Yago yatorotse ubutabera bumukurikiranyeho ibyaha biremereye – Dr. Murangira
Dr. Murangira B. Thierry, Umuvugizi wa RIB, kuri uyu wa 3 Nzeri 2024, yavuze ko Nyarwaya Innocent, uzwi ku izina rya Yago yahunze bitewe n’ibyaha akurikiranweho, yongera kuvuga ko ukuboko k’ubutabera ntaho kutagera ko abantu nka Yago bakorera ibyaha hanze…
Uganda: Bobi Wine yarashwe n’abapolisi
Umunyapolitiki Robert Ssentamu Kyagulanyi ’Bobi Wine’ utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, kuri uyu wa Kabiri yarashwe na Polisi ya Uganda. Ubutumwa bwanyujijwe ku rubuga rwa X rw’uyu munyapolitiki ukuriye ishyaka NUP buvuga ko yarasiwe akaguru ahitwa Bulindo. Buragira buti: “Perezida…
Umukobwa wa Jacob Zuma wahoze ari Perezida wa Afurika y’Epfo agiye kuba umugore wa 16 wa Mswati
Nomcebo Zuma, umukobwa wa Jacob Zuma wahoze ari Perezida wa Afurika y’Epfo, yerekanywe nk’ugiye kuba umugore mushya w’Umwami Mswati III wa Eswatini. Mu ijoro ryo ku wa Mbere tariki ya 2 Nzeri ni bwo Nomcebo yerekanwe, ubwo muri Eswatini hasozwaga…
Cabo Delgado: Ingabo z’u Rwanda zaguye mu gico cy’ibyihebe
Mu ijoro ryo ku wa Gatandatu, ibyihebe byiyitira Isilamu byateze igico abapolisi/ingabo zo mu Rwanda zari mu irondo, mu karere ka Mocimboa da Praia, mu majyaruguru ya Mozambike mu ntara ya Cabo Delgado. Umuyobozi w’akarere ka Mocimboa da Praia, Sergio…
Hari gutangwa ishimwe ry’asaga miliyari 8.5RWF ku ngaragu ziyemeje gushaka no kubyara
Ubuyobozi bw’umujyi wa Busan muri Koreya y’Epfo bwatangije gahunda yo gutanga ishimwe rihwanye n’agera ku $ 64,000, ku ngaragu ziyemeje kubaka ingo ndetse no kubyara, hagamijwe guhangana n’ikibazo cy’igabanyuka rikabije ry’abaturage. Uyu mujyi ukora ibirori bigamije ibiganiro byo guhuza abadafite…
RDC: Ukuri ku cyihishe inyuma y’imirambo 129 yagaragaye mu mashusho ateye ubwoba muri gereza ya Makala
Ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye hagaragaye amashusho ateye ubwoba agaragaza imirambo myinshi irimo n’iyambaye ubusa, yagaragaye ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’uko ku wa mbere leta yari yavuze ko abantu babiri bapfuye mu gikorwa cyo kugerageza gucika gereza ya Makala y’i Kinshasa…
Nyanza: Umugabo yashetewe ibihumbi 10 bituma ahasiga ubuzima
Umugabo witwa Ntasangirwa Jean Claude w’imyaka 44 y’amavuko, yapfiriye mu musarane uri mu rugo ruherereye mu Mudugudu wa Nyakabuye mu Kagari ka Mpanga mu Murenge wa Mukingo ho mu Karere ka Nyanza, ubwo yari yahawe ikiraka cyo gukuramo telefone. Amakuru…
Birababaje: Umusore na mushiki we bishe mukuru wabo w’imyaka 34 bamuhoye igikoma
Mudugudu wa Nyacyonga, Akagari ka Kebero, Umurenge wa Ntongwe mu Karere ka Ruhango, haravugwa inkuru y’umusore wakubiswe na Murumuna we ndetse na mushiki we akaza kwitaba Imana azizwa igikoma. Uyu musore wishwe yitwa Maniragaba Alfred w’Imyaka 34 yari asanzwe abana…
Hamenyekanye ubugome abakobwa bakora Salon de coiffure basigaye bakorera abagabo mu kazi babakarabirizamo mu mutwe
Bamwe mu bagabo bo mu Rwanda bemeza ko abakobwa bakora mu nzu bogosheramo(Saloon de Coiffure) cyane abakarabya mu mutwe abantu baba bamaze kwiyogoshesha, bahohotera abagabo bigatuma batakaza amafaranga menshi mu buryo butapanzwe, ibyo bamwe bafata nk’ubwambuzi. Bamwe mu baganiriye na…
Nikuze wo muri City Maid yahamije urwo akunda umuhanzi wo muri Nigeria
Musanase Laura wamenyekanye nka Nikuze muri filime ‘City Maid’, yashimangiye urwo akunda umuhanziTriqa Blu wo muri Nigeria. Hari hashize iminsi kuva muri Kamena 2024 ku mbuga nkoranyambaga hasakazwa amashusho ya Nikuze na Triqa Blu bari mu kugirana ibihe byiza mu…