Ese kwaba ari ukumuheza! Perezida wa Rayon Sports yateye utwatsi ibyo kuganira no kwishyura Sadate umwenda avuga ko bamubereyemo
Perezida wa Rayon Sports, Twagirayezu Thaddée yashwishwiburije Munyakazi Sadate uvuga ko ashaka ibiganiro ku ideni ndetse n’amasezerano atarubahirijwe n’iyi kipe, avuga ko baramutse bagiye mu biganiro byaba ari ugutakaza umwanya. Twagirayezu Thaddée yabitangaje ubwo yaganiraga na Radio & TV 10…
DJ Sonia yiyamye Irene Murindahabi wamukozeho ibiganiro 2 byikurikiranya
Sonia Kayitesi uzwi cyane nka DJ Sonia umwe mu ba-DJ bagezweho mu Rwanda, yahaye gasopo umunyamakuru Irene Murindahabi ukorera kuri MIE ku muyoboro wa YouTube wagiye umuvugaho ibintu bitamushimishije mu biganiro bitandukanye. Uyu mwuka mubi watangiye nyuma y’uko Irene yagiranye…
Dore imitoma 10(amagambo meza y’urukondo) watera umukunzi wawe mbere y’uko aryama
Abahanga mu by’ubuzima bavuga ko kubwira amagambo meza umukunzi wawe agiye kuryama ari ingirakamaro, arara atekereza amagambo meza wamubwiye, akamufasha kudatekereza cyane mubyo aba yiriwemo mu buzima busanzwe bwo gushakisha ,akaruhuka neza kugira ngo mu gitondo abyuke ameze neza Aya…
Dore imitoma 10(amagambo y’urukundo) watera umukunzi wawe akakwiha wese
Kubwira amagambo meza umukobwa mukundana ni bimwe mu bibagarira urukundo rugakura rugatohagira.Hano twaguteguriye amwe mu magambo meza wabwira umukunzi wawe akarushaho kukwegurira umutima we: 1.Mu gihe wumva uri wenyine, ujye ureba hagati y’intoki zawe wibuke ko ariho intoki zanjye zikwirwa…
Abasore: Ibimenyetso 10 byakwereka umukobwa wagukunze akabura uko abikubwira
Abakobwa usanga bagorwa no kuba bafata iya mbere ngo abe yabwira umusore ko yamukunze gusa bimwe mu bikorwa bakora n’imyitwarire ibaranga bikaba byoroshye kumumenya mu gihe yahuye n’umusore uzi gushishoza. Dore ibimenyetso bizakwereka ko umukobwa agukunda ariko akabura aho ahera…
Dore impamvu 6 zishobora gutuma uwo mwahoze mukundana mugatandukana akugarukira. Ibyo ukwiye kwitondera
Bijya bikunda kubaho ko abantu bakundana , bikagera igihe bagatandukana ariko nyuma y’igihe runaka , umwe muribo agashaka kubyutsa umubano. Nkuko bitangazwa n’urubuga Elcrema rwandika ku mibanire , hari impamvu zinyuranye zituma abo mwahoze mukundana cyangwa uwo mwakundanaga bakugarukira. 1.Irari…
Emerthe umaze kuba icyamamare kuri TikTok akomeje gukurikira inzozi ze n’ubwo yaciwe amaguru yombi akiri umwana
Iradukunda Subila Emerthe amaze kwamamara ku rubuga rwa TikTok nka ‘Bibila’, nyamara yararugiyeho ashaka ibyishimo nyuma yo gukura afite agahinda gaturutse ku bamubwiraga nabi bitewe n’ubumuga afite. Uyu mukobwa ukomoka mu Karere ka Nyanza, yaciwe amaguru yombi ubwo yari afite…
DJ Dizzo yitabye Imana nyuma y’imyaka 7 ahanganye na Kanseri
DJ Dizzo wari umaze igihe ahanganye n’uburwayi bwa kanseri, yitabye Imana, nyuma y’imyaka igera kuri ibiri abwiwe n’abaganga ko atari kurenza muri Nyakanga 2022. Amakuru IGIHE yemerewe n’inshuti y’umuryango we, ahamya ko uyu musore yitabye Imana ku gicamunsi cyo kuri…
Amagambo 40 wabwira umukobwa ukunda akazagukunda iteka ryose
Ndabizi ko ukunda umukunzi wawe cyane, ariko wabuze amagambo wakoresha ukabasha kumusobanura neza ndetse akaba yanagutandukanya n’abandi basore baziranye cyangwa bigeze bahura. Ahari umara umwanya wawe usoma ibitabo ngo ukuremo amagambo ariko byaranze. Mbere na mbere, menya ko nta buryo…
Dore inkingi 10 wakubakiraho urukundo rwawe ugahora wishimye ubuzima bwose
Urukundo n’ingenzi mu buzima bikaba akarusho iyo ukunze ugukunda ndetse mu kanabana ariko ibyo byose bisaba urugendo kandi muhuriramo na byinshi bishobora kubatandukanya ariko hari inkingi wakubakiraho urukundo rwawe rugakomera ukabaho ubuzima bunyuzwe kandi bwishimye. 1. Ubuzima bw’abakundana bugomba kuba…