Uburundi bwahishuye icyatumye bufunga umupaka byihuse
Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Burundi,Albert SHINGIRO,yatangaje ko u Burundi bwigenga ndetse ko ntawe bureberaho mu gufata ibyemezo ariyo mpamvu bwahisemo gufunga imipaka n’u Rwanda nyamara RDC imaze igihe ishinja u Rwanda gukorana na M23 yo yaritonze. Ubwo Minisitiri Shingiro yari…
Musa Esenu yabonye ikipe imuhemba akayabo nyuma yo gutandukana na Rayon Sports
Rutahizamu ukomoka muri Uganda, Musa Esenu,wahoze akinira Rayon Sports,yerekeje mu ikipe nshya yitwa Masafi Al-Junoob SC yo mu cyiciro cya kabiri muri Iraq. Amakuru avuga ko uyu rutahizamu umaze imyaka 2 muri Rayon Sports, yamaze kumvikana n’ikipe yo mu cyiciro…
KNC yishongoye kuri Rayon Sports nyuma yo kuyitsinda
Abafana ba Gikundiro batangiye umwaka wa 2024 bari mu marira nyuma yo gutsindwa na Gasogi United ibitego 2-1 mu mukino w’Umunsi wa 16 wa shampiyona wabaye ku wa Gatanu, tariki 12 Mutarama 2024, kuri Kigali Pelé Stadium. Muri uyu mukino…
Leta y’u Rwanda yageneye ubutumwa abarundi bari mu Rwanda
Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda,Alain Mukuralinda, yabwiye abarundi bari mu Rwanda ko bakwiye gutuza kuko u Rwanda rutafunze imipaka nk’igihugu cyabo. Mu kiganiro yagiranye na IGIHE,Umuvugizi wa Guverinoma Wungirije, Alain Mukuralinda, yavuze ko Abarundi batuza kuko nta kibazo bazahura…
Kenya: Abacamanza bifatiye ku gahanga perezida Ruto kubera ibyo yatangaje
Ubuyobozi bw’Urukiko rw’Ikirenga rwa Kenya, ntibucana uwaka na Perezida William Ruto nyuma y’aho atangaje ko hari ibyemezo by’ubucamanza azajya arengaho. Tariki ya 2 Ukuboza 2023 ni bwo Ruto yatangaje ko hari ibyemezo by’inkiko bitinza gahunda ze zo guteza imbere igihugu,…
Akamaro k’UMWENYA, indwara zivurwa na wo n’uko wawunywa
Ibyatsi bizwi ku izina ry’umwenya bikunze kwimeza mu bice by’icyaro,ni umwe mu miti myiza benshi bakuze bavurishwa,kandi ubarinda indwara nyinshi zifata umubiri byoroshye,nubwo muri iyi minsi ukunze gukoreshwa mu cyayi. Umwenya ni umwe mu miti gakondo ikunze gukoreshwa n’abakecuru,kuko bazi…
Kiyovu Sports yafatiwe ibindi bihano na FIFA mu gihe n’ubusanzwe itorohewe
Ikipe ya Kiyovu Sports yahanishijwe kudasinyisha abakinnyi kubera kutubahiriza amasezerano. Kuri uyu wa Gatatu tariki 3 Mutarama 2024, nibwo impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku Isi FIFA, yandikiye ikipe ya Kiyovu Sports ibamenyesha ko batemerewe gusinyisha umukinnyi n’umwe muri iri soko ry’igura…
Miss Muyango na Kimenyi Yves basezeranye – AMAFOTO
Uwase Muyango Claudine witabiriye irushanwa rya nyampinga w’u Rwanda 2019 na Kimenyi Yves usanzwe ari umunyezamu wa ekipe y’Igihugu Amavubi na AS Kigali basezeranye imbere y’amategeko. Uyu muhango wabaye kuri uyu wa Kane tariki 04 Mutarama 2024, mu Murenge wa…
M. Irene arimo kuvumirwa ku gahera i Burundi nyuma yo gukorerayo igitaramo
Umunyamakuru wo kuri murandasi akaba n’umujyanama w’abahanzi Irene Mulindahabi akomeje guterwa amabuye i Burundi nyuma yo kwitambika abakoresha umuyoboro wa Youtube i Burundi. Irene Mulindahabi witazira akazina ka ’M Irene’ i Burundi akomeje guterwa imijugujugu n’abanyamakuru baho biganjemo abakoresha umuyoboro…
Juvenal wahoze ayobora Kiyovu Sports yareze Ndorimana Jean François Régis uzwi nka Général
Mvukiyehe Juvenal, nyiri ikipe ya Addax yareze umuyobozi wa Kiyovu Sports, Ndorimana Jean François Régis, uzwi nka ’Général’ icyaha cyo kwangisha undi rubanda ndetse no guharabika. ’Général’ azitaba Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ku wa Kane, tariki 4 Mutarama…