Ababyeyi bongeye kwemererwa gusura abana ku ishuri nyuma y’ingamba zari zashyizweho zo kwirinda Marburg
Hashize iminsi minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda ishyizeho amabwiriza agenga amashuri arimo ko ababyeyi bagomba guhagarika kujya gusura abana babo mu mashuri, no gusaba ibigo by’amashuri kugira uburyo bwo gupima no gukurikiranira hafi ubuzima bw’abanyeshuri hagamijwe ku barinda. Nyuma y’aho iyi…
Ubwoba bw’intambara ni bwose mu Banyamerika
Ikusanyabitekerezo ryakozwe n’Ikigo YouGov ryagaragaje ko nibura 27% by’Abanyamerika bafite ubwoba ko intambara ishobora kwaduka nyuma y’amatora azaba mu Ugushyingo uyu mwaka. Ni ikusanyabitekerezo ryakorewe ku bashyigikiye Kamala Harris na Donald Trump bahataniye umwanya wa Perezida muri Leta Zunze Ubumwe…
Abasore: Dore ibintu 3 ugomba kwirinda gukora ugamije gushimisha umukobwa ukunda
Burya mu rukundo habamo kwigomwa no kwitangira uwo ukunda ariko hari ibyo umuntu aba adakwiye gukora agamije kunezeza uwo bakundana gusa kuko nyuma birangira ari we bigizeho ingaruka zikomeye. Dore rero bimwe mu byo umusore adakwiriye gukora agamije gushimisha umukobwa…
Amakosa 5 yangiza urukundo abantu bakora batabizi
Mu rukundo hari amakosa umuntu akora atabizi ndetse bikaba byagira uruhare runini mu mibanire mibi n’umukunzi we cyangwa se bigasenya urukundo rwabo. Dore amakosa 5 abantu bakora mu rukundo batabizi ko arwangiza ntirurambe: 1. Umwikururaho Kwikurura ku mukunzi wawe cyane…
CIP Verdique Mutsinzi uyobora ikigo cy’inzererezi cya Gikondo yakatiwe
Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rwakatiye igifungo cy’iminsi 24 n’ihazabu y’ibihumbi ijana (100000 Frw) CIP Verdique Mutsinzi ukuriye Tranzit Center ya Gikondo. Ni nyuma yo kumuhamya ibyaha byo gufunga abitwa Twagirayezu Joel na NSHIMIYIMNA Aloys mu buryo bunyuranije n’amategeko. Mu rubanza…
Cuba ishaka kwinjira mu muryango BRICS uyobowe na Vladimir Putin
Umuyobozi Mukuru ushinzwe ubufatanye muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Cuba, Carlos Pereira, yatangaje ko igihugu cyabo cyamaze gusaba kuba umunyamuryango wa BRICS. BRICS yashinzwe n’ibihugu bitanu bifite iterambere riri kwihuta mu 2006. Ibyo ni Brazil, u Burusiya, u Buhinde n’u…
WHO irategenya guha u Rwanda miliyari 9 Frw zo guhangana na Marburg
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (WHO) ryatangaje ko ririmo gushaka miliyari zisaga 9 z’amafaranga y’u Rwanda (miliyoni 7.7 z’amadolari y’Amerika), guhera mu kwezi k’Ukwakira kugera mu Kuboza 2024, yo gufasha Guverinoma y’u Rwanda mu guhangana n’icyorezo cya Marburg. Iyo…
Umusifuzikazi yahagaritswe burundu nyuma yo kuryamana n’umuyobozi we
Umusifuzikazi witwa Elif Karaarslan w’imyaka 24, yahagaritswe burundu nyuma y’aho hagaragaye amashusho ari gukorana imibonano mpuzabitsina n’umuyobozi we umukubye hafi inshuro eshatu mu myaka. Elif Karaarslan yatangiye gusifura imikino muri Turikiya nyuma y’uko imvune zatumye asezera gukina umupira w’amaguru. Kuri…
Benjamin Netanyahu yasabye abaturage ba Liban ikintu gikomeye kugirango birinde ko igihugu cyabo gisenyuka nka Gaza
Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yatangaje ko abaturage ba Liban bagomba kwitandukanya na Hezbollah kugira ngo birinde ko igihugu cyabo cyasenywa na Israel, nk’uko yabigenje mu gace ka Gaza. Kugeza ubu abantu barenga 1.400 bamaze kugwa mu bitero karundura…
U Rwanda rwagenewe miliyoni 11$ yo kurwanya icyorezo cya Marburg
Umuvugizi w’ubutegetsi bwa Perezida Joe Biden wa Amerika yatangaje ko iki gihugu cyatanze hafi miliyoni 11 z’amadorari agenewe gufasha u Rwanda n’ibihugu birukikije kurwanya icyorezo cya Marburg kugeza ubu cyabonetse mu Rwanda. Mu kiganiro n’abanyamakuru ku wa mbere nijoro, Karine…