RDC: Iryinyo rya Lumumba ryari ryagaruwe n’Ububirigi ryaburiwe irengero
Iryinyo rya Patrice Lumumba wigeze kuba Minisitiri w’Intebe wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo akanaba intwari y’iki gihugu ryibwe, biteza impagarara. Mu ijoro ryacyeye ni bwo iryo ryinyo ryibwe mu nzu ndangamurage y’i Kinshasa aho ryari ribitse. Iryo ryinyo ryibwe…
Gukomeza muri Kaminuza bizajya bisaba umunyeshuri kuba yaratsinze amasomo yose ku kigero cya 50%
Minisiteri y’Uburezi yatangaje uburyo bushya buzajya bukurikizwa kugirango umunyeshuri yemererwe gukomeza muri Kaminuza. Ni uburyo butegeka ko uzajya wemererwa gukomeza muri kaminuza ari umunyeshuri uzajya utsinda amasomo yose ku kigereranyo cya 50% Ubu buryo butndukanye n’ubwari busanzweho,aho uwemererwaga gukomeza muri…
Rayon Sports yabonye perezida mushya usimbura Uwayezu Jean Fidele
Kuri uyu wa Gatandatu, Twagirayezu Thaddé yatorewe kuyobora ikipe ya Rayon Sports mu myaka ine iri imbere asimbuye Uwayezu Jean Fidele. Ni amatora yabereye mu Nteko Rusange yateraniye mu Nzove kuri uyu wa 16 Ugushyingo 2024, yagombaga kugena ahazaza ha…
Abakobwa: Dore ibintu 3 ugomba kwirinda kuko bituma umusore agusuzugura mu rukundo
Muri kamere y’igitsinagabo ntibasanganywe umuco wo gusuzugura abakunzi babo ku buryo bugaragara, ariko hari zimwe mu mpamvu zishobora gutuma umusore cyangwa umugabo mukundana agusuzugura. Gusuzugura ni igihe umuntu akoze ibintu bibabaza undi muntu ariko bitabaye ku bw’impanuka ahubwo bikozwe ku…
Bituma yivamo: Dore ibibazo 8 wabaza umukunzi wawe ukamenya ko yaguciye cyangwa ataguciye inyuma
Niba ukeka ko umukunzi wawe aguca inyuma ukaba ushaka kumenya ukuri ariko utiriwe umuhatiriza cyangwa se ngo umutonganye kugira ngo avugishe ukuri nk’uko abantu benshi bigenda bikanarangira batabigezeho kubera uburyo umujinya ubabera inzira ibafungira kumenya ukuri, ushobora wowe gutuma umukunzi…
Ruud van Nistelrooy yatandukanye na Manchester United yari amaze iminsi atoza
Ikipe ya Manchester United nyuma yo kubona umutoza mukuru Ruben Amorim yamaze gutandukana n’uwari umutoza w’umusigire Ruud van Nistelrooy, ibi bikaba byababaje abakunzi b’iyi kipe. Manchester United yatangaje ko Ruud van Nistelrooy wari umutoza w’umusigire yasezerewe ku mirimo nyuma yo…
Botswana: Uwabaye Miss yagizwe Minisitiri w’urubyiruko ku myaka 26
Umukobwa witwa Lesego Chombo wambitswe ikamba rya Nyampinga wa Botswana mu 2022, ndetse akaba na Miss World Africa 2024, yagizwe Minisitiri w’Urubyiruko n’Uburinganire muri icyo gihugu. Uyu mukobwa w’imyaka 26, yashyizweho na Perezida mushya w’iki gihugu Duma Boko uheruka gutorerwa…
APR FC yabonye umuyobozi mushya, Brig. Gen Deo Rusanganwa
Ikipe ya APR FC yamaze gutangaza ko Brig Gen Deo Rusanganwa ari we ugiye kuyobora iyi kipe by’agateganyo nyuma yo gusezerera uwari usanzwe kuri uyu mwanya Col (Rtd) Karasira Richard. Ibinyujije ku rubuga rwayo, APR FC, yatangaje ko Brig Gen…
Umujyanama wa Donald Trump yaburiye Ukraine
Bryan Lanza, Umujyanama wa Perezida, Donald Trump, yavuze ko Ukraine ikwiye kugira intego nyayo mu ntambara iyihuza n’u Burusiya kandi igomba kwakira ko agace ka Crimea u Burusiya bwigaruriye itazagasubizwa. Ku wa 9 Ugushyingo, Bryan Lanza yabwiye BBC ko ubuyobozi…
Pep Guardiola yatakaje icyizere cyo gutwara Premier League uyu mwaka
Umutoza wa Manchester City, Pep Guardiola, yatangaje ko nyuma y’uko abona ibihe arimo bitameze neza, yumva aricyo gihe ngo byibuze indi kipe ibe yabona amahirwe yo kwegukana Igikombe cya Shampiyona mu Bwongereza. Ibi ni bimwe mu byo uyu mugabo yatangaje…