muto wa Kikuvo uherereye muri Teritwari ya Lubero ho mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Kikuvo iherereye mu bilometero bibarirwa muri 30 ujya mu burasirazuba bw’umujyi wa Kanyabayonga. M23 yayigaruriye nyuma y’imirwano yayisakiranyije n’imitwe ya…

Share this:
Posted on

RURA yashyizeho amabwirza mashya yo gukumira ubujura bukorwa hifashishijwe Telefoni

Share this:

Urwego Ngenzuramikorere mu Rwanda ’RURA’, rwashyize ahagaragara amabwiriza agamije gukumira ubujura n’ibindi byaha bikorwa hifashishijwe ikoranabuhanga, by’umwihariko ibikorerwa kuri telefone. Ibyatangajwe na RURA kuri uyu wa Kabiri tariki ya 20 Kanama 2024, bije nyuma y’uko muri iyi minsi abatekamitwe bo…

Share this:
Posted on

NESA yatangaje igihe amashuri azafungurira hamwe n’itangazwa ry’amanota ya 2023/2024

Share this:

Kuri uyu wa Kabiri tariki 20 Kanama 2024, nibwo Ikigo cy’Igihugu gishinzwe gutegura Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri ’NESA’ cyatangaje ko umwaka w’amashuri wa 2024-2025 uteganyijwe kuzatangira tariki ya 09 Nzeri 2024. Mu itangazo NESA yasohoye yakomeje ivuga ko ibijyanye n’ingengabihe y’umwaka…

Share this:
Posted on

Wa mukobwa The Ben ashinjwa gukururira ikariso yavuze uko byagenze

Share this:

Umukobwa witwa Emelyne uherutse kugaragara mu mashusho yifotozanya na Mugisha Bénjamin ’The Ben’, yanyomoje ibishinjwa uyu muhanzi byo kuba yarakuruye ikariso ye. Ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize ni bwo uyu mukobwa yahuriye na The Ben mu karere ka Musanze, aho…

Share this:
Posted on

RIB yatangiye guhiga abamaze iminsi bayiyitirira bagakwirakwiza ubutumwa bugamije kwambura abakoresha MOMO

Share this:

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko ruri gushakisha abantu bamaze iminsi bakwirakwiza ubutumwa bugamije kwiba abakoresha serivisi za Mobile Money mu izina ryarwo kugira ngo bahanwe. Ku mbuga nkoranyambaga ziganjemo urwa Facebook hamaze iminsi hakwirakwizwa ubutumwa butangwa mu izina rya…

Share this:
Posted on