Month: March 2025

Madedeli wo muri Papa Sava yasezeranye mu mategeko

Share this:

Umukinnyi wa filime Dusenge Clenia uzwi cyane ku izina rya Madedeli muri filime Papa Sava, yasezeranye imbere y’amategeko na Rugamba Faustin, wahoze ari umukinnyi wa ruhago mu Rwanda. Ubu bukwe bwagizwe ibanga, nta makuru menshi yagiye hanze gusa ariko bivugwa…

Share this:
Posted on

Perezida Ndayishimiye yongeye gushimangira umugambi we wo gutera u Rwanda anahishura ikibura ngo arutere

Share this:

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko afite umugambi wo gutera u Rwanda akagera i Kigali, mu gihe Umujyi wa Bujumbura waba utewe. Ndayishimiye yabigarutseho mu kiganiro aheruka kugirana na BBC Gahuzamiryango. Iki gitangazamakuru cyasubiyemo amagambo ye avuga ko mu…

Share this:
Posted on

Inama y’abakuru b’ibihugu bya EAC na SADC igiye kongera guterana yiga ku bibazo biri muri RDC. Ingingo zizaganirwaho

Share this:

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungire, yatangaje ko abakuru b’ibihugu bya EAC na SADC bagiye guhura hifashishijwe ikoranabuhanga, hagamijwe kwemeza ibyemezo byafashwe n’inama y’abaminisitiri bo muri iyo miryango mu gushakira igisubizo ikibazo cy’umutekano muke mu Burasirazuba bwa RDC. Yabigarutseho ubwo…

Share this:
Posted on

Gen. Muhoozi yahaye M23 icyumweru kimwe ikaba yafashe Kisangani bitaba ibyo akayifatira

Share this:

Umugaba Mukuru w’Igisirikare cya Uganda, UPDF, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko ingabo z’icyo gihugu zitazitambika umutwe wa M23 mu gihe wagira umugambi wo gufata Umujyi wa Kisangani. Gen. Muhoozi Kainerugaba ukunze kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga, yavuze ko kandi bibaye…

Share this:
Posted on

Kenya: Umudepite yakubitiwe kuri Sitade yagiye kureba umupira

Share this:

Umudepite wo muri Kenya, Peter Salasya, yakubiswe n’abafana ndetse asohorwa muri Nyayo Stadium ubwo yari yitabiriye umukino wahuje Harambee Stars na Gabon mu gushaka itike y’Igikombe cy’Isi kuri iki Cyumweru. Amashusho yasakaye ku mbuga nkoranyambaga, agaragaza uyu mudepite wo muri…

Share this:
Posted on

Hamenyekanye icyafashije Qatar mu guhuza Tshisekedi na Kagame mu ‘Inama ya gicuti’

Share this:

Ubushyamirane hagati ya Perezida Félix Tshisekedi na Paul Kagame bwari bumaze igihe kirekire butemera ubuhuza ubwo ari bwo bwose, ariko icyatunguranye ni ukubabona bicaye hamwe i Doha, muri Qatar, mu ijoro ryo ku wa kabiri. Perezida Tshisekedi amaze igihe ashinja…

Share this:
Posted on