Year: 2024

Uburundi bwahishuye icyatumye bufunga umupaka byihuse

Share this:

Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Burundi,Albert SHINGIRO,yatangaje ko u Burundi bwigenga ndetse ko ntawe bureberaho mu gufata ibyemezo ariyo mpamvu bwahisemo gufunga imipaka n’u Rwanda nyamara RDC imaze igihe ishinja u Rwanda gukorana na M23 yo yaritonze. Ubwo Minisitiri Shingiro yari…

Share this:

Musa Esenu yabonye ikipe imuhemba akayabo nyuma yo gutandukana na Rayon Sports

Share this:

Rutahizamu ukomoka muri Uganda, Musa Esenu,wahoze akinira Rayon Sports,yerekeje mu ikipe nshya yitwa Masafi Al-Junoob SC yo mu cyiciro cya kabiri muri Iraq. Amakuru avuga ko uyu rutahizamu umaze imyaka 2 muri Rayon Sports, yamaze kumvikana n’ikipe yo mu cyiciro…

Share this:

KNC yishongoye kuri Rayon Sports nyuma yo kuyitsinda

Share this:

Abafana ba Gikundiro batangiye umwaka wa 2024 bari mu marira nyuma yo gutsindwa na Gasogi United ibitego 2-1 mu mukino w’Umunsi wa 16 wa shampiyona wabaye ku wa Gatanu, tariki 12 Mutarama 2024, kuri Kigali Pelé Stadium. Muri uyu mukino…

Share this:

Leta y’u Rwanda yageneye ubutumwa abarundi bari mu Rwanda

Share this:

Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda,Alain Mukuralinda, yabwiye abarundi bari mu Rwanda ko bakwiye gutuza kuko u Rwanda rutafunze imipaka nk’igihugu cyabo. Mu kiganiro yagiranye na IGIHE,Umuvugizi wa Guverinoma Wungirije, Alain Mukuralinda, yavuze ko Abarundi batuza kuko nta kibazo bazahura…

Share this:

Kenya: Abacamanza bifatiye ku gahanga perezida Ruto kubera ibyo yatangaje

Share this:

Ubuyobozi bw’Urukiko rw’Ikirenga rwa Kenya, ntibucana uwaka na Perezida William Ruto nyuma y’aho atangaje ko hari ibyemezo by’ubucamanza azajya arengaho. Tariki ya 2 Ukuboza 2023 ni bwo Ruto yatangaje ko hari ibyemezo by’inkiko bitinza gahunda ze zo guteza imbere igihugu,…

Share this:
Posted on

Akamaro k’UMWENYA, indwara zivurwa na wo n’uko wawunywa

Share this:

Ibyatsi bizwi ku izina ry’umwenya bikunze kwimeza mu bice by’icyaro,ni umwe mu miti myiza benshi bakuze bavurishwa,kandi ubarinda indwara nyinshi zifata umubiri byoroshye,nubwo muri iyi minsi ukunze gukoreshwa mu cyayi. Umwenya ni umwe mu miti gakondo ikunze gukoreshwa n’abakecuru,kuko bazi…

Share this:
Posted on

Kiyovu Sports yafatiwe ibindi bihano na FIFA mu gihe n’ubusanzwe itorohewe

Share this:

Ikipe ya Kiyovu Sports yahanishijwe kudasinyisha abakinnyi kubera kutubahiriza amasezerano. Kuri uyu wa Gatatu tariki 3 Mutarama 2024, nibwo impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku Isi FIFA, yandikiye ikipe ya Kiyovu Sports ibamenyesha ko batemerewe gusinyisha umukinnyi n’umwe muri iri soko ry’igura…

Share this:
Posted on

Miss Muyango na Kimenyi Yves basezeranye – AMAFOTO

Share this:

Uwase Muyango Claudine witabiriye irushanwa rya nyampinga w’u Rwanda 2019 na Kimenyi Yves usanzwe ari umunyezamu wa ekipe y’Igihugu Amavubi na AS Kigali basezeranye imbere y’amategeko. Uyu muhango wabaye kuri uyu wa Kane tariki 04 Mutarama 2024, mu Murenge wa…

Share this:
Posted on

M. Irene arimo kuvumirwa ku gahera i Burundi nyuma yo gukorerayo igitaramo

Share this:

Umunyamakuru wo kuri murandasi akaba n’umujyanama w’abahanzi Irene Mulindahabi akomeje guterwa amabuye i Burundi nyuma yo kwitambika abakoresha umuyoboro wa Youtube i Burundi. Irene Mulindahabi witazira akazina ka ’M Irene’ i Burundi akomeje guterwa imijugujugu n’abanyamakuru baho biganjemo abakoresha umuyoboro…

Share this:
Posted on

Juvenal wahoze ayobora Kiyovu Sports yareze Ndorimana Jean François Régis uzwi nka Général

Share this:

Mvukiyehe Juvenal, nyiri ikipe ya Addax yareze umuyobozi wa Kiyovu Sports, Ndorimana Jean François Régis, uzwi nka ’Général’ icyaha cyo kwangisha undi rubanda ndetse no guharabika. ’Général’ azitaba Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ku wa Kane, tariki 4 Mutarama…

Share this:
Posted on