Month: October 2024

Ababyeyi bongeye kwemererwa gusura abana ku ishuri nyuma y’ingamba zari zashyizweho zo kwirinda Marburg

Share this:

Hashize iminsi minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda ishyizeho amabwiriza agenga amashuri arimo ko ababyeyi bagomba guhagarika kujya gusura abana babo mu mashuri, no gusaba ibigo by’amashuri kugira uburyo bwo gupima no gukurikiranira hafi ubuzima bw’abanyeshuri hagamijwe ku barinda. Nyuma y’aho iyi…

Share this:

Ubwoba bw’intambara ni bwose mu Banyamerika

Share this:

Ikusanyabitekerezo ryakozwe n’Ikigo YouGov ryagaragaje ko nibura 27% by’Abanyamerika bafite ubwoba ko intambara ishobora kwaduka nyuma y’amatora azaba mu Ugushyingo uyu mwaka. Ni ikusanyabitekerezo ryakorewe ku bashyigikiye Kamala Harris na Donald Trump bahataniye umwanya wa Perezida muri Leta Zunze Ubumwe…

Share this:

Abasore: Dore ibintu 3 ugomba kwirinda gukora ugamije gushimisha umukobwa ukunda

Share this:

Burya mu rukundo habamo kwigomwa no kwitangira uwo ukunda ariko hari ibyo umuntu aba adakwiye gukora agamije kunezeza uwo bakundana gusa kuko nyuma birangira ari we bigizeho ingaruka zikomeye. Dore rero bimwe mu byo umusore adakwiriye gukora agamije gushimisha umukobwa…

Share this:

Amakosa 5 yangiza urukundo abantu bakora batabizi

Share this:

Mu rukundo hari amakosa umuntu akora atabizi ndetse bikaba byagira uruhare runini mu mibanire mibi n’umukunzi we cyangwa se bigasenya urukundo rwabo. Dore amakosa 5 abantu bakora mu rukundo batabizi ko arwangiza ntirurambe: 1. Umwikururaho Kwikurura ku mukunzi wawe cyane…

Share this:

CIP Verdique Mutsinzi uyobora ikigo cy’inzererezi cya Gikondo yakatiwe

Share this:

Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rwakatiye igifungo cy’iminsi 24 n’ihazabu y’ibihumbi ijana (100000 Frw) CIP Verdique Mutsinzi ukuriye Tranzit Center ya Gikondo. Ni nyuma yo kumuhamya ibyaha byo gufunga abitwa Twagirayezu Joel na NSHIMIYIMNA Aloys mu buryo bunyuranije n’amategeko. Mu rubanza…

Share this:
Posted on

Cuba ishaka kwinjira mu muryango BRICS uyobowe na Vladimir Putin

Share this:

Umuyobozi Mukuru ushinzwe ubufatanye muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Cuba, Carlos Pereira, yatangaje ko igihugu cyabo cyamaze gusaba kuba umunyamuryango wa BRICS. BRICS yashinzwe n’ibihugu bitanu bifite iterambere riri kwihuta mu 2006. Ibyo ni Brazil, u Burusiya, u Buhinde n’u…

Share this:
Posted on

WHO irategenya guha u Rwanda miliyari 9 Frw zo guhangana na Marburg

Share this:

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (WHO) ryatangaje ko ririmo gushaka miliyari zisaga 9 z’amafaranga y’u Rwanda (miliyoni 7.7 z’amadolari y’Amerika), guhera mu kwezi k’Ukwakira kugera mu Kuboza 2024, yo gufasha Guverinoma y’u Rwanda mu guhangana n’icyorezo cya Marburg. Iyo…

Share this:
Posted on

Umusifuzikazi yahagaritswe burundu nyuma yo kuryamana n’umuyobozi we

Share this:

Umusifuzikazi witwa Elif Karaarslan w’imyaka 24, yahagaritswe burundu nyuma y’aho hagaragaye amashusho ari gukorana imibonano mpuzabitsina n’umuyobozi we umukubye hafi inshuro eshatu mu myaka. Elif Karaarslan yatangiye gusifura imikino muri Turikiya nyuma y’uko imvune zatumye asezera gukina umupira w’amaguru. Kuri…

Share this:
Posted on

Benjamin Netanyahu yasabye abaturage ba Liban ikintu gikomeye kugirango birinde ko igihugu cyabo gisenyuka nka Gaza

Share this:

Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yatangaje ko abaturage ba Liban bagomba kwitandukanya na Hezbollah kugira ngo birinde ko igihugu cyabo cyasenywa na Israel, nk’uko yabigenje mu gace ka Gaza. Kugeza ubu abantu barenga 1.400 bamaze kugwa mu bitero karundura…

Share this:
Posted on

U Rwanda rwagenewe miliyoni 11$ yo kurwanya icyorezo cya Marburg

Share this:

Umuvugizi w’ubutegetsi bwa Perezida Joe Biden wa Amerika yatangaje ko iki gihugu cyatanze hafi miliyoni 11 z’amadorari agenewe gufasha u Rwanda n’ibihugu birukikije kurwanya icyorezo cya Marburg kugeza ubu cyabonetse mu Rwanda. Mu kiganiro n’abanyamakuru ku wa mbere nijoro, Karine…

Share this:
Posted on