Year: 2024

Dore ibimenyetso 5 simusiga byakwereka ko umukobwa agukunda by’ukuri

Share this:

Burya mu rukundo habaho ibintu byinshi bitandukanye kuba umukobwa umusabye urukundo akarukwemerera sibihagije ko wamwizera ngo aragukunda. Hari umukobwa ushobora kugukundira amafaranga cyangwa hari indi nyungu runaka agukeneyeho yamara kuyigeraho agahita akureka. Musore niba ufite umukobwa mukundana dore ibimenyetso bizakwereka…

Share this:

Dore amagambo 10 y’ubwenge umukobwa akoresha iyo ashaka kwereka umusore ko yamubenze

Share this:

Burya mu rukundo si ngombwa guhendahenda kuko rugenda rwizana buhorobuhoro bityo umukobwa nubona arimo kukunaniza akoresheje imvugo zimwe tugiye kukubwira uzamureke umenye ko atagukunda pe. 1. Ndacyari umwana N’ubwo tumenyereye ko abasore bashakana n’abakobwa baruta, mu gihe umukobwa wifuzaho umukunzi…

Share this:

Dore uburyo 8 wakoresha ukigarurira burundu umutima w’umukobwa ukunda

Share this:

Hari igihe usanga umusore akunda umukobwa ndetse yifuza ko bagirana umubano udasanzwe ariko ugasanga yaraniwe kwinjira mu mutima we ngo awigarurire. Nyamara kubigeraho ntibigoye biragusaba kumenya no gukora ibi bintu bike gusa. 1. Tangira uterete kandi ushyiremo imbaraga umunsi ku…

Share this:

Yashatse kuba Meya biranga: Byinshi kuri Minisitiri Dr. Utumatwishima

Share this:

Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr Utumatwishima Jean Nepo Abdallah yahishuye inzira yanyuzemo yamugejeje ku nshingano zo kuyobora urubyiruko, ndetse n’uko yifuje kuyobora Akarere ariko ntibimuhire. Ubwo yaganirizaga abarenga 1000 bitabiriye ibirori byo kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Ubukorerabushake kuri uyu wa Kane…

Share this:

Rayon Sports yanditse amateka mbere yo gucakirana na mukeba APR FC

Share this:

Amatike y’umukino w’ikirarane cyo ku munsi wa Gatatu wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda uzahuza Rayon Sports na APR FC yashize ku Isoko. Ku munsi w’ejo ku wa Gatandatu Saa Kumi n’Ebyiri z’umugoroba nibwo umuriro uzaba waka muri Stade…

Share this:

Mu Buhinde hazamuwe satellite zigiye kuzimya izuba

Share this:

Kuri uyu wa Kane, satelite ebyiri bo zo Burayi zazamuwe mu isanzure mu rugendo rwihariye rwo gukora ubwirakabiri (kuzimya izuba) , hifashishijwe ikoranabuhanga rihambaye. Iri zamurwa ryabereye mu Buhinde kandi rigamije gufasha abashakashatsi kwiga byinshi ku mikorere ya sun’s corona…

Share this:

Rayon Sports igiye gutangiza Sosiyete izaba ifite igishoro cy’asaga miliyari 15FRW

Share this:

Perezida wa Rayon Sports, Twagirayezu Thaddée, yatangaje ko sosiyete iyi kipe igiye gutangiza izaba ifite igishoro cya miliyari 15 Frw, mu gihe umugabane umwe uzaba ari ibihumbi 30 Frw. Uyu muyobozi yabigarutseho mu kiganiro yagiranye na B&B FM Kigali, ku…

Share this:

RDC: Abashinjwa kuba muri M23 bagomba kwicwa – Minisitiri Mutamba

Share this:

Minisitiri w’Ubutabera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Constant Mutamba, yatangaje ko batanu bashinjwe kuba mu ihuriro AFC ryibumbiyemo imitwe ya politiki irwanya ubutegetsi bw’iki gihugu n’umutwe witwaje intwaro wa M23, bagomba kwicwa. Ibi yabitangaje nyuma y’aho urukiko rw’ubujurire rwa…

Share this:

Jacky yatawe muri yombi nyuma yo kwihanangirizwa kenshi aho akurikiranweho ibyaha 3

Share this:

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwemeje ko ku wa 4 Ukuboza 2024, rwataye muri yombi Usanase Shalon uzwi ku mbuga nkoranyambaga nka Jacky. Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira B.Thierry yabwiye Igihe ko, Jacky akurikiranweho ibyaha 3 ari byo: gukora ibikorwa by’ibiterasoni…

Share this:

Gen. Mubarakh yagaye imikinire ya APR FC ndetse n’ibitego itsinda ayisaba ikintu gikomeye

Share this:

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda akaba n’Umuyobozi w’Ikirenga wa APR FC, Gen. Mubarakh Muganga, yibukije abakinnyi b’iyi kipe ko bakwiye kongera umubare w’ibitego batsinda kugira ngo bazabashe kwegukana igikombe cya shampiyona y’uyu mwaka. Si kenshi asura ikipe y’Ingabo ngo aganire…

Share this: