Wari wicarana n’umukobwa ukabona arakureba atya? Dore ibimenyetso byakwereka ko umuntu atagukunda n’ubwo atabikubwira
Kumenya uko umuntu yiyumva kuri wowe ntibyoroshye, cyane cyane iyo atabigaragaza mu magambo. Ariko hari imyitwarire yoroheje ushobora kwitondera ikakwereka ko atagukunda nk’uko wabyibwira. Ubushakashatsi bugaragaza ko abantu benshi bafite amarangamutima mabi ku bandi akenshi batabivuga, ahubwo bagahitamo kubigaragaza mu…
Dore ibintu utagomba kwibeshya ngo ukore kubera urukundo
Urukundo ni rwiza cyane, ni amwe mu marangamutima ashobora guhindura ubuzima bwawe mu buryo bwiza, ariko na none rushobora kugukoresha amakosa akomeye. N’ubwo ari ibisanzwe gushaka gushimisha umukunzi cyangwa kurinda urukundo rwanyu, hari amakosa amwe aganisha ku ngaruka zikomeye. Hifashishijwe…
Israel na Irani bikomeje gucananaho umuriro
UPDATES: Ibisasu bya byarashwe na Iran mu ijoro ryo kuri iki cyumweru bimwe byaguye ku butaka ibindi bizimirizwa mu kirere. Icyambu cya Haifa cyongeye kwibasirwa, aho amashusho agaragaza misile ya Iran igwa kuri uwo mujyi bigakurikirwa n’inkongi. Ku manywa Iran…
Afurika y’epfo yahishuye impamvu abasirikare ba SADC batabashije kunyura ku kibuga cya Goma
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Afurika y’Epfo, Gen Rudzani Maphwanya, yasobanuye ko ingabo z’Umuryango w’Ubukungu n’Iterambere rya Afurika y’amajyepfo (SADC) zitanyura ku kibuga cy’indege cya Goma bitewe n’uko kugisana bitari gushoboka ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo butabigizemo uruhare. Mu…
Habonetse ikintu k’ingenzi ku iperereza ku mpanuka y’indege yahitanye abarenga 200
Abari gukora iperereza ku mpanuka y’indege ya Air India iherutse gukora impanuka igahitana abagenzi 241, babashije kubona agasanduku gafata amajwi, biba intambwe itewe mu gutahura icyateye iyi mpanuka. Amakuru dukesha BBC kuri uyu wa Mbere tariki 16 Kamena 2025, avuga…