KNC yijeje abafana ba APR FC kubahoxs amarira batewe n’abafana ba Rayon Sports
Perezida wa Gasogo United Kakooza Nkuliza Charles yatumiye abafana ba APR FC kuzaza ku mukino ikipe ye izakiramo Rayon Sports maze akabahoza amarira abafana ba Rayon Sports babateye bafana Pyramids. Ni umukino uzaba ku wa gatandatu tariki 21 Nzeri 2024,…
Abahoze bayobora Rayon Sports bakoze inama mu gihe iyi kipe iri mu mahina
Abahoze bayobora ikipe ya Rayon Sports bahuye bafata umwanzuro wo kongera kuba inyuma y’ikipe yabo , ikomeje kuvugwamo ibibazo byamikoro make. Muvunyi Paul, Dr. Rwagacondo Emile, Ruhamyambuga Paul na Gacinya Chance Denis bari mubahuriye mu nama yabereye i Rebero i…
Umutwe wa CODECO urashinjwa kwica abaturage 10 mu burasirazuba bwa Congo
Umutwe witwaje intwaro wa CODECO ukomeje guhitana ubuzima bw’abaturage mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho kuri uyu wa kabiri washinjijwe guhitana ubuzima bw’abasivili 10 mu gitero wagabye mu mudugudu umwe wo mu Ntara ya Ituri. Umuyobozi w’umudugudu…
Benshi bayakora batabizi: Amakosa 5 yangiza urukundo rugasenyuka rutamaze kabiri
Mu rukundo hari amakosa umuntu akora atabizi ndetse bikaba byagira uruhare runini mu mibanire mibi n’umukunzi we cyangwa se bigasenya urukundo rwabo. Dore amakosa 5 abantu bakora mu rukundo batabizi ko arwangiza ntirurambe: 1. Umwikururaho Kwikurura ku mukunzi wawe cyane…
Abakobwa: Dore Ubuntu 6 bizakubaho niba ukunda kubenga abasore
Ni kenshi mu rukundo habaho kubengana ndetse ugendeye ku bushakashatsi bwakozwe, bugaragaza ko umubare munini w’inkundo, abakobwa ari bo babenga abasore, bivuze ko abakundana benshi batandukana, abakobwa ari bo baba bateye intambwe ya mbere yo gutandukana, si kuri bose gusa…
Dore ibyiza byo kurongora umugore mugufi abasore benshi batazi
Umugore mwiza ni isoko y’ibyishimo n’amahoro ku mugabo we. Iyo umugabo rubanda rumubona nk’igitangaza ariko umugore we akaba amusuzugura uwo mugabo yumva kuba rubanda rumwubaha ariko akaba atubashywe n’umugore we ntacyo bimaze. Mu rwego rwo kwirinda aka gasuzuguro kimwe mu…
Akayabo k’amafaranga Perezida wa FERWAFA agiye kujya ahembwa katumye benshi bacika ururondogoro
Munyentwari Alphonse uyobora Ferwafa agiye kujya ahabwa asaga Miliyoni 65 Frw buri mwaka, nyuma yaho Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika, CAF, yemeje ko amafaranga yagenerwaga abayobozi ba za Federasiyo kuri uyu mugabane yazamuweho 150% akagera ku bihumbi 50$. Byemejwe na…
Yago yatorotse ubutabera bumukurikiranyeho ibyaha biremereye – Dr. Murangira
Dr. Murangira B. Thierry, Umuvugizi wa RIB, kuri uyu wa 3 Nzeri 2024, yavuze ko Nyarwaya Innocent, uzwi ku izina rya Yago yahunze bitewe n’ibyaha akurikiranweho, yongera kuvuga ko ukuboko k’ubutabera ntaho kutagera ko abantu nka Yago bakorera ibyaha hanze…
Uganda: Bobi Wine yarashwe n’abapolisi
Umunyapolitiki Robert Ssentamu Kyagulanyi ’Bobi Wine’ utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, kuri uyu wa Kabiri yarashwe na Polisi ya Uganda. Ubutumwa bwanyujijwe ku rubuga rwa X rw’uyu munyapolitiki ukuriye ishyaka NUP buvuga ko yarasiwe akaguru ahitwa Bulindo. Buragira buti: “Perezida…
Umukobwa wa Jacob Zuma wahoze ari Perezida wa Afurika y’Epfo agiye kuba umugore wa 16 wa Mswati
Nomcebo Zuma, umukobwa wa Jacob Zuma wahoze ari Perezida wa Afurika y’Epfo, yerekanywe nk’ugiye kuba umugore mushya w’Umwami Mswati III wa Eswatini. Mu ijoro ryo ku wa Mbere tariki ya 2 Nzeri ni bwo Nomcebo yerekanwe, ubwo muri Eswatini hasozwaga…