Year: 2024

Hamenyekanye uko Kizza Besigye yatawe muri yombi agambaniwe n’uwari kumushakira intwaro zo guhirika perezida Museveni

Share this:

Hashize iminsi itandatu abasirikare ba Uganda bakorera mu mutwe ushinzwe imyitwarire (Military Police) bagejeje Umunyapolitiki Dr Kizza Besigye mu rukiko rwa gisirikare rwa Makindye, nyuma y’iminsi itatu afatiwe i Nairobi. Mbere y’uko agezwa mu rukiko, umugore we, Winnie Byanyima, yasobanuye…

Share this:

U Rwanda rwasubije Umu-Minisitiri wa RDC wavuze ko azafunga Perezida Kagame

Share this:

Guverinoma y’u Rwanda yashinje iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo “ubushotoranyi bukomeye”, nyuma y’uko Minisitiri w’Ubutabera w’iki gihugu atangaje ko azafunga Perezida Paul Kagame. Ku Cyumweru tariki ya 24 Ugushyingo ni bwo Minisitiri Constant Mutamba yatangaje ayo magambo, ubwo yaganiraga…

Share this:

Igihe Rayon Sports na APR FC zizacakiranira wamenyekanye

Share this:

Umukino w’ikirarane Rayon Sports igomba guhuriramo na mukeba wayo APR FC, byemejwe ko uzakinwa ku wa 7 Ukuboza 2024. Ni umukino w’umunsi wa gatatu wa shampiyona utarakinwe ku gihe bijyanye n’uko ikipe y’Ingabo z’igihugu yari mu mikino ya CAF Champions…

Share this:

Umutoza wa Rayon Sports, Robertinho yahishuye ibanga akoresha rituma iyo ayirimo iba ihagaze neza

Share this:

Nyuma y’umukino Rayon Sports yatsinzemo Gorilla fc FC ku Cyumweru, umutoza wa Rayon Sports, Robertinho, yavuze ko ari iby’agaciro kubona ikipe ye imaze kugera ku rwego rwo hejuru, aho yemeje ko Rayon Sports imeze nk’ikipe ya Barcelona yo mu 2009…

Share this:

Gatsibo: Urupfu rw’umwarimu wari ukiri mu kwa Buki rukomeje kuvugisha benshi

Share this:

Mu Karere ka Gatsibo,Umurenge wa Gasange haravugwa inkuru y’incamugongo y’urupfu rw’umwarimu witwa Kanyamugara Wicriff wari umwarimu kuri GS Gategero wapfuye akiri mu kwezi kwa buki. Amakuru dukesha BWIZA avuga ko umuntu wari umuzi neza yatangaje ko, amakuru uyu mwarimu yari…

Share this:

Bwiza yahaye igisubizo gitangaje uwavuze ko nta Nyash(kibuno) agira

Share this:

Byabaye kuri uyu wa Gatandatu nyuma yo gushyira hanze integuza y’indirimbo nshya Bwiza yakoranye The Ben. Bwiza na The Ben bitegura gusohora indirimbo yabo nshya bise “Best friend” nyuma yo gusangiza abakunzi babo integuza yayo, umufana wabo wiyise Kazungu Kaboss…

Share this:

Ukraine: Perezida Zelensky yakuriye inzira ku murima abari bategereje amatora ya Perezida

Share this:

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yatangaje ko igihugu cye kigomba kubanza kubona amahoro, mbere y’uko haba amatora y’Umukuru w’Igihugu. Ibi Perezida Zelensky yabitangaje nyuma y’uko akomeje gushinjwa kuyobora igihugu binyuranyije n’amategeko kuko manda ye yarangiye muri Werurwe 2024, ariko aza…

Share this:

Ibitaravuzwe ku ikorwa ry’indirimbo ya Bwiza na The Ben ‘Best friend’

Share this:

Bwiza yamaze gushyira hanze amashusho y’indirimbo ye nshya yise ‘Best friend’ aho yayifatanyije na The Ben, gusa umushinga wo kuyikora ntabwo wari woroshye kuko byinshi mu byari byateguwe mu ifatwa ry’amashusho yayo byaje guhinduka ku munota wa nyuma. Nk’ubu amakuru…

Share this:

Uganda: Kizza Besigye utavuga rumwe n’ubutegetsi yaburiwe irengero

Share this:

Col. Dr Kizza Besigye utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, amaze iminsi yaraburiwe irengero. Amakuru avuga ko uyu mugabo yaburiye i Nairobi muri Kenya aho yari yagiye ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize, aho yari yitabiriye igikorwa…

Share this:

Polisi yahakanya amakuru yakwirakwiriye ku mbuga nkorambaga avuga ko Miss Muheto yongeye gutabwa muri yombi

Share this:

Polisi y’u Rwanda yanyomoje amakuru y’itabwa muri yombi rya Miss Muheto Divine, nyuma y’amasaha bihwihwiswa ku mbuga nkoranyambaga. Umuvugizi Polisi y’u Rwanda, ACP Boniface Rutikanga yabwiye IGIHE ko aya makuru yakomeje gusakazwa ari ibihuha. Miss Muheto na we abinyujije ku…

Share this: