Tshisekedi yikomanze ku Gituza nyuma y’uko RDC isinyanye amasezerano n’u Rwanda
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo, yabwiye Abanye-Congo ko agiye kubasubiza amahoro arambye nyuma y’aho igihugu cye kigiranye n’u Rwanda amasezerano. Aya masezerano agena amahame aganisha ku mahoro arambye mu karere yashyizweho umukono na Minisitiri w’Ububanyi…
Nyaruguru: Umusore w’imyaka 20 yarashwe mu cyico na Polisi ahita yitaba Imana
Mu masaha ya saa munani z’amanywa yo kuri uyu wa Gatandatu, mu Karere ka Nyaruguru, Umurenge wa Ngoma, Akagari ka Fugi, Umudugudu wa Gasha, habaye inkuru itashimishije. Umusore w’imyaka 20 y’amavuko witwa Pascal Ndayisenga yarashwe n’inzego z’umutekano ubwo yageragezaga…
Abasore: Numubonana ibi bimenyetso mutabare utazuyaje aba ashaka ko muryamana gusa yagutinye
Ntuzigere na rimwe wibeshya ko abahungu aribo bakenera gukora imibonano mpuzabitsina bonyine, N’abakobwa barabyifuza ariko bagapfira mo imbere bakabasha kubihisha n’ubwo hari ibimenyetso bagaragaza gusa bamwe mu bahungu batamenya. Ni byiza ko ukora imibonano mpuzabitsina n’umukunzi wawe mwese mwumva mubishaka…
Ububirigi bwasabye Uganda kubwunga n’u Rwanda rwacanye umubano na bwo
Guverinoma y’u Bubiligi yavuze ko yifuza ko Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni, yabahuza n’u Rwanda rwacanye umubano n’u Bubiligi ku wa 17 Werurwe 2025. Maxime Prévot, Minisitiri w’Intebe wungirije akaba na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bubiligi, yabikomojeho ubwo yahuraga…
AFC/M23 yatangiye gukora igikorwa gishimangira ko itazava muri Kivu zombi
Mu gihe hatarashira n’icyumweru Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) na AFC/M23 bemeranyije guhagarika imirwano, iri huriro ryongeye gushimangira ko udafite gahunda yo kuva muri Kivu zombi. Ni nyuma y’uko ritangaje ko ryatangiye gukora igikorwa cy’ingenzi cyo kubaka umuhanda mushya…
Bitunguranye intambara hagati ya FARDC na AFC/M23 irahagaze
Mu gihe byari bikomeje kuvugwa ko ibiganiro bihuza impande zombi bikomeje kubera i Doha muri Qatar nta musaruro birimo gutanga, Leta ya Congo ndetse n’ihuriro AFC/M23 zashyize hanze amatangazo yo guhagarika imirwano ndetse zisaba abaturage gushyikira uyu mugambi. Ibi byabaye…
Barishwe: Abasirikare 13 b’Uburundi baheruka gupfira mu kiyaga cya Tanganyika baba baragambaniwe. Hahishuwe mugenzi wabo wabagambaniye
Kugeza magingo aya, turacyakurikirana amakuru y’impanuka y’ubwato bwa gisirikare bwabereye mu kiyaga cya Tanganyika ku wa Gatanu ushize, tariki ya 18 Mata 2025, ikaba yaratwaye ubuzima bw’abasirikare benshi b’u Burundi. Ubu bwato bwari buvuye mu gace ka Ubwari butwaye…
Murankurikirana cyane kandi ntimuri isoko nshaka kugurishaho ibicuruzwa byanjye – Isimbi noelline yikomye bamwe mu banyarwanda bamuca intege
Umukinnyikazi wa filime z’abakuze Isimbi Noelline yikomye bamwe mu banyarwanda bakomeje kumujujubya ku mbuga nkoranyambaga ze aho bamwibasira bamwe bamutuka abandi bakamubwirako ibyo akora yataye umuco nyarwanda nta munyarwandakazi ukwiye gukina filime za porornogarafi. Mu butumwa yanyujije ku mbuga nkoranyambaga…
Urupfu rw’Umusirikare w’u Burundi usize abana babiri bakiri bato rwateye benshi agahinda.
Mu gihe igihugu cy’u Burundi cyose gikomeje kugerwaho n’amakuru y’incamugongo, umuryango wa 1ère Classe Emery Kwizera uri mu gahinda kadasanzwe nyuma y’itangazwa ry’amakuru avuga ko uyu musirikare yaba yarapfiriye mu mpanuka y’ubwato yabaye ku wa Gatanu ushize, tariki ya 18…
Abarwanyi ba Wazalendo na FDLR baheruka gukubitwa incuro na M23 bagahunga mu Rugezi bahuye n’ikindi gitero simusiga kibamereye nabi
Nyuma y’uko Twirwaneho na M23 bifashe igice cya Rugezi giherereye mu majyepfo ashyira uburengerazuba bwa komine ya Minembwe, abarwanyi ba FDLR na Wazalendo bahahunze bahuye n’ikindi gitero kibi kitari icyo kuraswa gusa—bageramiwe n’inzara, ubukonje, n’ubwigunge mu mashyamba ya Rugezi. Amakuru…