Month: May 2025

Niba ujya ukoresha tefoni mu bwiherero dore ibintu bibi cyane bizakubaho

Share this:

Ubushakashatsi bw’Ikigo cy’Ikoranabuhanga, NordVPN, bwagaragaje ko 53.4% by’abatuye Isi bagirwaho ingaruka no gukoresha telefone mu bwiherero, u Buhinde bukiharira miliyoni 750 z’ababaswe n’uwo muco. Umuganga mu bitaro bya Gleneagles muri Mumbai, Dr Manjusha Agarwal, yavuze ko gutinda wicaye mu bwiherero…

Share this:
Posted on

Senateri Mureshyankwano yashinje umugi wa Kigali kuba mu bateza imyubakire y’akajagari anawunenga kugira raporo yuzuyemo “Biragayitse”

Share this:

Senateri Mureshyankwano Marie Rose, yatangajwe n’uburyo muri Raporo y’Umugenzuzi w’Imari ya Leta y’umwaka warangiye muri Kamena 2024, Umujyi wa Kigali ufite ‘Biragayitse’ zirenga eshanu kandi ari wo ufite abakozi bafite ubumenyi n’ubushobozi yewe banahembwa neza kurusha abandi ugereranyije n’utundi turere….

Share this:
Posted on

Dore ikintu cyatunguye benshi mu rubanza uwari Meya wa Nyanza Ntazinda yaburanyemo ifungwa n’ifungurwa

Share this:

Ubwo uwari meya w’akarere ka Nyanza yagezwaga mu Rukiko rw’ibanze rwa Kicukiro ngo aburane ku ifungwa n’ifungurwa by’agateganyo, uwo benshi bavuzeho kuba inshoreke ye ntiyigeze agaragara mu bantu baje gushyigikira uyu mugabo mu rukiko ubwo yari agiye kuburana. Abantu benshi…

Share this:
Posted on

Corneille Nangaa yahishuye ikosa rikomeyeLeta yakoze anahishura ikintu Abanye-Congo benshi batari bazi

Share this:

Umuyobozi mukuru w’impuzamashyaka ya Alliance Fleuve Congo (AFC) irimo M23 na Twirwaneho, Corneille Nangaa, yatangaje ko buri Munye-Congo wese afatwa nk’umunyamuryango w’iri huriro. Ibi yabivugiye mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru wigenga w’Umunyekongo, Steve Wembi. Mu magambo ye, Nangaa yagize ati: “Niba…

Share this:
Posted on

Abasirikare batatu b’u Rwanda baguye ku rugamba batandatu barakomereka nyuma yo kugwa muri Ambush batezwe n’umwanzi

Share this:

Igisirikare cy’u Rwanda (RDF) cyatangaje ko abasirikare batatu bacyo bari mu butumwa bwo kurwanya iterabwoba mu Ntara ya Cabo Delgado, muri Mozambique, baguye mu gico batezwe n’ibyihebe, abandi batandatu bagakomereka. Itangazo ryashyizwe ahagaragara n’ubuyobozi bwa RDF rivuga ko icyo gitero…

Share this:
Posted on

Perezida Ndayishimiye w’u Burundi arashaka kuza mu Rwanda ngo asabe imbabazi mu ibanga rikomeye!

Share this:

Mu gihe umwuka ukomeje kuba mubi hagati y’u Rwanda n’u Burundi, amakuru yizewe agera ku bitangazamakuru atangaza ko Perezida Evariste Ndayishimiye ashobora kuza mu Rwanda mu ibanga rikomeye, agamije gusaba imbabazi no gutangira inzira nshya y’ubwiyunge hagati y’ibihugu byombi.  Ibi…

Share this:
Posted on

Perezida Tshisekedi yahakanye ibyo kugurisha amabuye y’agaciro ya Congo ku Banyamerika

Share this:

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yanyomoje amakuru amushinja kugurisha umutungo kamere w’igihugu cye ku nyungu z’Amerika, avuga ko ayo makuru ari ibinyoma bigamije guca igikuba ku bufatanye bushya buri kugeragezwa hagati y’igihugu cye na Leta Zunze…

Share this:
Posted on

Bihinduye isura: AFC/M23 ifashe akandi gace kuzuyemo amabuye y’agaciro

Share this:

Ihuriro rya AFC/M23 rikomeje kwagura ibikorwa byaryo bya gisirikare mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho kuri uyu wa Kabiri ryigaruriye agace ka Luciga, gaherereye muri Chefferie ya Luhwinja, Teritwari ya Mwenga, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Iyi…

Share this:
Posted on

Umugore ubyara abazwe ni incuro zingahe atagomba kurenza? Ese iyo azirengeje bigenda gute? Sobanukirwa

Share this:

Ni inshuro zingahe umugore ashobora kubagwa abyara? Iki ni ikibazo gikunze kubazwa n’ababyeyi benshi, cyane cyane iyo muganga avuze ko hakenewe kubyara biciye mu buryo bwo kubagwa buzwi nka “césarienne”, cyane ku bagore bifuza kubyara abandi bana mu gihe kizaza….

Share this:
Posted on

RIP Murihano David: Abantu batatu bo mu muryango umwe bishwe barashwe bizamura umujinya wa benshi

Share this:

Mu mpera z’icyumweru gishize, abantu batatu bo mu muryango umwe batuye mu mujyi wa Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, bishwe barashwe n’abantu bataramenyekana, mu gitero cyabaye mu ijoro ryo ku wa Gatandatu tariki 3 Gicurasi. Nk’uko byemezwa n’amakuru atandukanye,…

Share this:
Posted on