Year: 2024

Cabo Delgado: Ingabo z’u Rwanda zaguye mu gico cy’ibyihebe

Share this:

Mu ijoro ryo ku wa Gatandatu, ibyihebe byiyitira Isilamu byateze igico abapolisi/ingabo zo mu Rwanda zari mu irondo, mu karere ka Mocimboa da Praia, mu majyaruguru ya Mozambike mu ntara ya Cabo Delgado. Umuyobozi w’akarere ka Mocimboa da Praia, Sergio…

Share this:

Hari gutangwa ishimwe ry’asaga miliyari 8.5RWF ku ngaragu ziyemeje gushaka no kubyara

Share this:

Ubuyobozi bw’umujyi wa Busan muri Koreya y’Epfo bwatangije gahunda yo gutanga ishimwe rihwanye n’agera ku $ 64,000, ku ngaragu ziyemeje kubaka ingo ndetse no kubyara, hagamijwe guhangana n’ikibazo cy’igabanyuka rikabije ry’abaturage. Uyu mujyi ukora ibirori bigamije ibiganiro byo guhuza abadafite…

Share this:

RDC: Ukuri ku cyihishe inyuma y’imirambo 129 yagaragaye mu mashusho ateye ubwoba muri gereza ya Makala

Share this:

Ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye hagaragaye amashusho ateye ubwoba agaragaza imirambo myinshi irimo n’iyambaye ubusa, yagaragaye ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’uko ku wa mbere leta yari yavuze ko abantu babiri bapfuye mu gikorwa cyo kugerageza gucika gereza ya Makala y’i Kinshasa…

Share this:

Nyanza: Umugabo yashetewe ibihumbi 10 bituma ahasiga ubuzima

Share this:

Umugabo witwa Ntasangirwa Jean Claude w’imyaka 44 y’amavuko, yapfiriye mu musarane uri mu rugo ruherereye mu Mudugudu wa Nyakabuye mu Kagari ka Mpanga mu Murenge wa Mukingo ho mu Karere ka Nyanza, ubwo yari yahawe ikiraka cyo gukuramo telefone. Amakuru…

Share this:

Birababaje: Umusore na mushiki we bishe mukuru wabo w’imyaka 34 bamuhoye igikoma

Share this:

Mudugudu wa Nyacyonga, Akagari ka Kebero, Umurenge wa Ntongwe mu Karere ka Ruhango, haravugwa inkuru y’umusore wakubiswe na Murumuna we ndetse na mushiki we akaza kwitaba Imana azizwa igikoma. Uyu musore wishwe yitwa Maniragaba Alfred w’Imyaka 34 yari asanzwe abana…

Share this:

Hamenyekanye ubugome abakobwa bakora Salon de coiffure basigaye bakorera abagabo mu kazi babakarabirizamo mu mutwe

Share this:

Bamwe mu bagabo bo mu Rwanda bemeza ko abakobwa bakora mu nzu bogosheramo(Saloon de Coiffure) cyane abakarabya mu mutwe abantu baba bamaze kwiyogoshesha, bahohotera abagabo bigatuma batakaza amafaranga menshi mu buryo butapanzwe, ibyo bamwe bafata nk’ubwambuzi. Bamwe mu baganiriye na…

Share this:

Nikuze wo muri City Maid yahamije urwo akunda umuhanzi wo muri Nigeria

Share this:

Musanase Laura wamenyekanye nka Nikuze muri filime ‘City Maid’, yashimangiye urwo akunda umuhanziTriqa Blu wo muri Nigeria. Hari hashize iminsi kuva muri Kamena 2024 ku mbuga nkoranyambaga hasakazwa amashusho ya Nikuze na Triqa Blu bari mu kugirana ibihe byiza mu…

Share this:

Nyuma y’umwaka baraburiwe irengero, Miss Elsa yifurije umugabo we Prince Kid isabukuru nziza

Share this:

Nyampinga w’u Rwanda wegukanye ikamba rya 2019, Iradukunda Elsa yongeye gushimangira urwo akunda umugabo we Prince Kid bamaze umwaka bakoze ubukwe nubwo kugeza uyu munsi batakibarizwa mu Rwanda. Ni mu butumwa Miss Iradukunda yanyujije ku rukuta rwe rwa Instagram abwira…

Share this:

Yago wahunze igihugu yagaragaje ko Umunyamamakuru murungi Sabin wa Isimbi TV ari umugome anahishura ko yasenye ingo nyinshi

Share this:

Mu rutonde runini cyane rw’Abanyamakuru n’abandi bantu baba mu myidagaduro mu Rwanda bagaragajwe na Yago ko ari abantu babi, harimo n’umunyamakuru Murungi Sabin ukorera kuri shene ya Isimbi, kuko ngo ari mu bantu batangije inkundura yo guhangana na we igihe…

Share this:

Abantu 12 bari bavuye mu birori bapfiriye mu mpanuka ikomeye

Share this:

Ku kiraro cya Tharaka Nithi, mu muhanda uva ahitwa Meru werekeza mu mujyi wa Nairobi mu gihugu cya Kenya, habereye impanuka ikomeye yahitanye ubuzima bw’abantu 12. Ahagana Saa Tatu z’ijoro zo ku wa 31 Kanama 2024 nibwo iyi modoka yari…

Share this: