Apôtre Dr Paul Gitwaza yari yishwe azira ihabara
Umushumba Mukuru w’Umuryango Authentic Word Ministries / Zion Temple Celebration Center, Apôtre Dr Paul Gitwaza, yavuze ko hari uwashatse kumuvutsa ubuzima ariko Imana ikinga ukuboko. Ibi Apôtre Dr Paul Gitwaza,yabigarutseho ubwo kuri iki cyumweru tariki ya 11 Kanama 2024, hasozwaga…
Uko wanyaza umugore ahagaze ndetse n’ibyo ugomba kwitondera
Igikorwa cyo gutera akabariro hagati y’abashakanye kiri mu ngingo zikomeye yewe umuntu yanavuga ko ari nshingirwaho mu kubaka neza umuryango, ariko iyo iki gikorwa gikozwe nabi cyangwa se abashakanye ntibakivugeho rumwe, nta kabuza nta munezero urubonekamo. Uyu munsi tugarutse ku…
Uburyo bworoshye wakoresha urongora umugore ubyibushye akanyurwa
Ni kenshi bikunze kugaragara ko umusore n’umukobwa bakundanda bari ku kigero gito ku bijyanye n’umubyibuho/amagara make; nyamara bamara kugera mu rwabo ugasanga byarahindutse bakabyibuha cyane cyane umugore. Ni byiza rero ko mu gihe mukoranye imibonanompuzabitsina n’umugore wawe ugerageza uburyo bwose…
USA: Harris Kamala yatangaje uzamubera Visi Perezida naramuka atsinze amatora
Visi Prezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Kamala Harris, yahisemo Guverineri Tim Walz wa Leta ya Minnesota kumubera kandida Visi Perezida mu matora y’Umukuru w’Igihugu, nk’uko amasoko yuzuzanya yabyemereye ibitangazamakuru bitandukanye byo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika. Ni amatora…
Mwishya wa Donald Trump yavuze ko Abanyamerika badakwiye kongera kumutora – IMPAMVU
Fred C. Trump III umwishywa wa Donald Trump uri mu bikorwa byo kwiyamamariza kongera kuyobora USA, yamwibasiye amutangazaho byinshi ndetse anasaba Abanyamerika ko batakongera kumuha icyizere cyo kubayobora kuko atabikwiriye. Mu gihe Donald Trump wabaye Perezida wa 45 wa Leta…
Umukunzi wa Eddy Kenzo yakoze ibirori byo gushimira Imana byitabirwa na Perezida Museveni
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Iterambere ry’Ingufu n’Amabuye y’Agaciro, Phiona Nyamutoro yakoze ibirori byo gushima Imana byabereye mu gace avukamo ka Nebbi ku kibuga cya Nebbi Town SS, byitabirwa na Perezida Museveni. Perezida Museveni yavuze ko Nyamutooro yamaze gutanga umwitangirizwa…
Atletico Madrid irashaka kugura rutahizamu Julian Alvarez wa Manchester City
Atletco Madrid yamaze kwemera ko izatanga Miliyoni 81.5£ kuri rutahizamu wa Manchester City Julian Alvarez. Nyuma y’uko Atletico Madrid imaze iminsi igaragaza ko yifuza umunya Argentina watakira Manchester City Julian Alvarez, iyi kipe yo mu murwa mukuru wa Esipanye, yamaze…
Reba ubusobanuro bw’inzozi 14 abantu bakunze guhuriraho harimo no kurota uvuza induru ukabura umwuka
Ubushakashatsi bwagaragajeko abantu bose barota, impamvu harimo abavuga ko batajya barota ni uko baba babyibagiwe naho ubundi umuntu wese ufite ubwonko ararota. Bamwe bavuga ko umuntu arota ibyo yiriwemo nka ya mvugo ngo:”Umutindi arota arya.” Nyamara siko biri kuko ushobora…
Umwana w’imyaka 13 yatawe muri yombi akurikiranweho gusambanya umwana w’imyaka 3
Ku mugoroba wo ku wa 03 Kanama 2024, ni bwo umwana w’imyaka 13 wo mu karere ka Rutsiro yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, akekwaho gusambanya mugenzi we w’imyaka itatu. Amakuru avuga ko ibi byabereye mu murenge wa Musasa…
Umugabo yishwe n’umugore we yari agiye gucyura nyuma yo kwahukanira ku muturanyi
Amakuru avuga ko ibi byabaye ku wa 30 Nyakanga 2024, bibera mu karere ka Nyanza mu Murenge wa Mukingo mu kagari ka Cyerezo mu Mudugudu Kamabuye. Nyakwigendera yitwa Ndagijimana Jacques yari afite imyaka 25 y’amavuko, abakekwa kugira uruhare mu rupfu…