Reka gukoresha udutima buhumyi! Dore Igisobanuro cy’udutima dukoreshwa mu butumwa bugufi n’igihe cyo kudukoresha
Ubutumwa bugufi ni uburyo buryoha cyane kandi bwihuta dukoresha tuvugana n’inshuti zacu cyangwa abavandimwe. Uretse kandi kuba twakwandika, tujya tunohereza utumenyetso/ udushusho mu gihe tubafitiye ubutumwa bwihariye. Muri iyi nkuru, twaguteguriye ibisobanuro by’utumenyetso dutandukanye tw’umutima dukunze gukoreshwa mu butumwa…
Abakobwa: Ntuzibeshye ngo wandikire umusore mukundana rimwe muri aya magambo
Ni ngombwa ko abakobwa bamenya amagambo bakoresha bandikira ubutumwa bugufi abakunzi babo ndetse bakanamenya nayo bagomba kwirinda kugira ngo batangiza urukundo rwabo. Ni ingenzi ku mukobwa kumenya icyo ukwiye kuvuga n’igihe cyo kukivugira mu gihe wandikiye umukunzi wawe ubutumwa kuri…
Abasore: Ibimenyetso 9 byakwereka ko umukobwa mukundana akuryarya
Urukundo ruba rwiza hagati ya babiri iyo bakundana by’ukuri ndetse bizerana kandi batabeshyanya,gusa biba bibi iyo hari umwe mu bakundana ubeshya mugenzi we,ntamubwize ukuri, iyo bimeze gutyo, biba birutwa no kutajya mu rukundo. Nubwo bimeze gutyo ariko hari bamwe batazi…
Abasore: Dore ibimenyetso 9 byakwereka ko umukobwa mukundana yifitiye undi musore wamutwaye umutima
Inshuro nyinshi abakobwa baca inyuma abakunzi babo ariko nyuma bakabifata, ndetse bakitwara nkaho nta kintu cyabayeho. Nk’umuhungu rero ugomba kureba neza ukitegereza imyitwarire y’umukobwa mukundana, cyane cyane iyo utangiye kubona urukundo rwanyu rwajemo agatotsi. Ni kuri izo mpamvu wagatangiye kwitegereza…
Sinjya niyumvisha uko nabaho ntagufite – Imitoma 10 buri mukobwa wese aba yifuza kubwirwa n’umukunzi we
Mugabo nawe musore ukeneye kubwira umugore cyangwa umukobwa mukundana amagambo meza kugirango ajye ahora akwiyumvamo ndetse ntazakurambirwe. Dore amwe mu magambo abagore n’abakobwa bakunda ko wababwira. 1. Uri mwiza 2. Sinjya niyumvisha uko nabaho ntagufite 3. I’m sorry (mbabarira cyangwa…
Dore ibintu 5 biranga urukundo nyarwo buri muntu uri mu rukundo akwiye kumenya
Urukundo rw’ukuri rurigaragaza kuko, nirwo rukundo ruhesha amahoro menshi abarurimo.Ese ni iki ukwiriye kurumenyaho ? 1. Urukundo ni ugusangira ntabwo ari ibihe byiza gusa cyangwa ibihe bibi gusa. Nk’uko byemejwe n’inzobere mu rukundo, kuba uri mu rukundo rw’ukuri uzabyerekwa nuko…
Dore ibintu 12 abantu bafata nk’ibisanzwe kandi byangiza urukundo buhoro buhoro kugeza ruzimye burundu
Imyitwarire umuntu agira mu rukundo niyo iruha kuramba cyangwa gusenyuka. Igihe ukeneye kugumana n’umukunzi wawe, hari uburyo uba ugomba kwitwara bya buri munsi. Niba ufite imwe muri iyi myitwarire, umenye ko ufite umwanzi uzirana n’urukundo ndetse uzarurimbura buke buke kugeza…
Dore amabanga 11 yagufasha kuba intangarugero mu gitanda ugahora wizihira umukunzi wawe
Kugira ngo urugo rube rwiza kandi rukomeye, bisaba ko abashakanye bagira umubano mwiza mu bice byose by’ubuzima, harimo no mu rukundo rw’abashakanye. Mu bijyanye no kwiyubakira urukundo rukomeye, bamwe bishimira kuba abayobozi mu buryo bwo kwereka urukundo rwabo. Dore ibintu…
Minisiteri ya Sport yahawe Minisitiri mushya
Nelly Mukazayire wari Umunyamabanga uhoraho muri Minisports yagizwe Minisitiri wa Siporo asimbuye Nyirishema Richard wagizwe Umuyobozi Nshingwabikorwa mu Kigo Gishinzwe Umutungo Kamere w’Amazi. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu ni bwo mu Biro bya Minisitiri w’Intebe, hasohotse Itangazo rishyira…
Abasore: Dore ibintu 10 byagufasha gutuma umukobwa agukunda akakwimariramo
Buri gihe ujye wibuka, ni “utuntu duto” ukora kenshi n’ “ibintu binini” ukora rimwe na rimwe bitanga inyungu nyinshi ku ishoramari muri Konti yawe y’urukundo! Ubu buhanga n’inama bizakora mu buryo bw’imibanire kandi rwose bizamufasha kongera kugukunda byimazeyo. 1. Mutege…