Year: 2024

Uganda: Indege ya gisirikare yahiye irakongoka

Share this:

Ibi byabereye mu Mudugudu wa Nyamisingiri mu Ntara ya Kichwamba, muri metero nkeya uvuye ku mupaka w’akarere ka Kabarole na Ntoroko. Abasirikare benshi bahageze, basanze ibisigazwa by’iyi ndege byahindutse ivu. Ubuyobozi bwavuze ko byibuze abantu batatu bapfuye nyuma y’iyi mpanuka…

Share this:
Posted on

Burundi: Amagambo ya Perezida Ndayishimiye yatangiye kugira ingaruka ku baturage

Share this:

Ijambo rya Perezida Ndayishimiye ryatangiye kugira ingaruka ku baturage kuko kuri uyu wa mbere, abagabo babiri bo mu turere twa Musigati na Bubanza, mu ntara ya Bubanza batawe muri yombi na polisi. Abafunzwe ni abahoze ari impunzi mu nkambi zo…

Share this:
Posted on

Umuyobozi wungirije wa Hamas yiciwe mu gitero cya Israel

Share this:

Igisirikare cya Israël cyishe umuyobozi mukuru wungirije w’umutwe wa Hamas ku rwego rwa politiki, Saleh al-Arouri, mu majyepfo y’Umurwa Mukuru wa Liban, Beirut. Israel ishimangira ko iyicwa ry’uyu mutegetsi wa Hamas i Beirut atari igitero kuri Libani, mu gihe abanzi…

Share this:
Posted on

Abaturage bafashe abajura amatungo bahita babatwika

Share this:

Kuwa Gatandatu, abantu babiri bakekwaho kuba abajura b’amatungo bishwe, imirambo yabo itwikwa n’abaturage bo mu mudugudu wa Gakonya mu gace ka Kiharu, mu ntara ya Murang’a muri Kenya. Abaturage bari barakaye babwiye Citizen TV ko bari ku irondo mu gicuku…

Share this:
Posted on

Ubuyapani: Abaturage basabwe guhunga ikitaraganya

Share this:

Ubuyapani bwatanze umuburo ko hashobora kwaduka Tsunami ikomeye nyuma y’umutingito w’igipimo cya 7.6 watigishije igice cyo hagati mu gihugu. Abaturiye inkengero z’inyanja ahitwa Noto muri perefegitura ya Ishikawa basabwe “guhunga ako kanya” bajya hejuru ku misozi, nk’uko televiziyo y’igihugu NHK…

Share this:
Posted on

Perezida Kagame yaburiye abashaka gushwanyaguza u Rwanda

Share this:

Perezida Kagame yavuze ko nta hantu habi u Rwanda rutageze bityo utegura guhungabanya umutekano warwo akarushwanyaguza ariwe bizabaho. Ibi yabivuze mu birori bisoza umwaka we na madamu we batumiyemo abantu batandukanye muri Kigali Convention Center. Mu ijambo rye,Perezida Kagame yavuze…

Share this:
Posted on