Month: August 2024

Confederation Cup: Police FC yagiye muri Algeria. Gusa ngo kuvuga ibyo kujya mu matsinda byaba ari ukubeshya

Share this:

Ikipe ya Police FC yerekeje mu gihugu cya Algeria aho igiye gukina na CS Constantine muri CAF Confederation Cup, Kapiteni wayo Nsabimana Eric avuga ko aramutse avuze ibyo kujya mu matsinda nonaha yaba abeshye. Mu ijoro ryo kuri uyu wa…

Share this:
Posted on

Ibya mbere byayobowe na Meddy! Ibirori bibera mu bwato byagarutse mu isura nshya-AMAFOTO

Share this:

Dj Innox yatangaje ko agiye gukora ku nshuro ya Gatatu ibirori bisanzwe bibera mu bwato hagamijwe kwidagadura abantu bumva umuziki ucurangwa na ba Dj banyuranye. Ibi birori byiswe ‘Sunset Cruise White Party’ bizaba ku Cyumweru tariki 18 Nzeri 2024, kandi…

Share this:
Posted on

Mu mvugo ikakaye, KNC yaburiye Munyantwali wa FERWAFA ku mwanzuro w’abanyamahanga

Share this:

Perezida w’ikipe ya Gasogi United, Kakooza Nkuliza Charles ntiyumva ukuntu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA ritarafata umwanzuro ku bakinnyi b’Abanyamahanga bemerewe gukina kandi shampiyona ibura amasaha make igatangira. Kimwe mu bintu bimaze iminsi bigarukwaho cyane mu bakunzi b’umupira w’amaguru…

Share this:
Posted on

Yolo The Queen yameje ko yabyaye umwana w’umuhungu abajijwe Se aryumaho

Share this:

Umunyamideli, Kirenga Phiona wamenyekanye nka “Yolo The Queen” ku mbuga nkoranyambaga, yemeje ko yibarutse umwana w’umuhungu ndetse avuga amazina yamwise. Hari hashize iminsi havugwa amakuru avuga ko Umunyamudeli, Kirenga Phiona uzwi nka “Yolo The Queen”, avuga ko yibarutse ariko nyiri…

Share this:
Posted on

Padiri Yohani Bosiko Ntagungira yagizwe Musenyeri wa Diyoseze ya Butare

Share this:

Ubuyobozi bwa Kiliziya Gatolika ku Isi bwemeje ko Padiri Yohani Bosiko Ntagungira wari usanzwe ari Padiri Mukuru wa Regina Pacis i Remera muri Arikidiyosezi ya Kigali, ari we mwepiskopi mushya wa Diyoseze ya Butare. Ni ibikubiye mu itangazo ryo kuri…

Share this:
Posted on

Muhanga: Uwari umukozi wa Hoteli yasanzwe mu muferege w’amazi yapfuye

Share this:

Niyonsaba Emmanuel w’imyaka 30 y’amavuko wakoraga muri Hoteli Saint André mu Karere ka Muhanga yasanzwe mu mu muferege utwara amazi yapfuye, birakekwa ko yishwe. Niyonsaba yari atuye mu mudugudu wa Gihuma, Akagari ka Gahogo Umurenge wa Nyamabuye mu Karere ka…

Share this:
Posted on

Impanuka ikomeye yahitanye umwana w’imyaka 15

Share this:

Mu  Mudugudu wa Ruyumba mu Kagari ka Kabashumba, Umurenge wa Nyamiyaga mu karere ka Kamonyi habereye impanuka ikomeye yahitanye umuntu ndetse ikangiriza umuturage. Ahagana i Saa sita zamanywa kuri iki cyumweru tariki ya 11 Kanama 2024, nibwo iyi mpanuka yabaye,…

Share this:
Posted on

Kuki harashwe imizinga inshuro 21 mu birori by’irahira rya Perezida Kagame? Sobanukirwa

Share this:

Kurasa imiziga ni igikorwa cyo gutanga icyubahiro gikunze gukorwa n’igisirikare mu gihe cyakira umuntu runaka cyangwa mu birori bikomeye. Ku wa 11 Kanama 2024, ubwo Perezida Paul Kagame yarahiriraga kuyobora u Rwanda mu myaka itanu iri imbere, igisirikare cy’u Rwanda…

Share this:
Posted on

Ibintu byahinduye isura: Ukraine yafashe umwanzuro wo kwimurira intambara mu Burusiya

Share this:

Abasirikare ba Ukraine bateye intambwe bagera muri kilometero 30 imbere mu Burusiya, mu gitero cya mbere cyinjiye kure cyane mu Burusiya kandi gikomeye cyane kibayeho kuva Uburusiya bwatangira igitero gisesuye kuri Ukraine muri Gashyantare mu 2022. Minisiteri y’ingabo z’Uburusiya yavuze…

Share this:
Posted on

Rayon Sports yakiriye rutahizamu wakinnye i Burayi

Share this:

Rayon Sports yakiriye rutahizamu mushya ukomoka mu gihugu cya Cameroon, Aziz Bassane Koulagna wakinnye mu ikipe y’abatarengeje imyaka 19 ya FC Nante yo mu Bufaransa. Uyu rutahizamu yageze ku kibuga cy’indege i Kanombe Saa yine z’ijoro zo kuri iki Cyumweru,…

Share this:
Posted on