Imigi 12 ishaje kurusha iyindi yose ku isi
Umujyi wa Al Fayoum wo mu Misiri niwo mujyi umwe rukumbi uri ku rutonde rw’imijyi 10 ikuze kurusha iyindi ku Isi aho yiganjemo iyo mu bihugu by’u Burayi na Aziya. Isi imaze imyaka irenga Miliyari 4, aha ni ibintu byumvikana…
Ibyo Kevin Kade yaganiriye n’ibyamamare byo muri Uganda birimo Weasel
Umuhanzi Ngabo Richard wamamaye nka Kevin Kade yakoreye igitaramo cye cya mbere mu Mujyi wa Kampala muri Uganda, cyaherekejwe n’ibiganiro yagiranye na mugenzi we Douglas Mayanja [Weasel] wamamamye mu itsinda rya Goodlyfe ryagize ibihe byiza kuva mu myaka 15 ishize….
Dore imyambaro 5 ukwiye kwambara mu gihe cy’ubukonje bwinshi
Uko ibihe bihinduka, ni na ko imyambaro abantu bambara ihinduka haba mu bukonje cyangwa mu gihe cy’ubushyuhe (impeshyi). Muri iyi minsi mu Rwanda hari ubukonje n’imvura aho bisaba ko abantu bahindura imyambarire, dore ko imyambaro yo mu mpeshyi itandukanye no…
Abasore: Ntuzigere na rimwe ukora kimwe muri ibi bintu 5 ugamije gushimisha umukobwa ukunda
Basore, ni kenshi ukora iyo bwabaga ngo ushimishe umukobwa ukunda kandi ni byiza, gusa nanone hari ibyo udakwiye gukora urwo waba umukunda uko rwaba rungana kose. 1. Gusuzugura umuryango wawe Abakobwa benshi bajya babona ubitayeho cyane, akaba yanakora ibintu bidafututse…
Dore impamvu 3 ugomba kwirinda gushyira urukundo rwawe ku mbuga nkoranyambaga
Kuri ubu Isi yabaye umudugudu, ku buryo bidatangaje ko usanga umuntu asangiza abantu bose batuye Isi ubuzima bwe ndetse adasize n’ibyakabaye amabanga ye harimo n’amabanga y’urukundo rwe n’umukunzi we. Ibi bamwe babikora bibwira ko ari bwo buryo bwiza bwo kwereka…