Nyuma y’umwaka baraburiwe irengero, Miss Elsa yifurije umugabo we Prince Kid isabukuru nziza
Nyampinga w’u Rwanda wegukanye ikamba rya 2019, Iradukunda Elsa yongeye gushimangira urwo akunda umugabo we Prince Kid bamaze umwaka bakoze ubukwe nubwo kugeza uyu munsi batakibarizwa mu Rwanda. Ni mu butumwa Miss Iradukunda yanyujije ku rukuta rwe rwa Instagram abwira…
Yago wahunze igihugu yagaragaje ko Umunyamamakuru murungi Sabin wa Isimbi TV ari umugome anahishura ko yasenye ingo nyinshi
Mu rutonde runini cyane rw’Abanyamakuru n’abandi bantu baba mu myidagaduro mu Rwanda bagaragajwe na Yago ko ari abantu babi, harimo n’umunyamakuru Murungi Sabin ukorera kuri shene ya Isimbi, kuko ngo ari mu bantu batangije inkundura yo guhangana na we igihe…
Abantu 12 bari bavuye mu birori bapfiriye mu mpanuka ikomeye
Ku kiraro cya Tharaka Nithi, mu muhanda uva ahitwa Meru werekeza mu mujyi wa Nairobi mu gihugu cya Kenya, habereye impanuka ikomeye yahitanye ubuzima bw’abantu 12. Ahagana Saa Tatu z’ijoro zo ku wa 31 Kanama 2024 nibwo iyi modoka yari…
Madagascar: Uzajya ahamwa n’icyaha cyo gusambanya umwana azajya ahanishwa gukonwa(gukakatwa igitsina)
Leta ya Madagascar mu cyumweru gishize yasohoye itegeko ryo gukona hakoreshejwe kubaga umuntu wese wahamwe n’icyaha cyo gusambanya umwana ku ngufu. Ni itegeko ryateje impaka kuva ryatorwa n’inteko ishinga amategeko. Muri Gashyantare(2) nibwo sena ya Madagascar yatoye yemeza iri tegeko,…
Uganda: Hamenyekanye umwirondoro w’umunyarwandakazi wapfiriye mu mpanuka ya Bus
Umwirondoro w’umunyarwandakazi umwe niwe wamenyekanye ko ari mu baguye mu mpanuka ya Bisi ya Jaguar yakoreye i mpanuka mu muhanda Kampala – Masaka iza mu Rwanda. Amakuru avuga ko umunyarwandakazi witwa Akaliza Aline ari umwe mu baguye mu mpanuka yabaye…
Kinshasa: Abapolisi 2 bahagaritswe ku mirimo bazira guhutaza abadiplomate
Kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 31 Kanama, Minisitiri w’intebe wungirije wa Congo akaba na Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu, Shabani Lukoo, yategetse ihagarikwa ry’agateganyo mu rwego ry’abapolisi bakuru babiri ba Polisi y’igihugu cya Congo (PNC). Aba ni umuyobozi wungirije w’ishami rishinzwe…
Perezida Kagame yazamuye mu ntera abasirikare basaga 600 barimo ba ’Brigadier General’
Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yazamuye mu ntera abasirikare basaga 600 barimo babiri bavuye ku ipeti rya Colonel bashyirwa ku rya Brigadier General naho 14 bashyirwa ku ipeti rya Colonel. Itangazo ryashyizwe hanze n’ingabo z’u Rwanda…
Goma: Hateganyijwe umuhango wo gushyingura imibiri y’abantu 200 byagoye Leta gusobanura urupfu rwabo
Serivisi ishinzwe protocol ku rwego rw’Intara ya Kivu ya Ruguru yatangaje ko kuri uyu wa Mbere taliki 02 Nzeri2024, hari bushyingurwe imibiri 200 y’abantu bahitanywe n’intambara. Ubuyobozi bw’iyi Protocole, buvuga ko ari igikorwa cyiza kubera kuri kuri Stade de l’unite…