Gen. Mubarakh yagaye imikinire ya APR FC ndetse n’ibitego itsinda ayisaba ikintu gikomeye
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda akaba n’Umuyobozi w’Ikirenga wa APR FC, Gen. Mubarakh Muganga, yibukije abakinnyi b’iyi kipe ko bakwiye kongera umubare w’ibitego batsinda kugira ngo bazabashe kwegukana igikombe cya shampiyona y’uyu mwaka. Si kenshi asura ikipe y’Ingabo ngo aganire…
Hamenyekanye uko Kizza Besigye yatawe muri yombi agambaniwe n’uwari kumushakira intwaro zo guhirika perezida Museveni
Hashize iminsi itandatu abasirikare ba Uganda bakorera mu mutwe ushinzwe imyitwarire (Military Police) bagejeje Umunyapolitiki Dr Kizza Besigye mu rukiko rwa gisirikare rwa Makindye, nyuma y’iminsi itatu afatiwe i Nairobi. Mbere y’uko agezwa mu rukiko, umugore we, Winnie Byanyima, yasobanuye…
U Rwanda rwasubije Umu-Minisitiri wa RDC wavuze ko azafunga Perezida Kagame
Guverinoma y’u Rwanda yashinje iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo “ubushotoranyi bukomeye”, nyuma y’uko Minisitiri w’Ubutabera w’iki gihugu atangaje ko azafunga Perezida Paul Kagame. Ku Cyumweru tariki ya 24 Ugushyingo ni bwo Minisitiri Constant Mutamba yatangaje ayo magambo, ubwo yaganiraga…
Igihe Rayon Sports na APR FC zizacakiranira wamenyekanye
Umukino w’ikirarane Rayon Sports igomba guhuriramo na mukeba wayo APR FC, byemejwe ko uzakinwa ku wa 7 Ukuboza 2024. Ni umukino w’umunsi wa gatatu wa shampiyona utarakinwe ku gihe bijyanye n’uko ikipe y’Ingabo z’igihugu yari mu mikino ya CAF Champions…
Umutoza wa Rayon Sports, Robertinho yahishuye ibanga akoresha rituma iyo ayirimo iba ihagaze neza
Nyuma y’umukino Rayon Sports yatsinzemo Gorilla fc FC ku Cyumweru, umutoza wa Rayon Sports, Robertinho, yavuze ko ari iby’agaciro kubona ikipe ye imaze kugera ku rwego rwo hejuru, aho yemeje ko Rayon Sports imeze nk’ikipe ya Barcelona yo mu 2009…
Gatsibo: Urupfu rw’umwarimu wari ukiri mu kwa Buki rukomeje kuvugisha benshi
Mu Karere ka Gatsibo,Umurenge wa Gasange haravugwa inkuru y’incamugongo y’urupfu rw’umwarimu witwa Kanyamugara Wicriff wari umwarimu kuri GS Gategero wapfuye akiri mu kwezi kwa buki. Amakuru dukesha BWIZA avuga ko umuntu wari umuzi neza yatangaje ko, amakuru uyu mwarimu yari…
Bwiza yahaye igisubizo gitangaje uwavuze ko nta Nyash(kibuno) agira
Byabaye kuri uyu wa Gatandatu nyuma yo gushyira hanze integuza y’indirimbo nshya Bwiza yakoranye The Ben. Bwiza na The Ben bitegura gusohora indirimbo yabo nshya bise “Best friend” nyuma yo gusangiza abakunzi babo integuza yayo, umufana wabo wiyise Kazungu Kaboss…
Ukraine: Perezida Zelensky yakuriye inzira ku murima abari bategereje amatora ya Perezida
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yatangaje ko igihugu cye kigomba kubanza kubona amahoro, mbere y’uko haba amatora y’Umukuru w’Igihugu. Ibi Perezida Zelensky yabitangaje nyuma y’uko akomeje gushinjwa kuyobora igihugu binyuranyije n’amategeko kuko manda ye yarangiye muri Werurwe 2024, ariko aza…
Ibitaravuzwe ku ikorwa ry’indirimbo ya Bwiza na The Ben ‘Best friend’
Bwiza yamaze gushyira hanze amashusho y’indirimbo ye nshya yise ‘Best friend’ aho yayifatanyije na The Ben, gusa umushinga wo kuyikora ntabwo wari woroshye kuko byinshi mu byari byateguwe mu ifatwa ry’amashusho yayo byaje guhinduka ku munota wa nyuma. Nk’ubu amakuru…
Uganda: Kizza Besigye utavuga rumwe n’ubutegetsi yaburiwe irengero
Col. Dr Kizza Besigye utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, amaze iminsi yaraburiwe irengero. Amakuru avuga ko uyu mugabo yaburiye i Nairobi muri Kenya aho yari yagiye ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize, aho yari yitabiriye igikorwa…