Year: 2024

Hagaragayemo amarozi – Ibitaravuzwe ku mukino APR FC yasezereyemo Azam FC

Share this:

Inkuru y’intsinzi APR FC yakuye ku ikipe ya AZAM FC yo muri Tanzania ni imwe mu zikomeje kugarukwaho n’abakurikira siporo by’umwihariko abakunzi b’iyi kipe. Uretse imigendekere nyirizina, Ikindi benshi bakomeje kugarukaho ni imyitwarire yaranze iyi kipe ya AZAM FC, bamwe…

Share this:
Posted on

Zari yahishuye ikintu gitangaje agiye gukorera umugabo we Shakib wamwise umukecuru

Share this:

Umuherwekazi akaba n’umwe mu bakoresha neza imbuga nkoranyambaga Zari Hassan uzwi nka Zari The Boss Lady, yabwiye umugabo we baheruka kugirana ibibazo Shakib Cham ko vuba azabona uwo amusimbuza uzi agaciro ke. Bibaye nyuma y’iminsi ibiri bombi bashyize ahagaragara iby’isenyuka…

Share this:
Posted on

Sandrine Isheja wari umunyamakuru kuri Kiss FM yagizwe umuyobozi ukomeye

Share this:

Sandrine Isheja Butera wari usanzwe ari umunyamakuru kuri Radio Kiss FM, yandikanye ashimwe ashimira Perezida Paul Kagame wamugiriye icyizere akamugira Umuyobozi Mukuru Wungirije w’Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru, RBA. Inama y’Abaminisitiri yateranye bwa mbere nyuma y’Uko hashyizweho Guverinoma nshya, yafashe ibyemezo binyuranye…

Share this:
Posted on

Riderman na Bull Dogg banditse amateka

Share this:

Abaraperi Riderman na Bull Dogg bongeye guhesha ikuzo umuziki wa Hip Hop bakora igitaramo kizasigara mu mitwe ya benshi bitiriye album yabahuje bise “Icyumba cy’Amategeko”, cyabaye mu ijoro rya tariki 24 Kanama 2024 muri Camp Kigali. Iki gitaramo cyari kiyobowe…

Share this:
Posted on

CAF Champions League: APR FC yasezerereye Azam FC mu Mahoro. Uko umukino wagenze

Share this:

APR FC yatsinze Azam FC yo muri Tanzania ibitego 2-0 mu mukino wo kwishyura w’ijonjora ry’ibanze ihita ikomeza mu ijonjora rikurikiyeho Uko umukino wagenze  umunota ku munota; Umukino urangiye APR FC itsinze Azam FC ibitego 2-0,biba 2-1 muri rusange ihita…

Share this:
Posted on

Ibitavugwa ku idosiye ya The Ben na Baby Emelyne imaze iminsi irikoroza kubera akantu The Ben yakuruye mu ruhame

Share this:

Eric Ndagijimana [X Dealer] yavuze uko abona ubwiyunge bwa Mugisha Benjamin [The Ben] na Karomba Gael [Coach Gael] anagera ku mashusho yaciye ibintu y’uyu muhanzi na Kwizera Emelyne [Baby Emelyne]. Ku wa 15 Kanama ni bwo hagiye hanze amafoto agaragaza…

Share this:
Posted on

Tangawizi ifasha abagore bari mu mihango – UBUSHAKASHATSI

Share this:

Ikimera cya Tangawizi gikunze gukoreshwa cyane haba mu kugishyira mu kinyobwa cyangwa mu biribwa. Iki gihingwa gifite akamaro kenshi harimo no kugabanya uburibwe ku mugore uri mu gihe cy’imihango. Ubushakashatsi bwagaragaje ko Tangawizi ifasha kugabanya ububabare ku b’igitsina gore mu…

Share this:
Posted on

Kevin Kade yatangiye kurya ku matunda y’indirimbo Sikosa

Share this:

Nyuma yo gushyira hanze indirimbo Sikosa, Kevin Kade yahise yuzuza abantu 100,000 bamukurikira kuri YouTube bimuhesha igihembo cya Silver gitangwa na YouTube. Indirimbo Sikosa yari imaze iminsi itegerejwe na benshi, bashyize irasohoka ndetse na nyiri iyi ndirimbo atangira gusoroma ku…

Share this:
Posted on

Rayon Sports yabuze amanota 3 ku munota wa nyuma

Share this:

Ikipe ya Rayon Sports yatengushye abakunzi bayo mu mukino w’umunsi wa kabiri wa Shampiyona inganya n’Amagaju 2-2, nyuma yo kunganya na Marines 0-0 mu mukino w’umunsi wa mbere wa Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda umwaka w’imikino 2024-2025. Imikino y’umunsi…

Share this:
Posted on

Ingabo za Ukanda zagabye igitero ku birindiro bya Joseph Kony

Share this:

Ingabo za Uganda, (UPDF) zatangaje ko kuri uyu wa Kabiri zagabye ibitero ku birindiro bya Joseph Kony washinze mutwe witwaje intwaro wa LRA urwanya ubutegetsi bwa Perezida Yoweri Kaguta Museveni. UPDF yatangaje ko ingabo zayo zagabye ibitero ku birindiro bya…

Share this:
Posted on