Year: 2024

Madagascar: Uzajya ahamwa n’icyaha cyo gusambanya umwana azajya ahanishwa gukonwa(gukakatwa igitsina)

Share this:

Leta ya Madagascar mu cyumweru gishize yasohoye itegeko ryo gukona hakoreshejwe kubaga umuntu wese wahamwe n’icyaha cyo gusambanya umwana ku ngufu. Ni itegeko ryateje impaka kuva ryatorwa n’inteko ishinga amategeko. Muri Gashyantare(2) nibwo sena ya Madagascar yatoye yemeza iri tegeko,…

Share this:

Uganda: Hamenyekanye umwirondoro w’umunyarwandakazi wapfiriye mu mpanuka ya Bus

Share this:

Umwirondoro w’umunyarwandakazi umwe niwe wamenyekanye ko ari mu baguye mu mpanuka ya Bisi ya Jaguar yakoreye i mpanuka mu muhanda Kampala – Masaka iza mu Rwanda. Amakuru avuga ko umunyarwandakazi witwa Akaliza Aline ari umwe mu baguye mu mpanuka yabaye…

Share this:

Kinshasa: Abapolisi 2 bahagaritswe ku mirimo bazira guhutaza abadiplomate

Share this:

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 31 Kanama, Minisitiri w’intebe wungirije wa Congo akaba na Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu, Shabani Lukoo, yategetse ihagarikwa ry’agateganyo mu rwego ry’abapolisi bakuru babiri ba Polisi y’igihugu cya Congo (PNC). Aba ni umuyobozi wungirije w’ishami rishinzwe…

Share this:

Perezida Kagame yazamuye mu ntera abasirikare basaga 600 barimo ba ’Brigadier General’

Share this:

Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yazamuye mu ntera abasirikare basaga 600 barimo babiri bavuye ku ipeti rya Colonel bashyirwa ku rya Brigadier General naho 14 bashyirwa ku ipeti rya Colonel. Itangazo ryashyizwe hanze n’ingabo z’u Rwanda…

Share this:

Goma: Hateganyijwe umuhango wo gushyingura imibiri y’abantu 200 byagoye Leta gusobanura urupfu rwabo

Share this:

Serivisi ishinzwe protocol ku rwego rw’Intara ya Kivu ya Ruguru yatangaje ko kuri uyu wa Mbere taliki 02 Nzeri2024, hari bushyingurwe imibiri 200 y’abantu bahitanywe n’intambara. Ubuyobozi bw’iyi Protocole, buvuga ko ari igikorwa cyiza kubera kuri kuri Stade de l’unite…

Share this:

RDF yavuze impamvu yatumye Maj Gen Nzaramba na bagenzi be birukanwa mu gisirikare

Share this:

Perezida Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yirukanye abasirikare bakuru barimo Gen. Maj. Martin Nzaramba, Col. Dr. Etienne Uwimana n’abandi ba Ofisiye 19 bakuru n’abato. Inkuru ducyesha IGIHE ivuga ko Umuvugizi w’igisirikare cy’u Rwanda, Brig. Gen Ronald Rwivanga yatangaje…

Share this:
Posted on

Ntibisanzwe: Umukobwa yasanzwe mu idirishya ryo kwa Mudugudu yapfuye nyuma y’uko umuhungu wa Mudugudu yanze ko baryamana

Share this:

Ku wa 28 kanama 2024, mu karere ka Bugesera, mu Murenge wa Mwogo, Kagari ka Rugenge, mu mudugudu umwe wo muri aka kagari, habonetse umurambo w’umukobwa wari umanitse mu idirishya ryo kwa Mudugudu, bicyekwa ko yishwe n’abagizi ba nabi. BTN…

Share this:
Posted on

Tshisekedi yirukanye Tshibangu wari intumwa ye yihariye mu bibazo afitanye n’u Rwanda

Share this:

Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yaraye yirukanye ku mirimo Serge Kabeya Tshibangu wari intumwa ye yihariye ishinzwe gukurikirana ibiganiro bya Nairobi na Luanda. Umuvugizi wa Tshisekedi, Tina Salaam ni we watangaje ko Tshibangu yirukanwe, asimburwa…

Share this:
Posted on

Gen Kazura n’abandi basirikare barenga 1,000 bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru

Share this:

Perezida Paul Kagame akanaba Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), yashyize mu kiruhuko cy’izabukuru abasirikare barenga 1,000 barimo Gen Jean Bosco Kazura wigeze kuba Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda. Gen Kazura yabaye Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda hagati y’Ugushyingo 2019…

Share this:
Posted on

Rwanda: BNR yahinduye inoti ya 5000FRW n’iya 2000FRW

Share this:

Mu minsi mike mu Rwanda, haratangira kugaragara inoti nshya za 5000frw na 2000Frw zizaba zifite ibirango bitari ibyari bisanzwe kuri izo note. Bimwe mu bizaba biranga inoti nshya ya 5000Frw harimo inyubako ya Kigali Convention Center, mu gihe mu bizaba…

Share this:
Posted on