Isambu nziza igurishwa ahantu beza i Gasogi – Kigali
Dore Isambu Nini Ahantu heza Hagezweho Igasogi Mu muji Wa Kigari. Isambu Ifite Ubuso 15426 Kandi Iri ahantu Hubatse Amazu Meza Akarusho Iri Muri R1 Ikaba Igurishwa miliyoni 450RWF(Miriyoni Maganane). Duhamagare cyangwa utwandikire kuri iyi nimero: 0788328340
Inzu nziza cyane zirimo ibikoresho byiza kandi bigezweho zikodeshwa Kimironko
Amazu Meza Cyane Akodeshwa Arimo Ibintu Byose Kandi Byiza Bishyashya kandi Bigezweho: . Ibitanda Byiza . Intebe Nzaza . Amashuka Agezweho . Amasahani Meza Inzu nini: Mbese Naba Ugezeyo Ukirebera Inzu Nini Ifite Ibyumba Bine Toilette enye. Mbese Buricyumba Gifite…
Basubiranyemo benshi bahasiga ubuzima! Bombori bombori muri FARDC i Kinshasa
Umutekano wahungabanye mu murwa mukuru wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) kuri uyu wa Kane tariki ya 14 Gicurasi 2025, ubwo umusirikare wo mu mutwe ushinzwe kurinda Perezida yarasaga akica abasirikare batatu b’itsinda rya PM (Police Militaire). Ibi byabaye…
Ibyo AFC/M23 yakoreye indege ya FARDC bikomeje kuvugisha benshi
Mu gihe intambara hagati y’ingabo za Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) ifatanyije n’imitwe yitwaje intwaro mu kurwanya AFC/M23 ikomeje gukara, amakuru mashya aturuka mu misozi ya Mulenge mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo avuga ko drone ya FARDC…
Uko wakwigarurira umutima w’umukobwa mu minsi 7 gusa
Baravuga ngo ubonye umugore mwiza aba abonye ikintu cyiza ndetse ngo burya nubona umugabo mwiza ukwiye ujye umenya ko inyuma ye hari umugore mwiza n’ubwo utamubona. Birashoboka ko hari umukobwa mwiza wabonye ndetse ukabona ko yazakubera umugore mwiza ariko ukabura…
ICT Teacher at The Pharo Foundation Rwanda Ltd | Kigali : Deadline: 13-06-2025
ICT Teacher Kigali, Rwanda Overview Pharo Foundation is a mission-driven, impact-oriented organisation that designs, funds, and operates economic development programmes to achieve its vision of a vibrant, productive, and self-reliant Africa. The Foundation drives its impact through two key approaches:…
Inzu nziza ya Etage ifite ibyumba 4, toilettes 4 n’igikoni cyiza imbere igurishwa make cyane i Rusororo kuri kaburimbo
Inzu Nziza Igurishwa Kubashaka Gutura heza Ibyumba Bine Toilette Enye. Ni ukuvuga Buri cyumba Gifite Toilette Yacyo Cuisine Nziza Ikaba Iherereye Rusororo Hariya Hafi Y’intare Neza Kuri Kaburimbo Yubakishije Amatafari Ahiye Yose Ikaba Ishaka 220M. Duhamagare kuri iyi nimero: +250…
Dore amahano atazibagirana yabayeho mu itorwa rya Papa
Niba wararebye Film yitwa ‘The Conclave’ uko bisa kose ufite ishusho y’uko itorwa rya Papa rikorwa, uhereye ku mwiherero w’Aba-Cardinal kugera papa asohotse ku ibaraza rya Bazilika ya Mutagatifu Petero akageza ijambo rye rya mbere ku mbaga itabarika y’Abakirisitu n’Isi….
APR FC yatandukanye n’umutoza wayo Mukuru Darko Novic
Kuri uyu wa Kabiri, ikipe ya APR FC yatandukanye n’uwari umutoza wayo mukuru Umunya-Serbia Darko Novic. Amakuru Kigali Today ifitiye gihamya yemeza ko APR FC yamaze gutandukana na Darko Nović nyuma y’umwaka umwe w’imikino asinye amasezerano yagombaga kuzageza mu 2026,…
Abakobwa / Abakobwa: Niba wibonaho utu tuntu 3 menya ko uri umunyamahirwe – Impamvu
Abagore cyangwa abakobwa baremwe mu buryo bugaragara ko butandukanye n’ubwa basaza babo, niyo mpamvu utu tuntu 3 tugiye kukubwira nutwibonaho uraba uri umunyamahirwe kuko tutaba kuri benshi. Hari utuntu tuba ku mibiri y’ab’igitsina gore bigoye cyane kubona ku bagabo, ari…