Year: 2025

Perezida Kagame yavuze ikimuhangayikisha kurusha ibihano amahanga akangisha gufatira u Rwanda

Share this:

Taliki ya 7 Mata 2025 nk’uko bisanzwe wari umunsi wo gutangira icyumweru cy’icyunamo n’ibikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda. Perezida Kagame akaba yagarutse ku bihugu bikomeye bimaze iminsi bikangisha u Rwanda kurufatira ibihano. Perezida…

Share this:
Posted on

Nzababwira nti ’mujye ikuzimu’ – Perezida Kagame ku bashaka kugena uko u Rwanda rubaho

Share this:

Perezida Kagame yatangaje ko Abanyarwanda bakwiye guhora baharanira kubaho ubuzima bifuza aho gutegekwa uko babaho cyangwa guteshwa agaciro babwirwa ko babayeho kubw’impuhwe z’undi muntu, ndetse ngo uzashaka kugenera u Rwanda uko rubaho yitwaje ibihano azamubwira ngo ‘jya ikuzimu.’ Yabitangarije mu…

Share this:
Posted on

Gicumbi: Umukobwa yitwikiriye ijoro yiba inka ajya kuyikwa umusore bateganya kubana

Share this:

Mu murenge wa Muko, Akarere ka Gicumbi, habaye igikorwa cy’agashya nyuma y’uko umukobwa witwa Mukanyonga Laurence yibye inka ababyeyi be, akazijyana ku rwihisho mu ijoro, aho yasanganirwa n’abari ku irondo ayishyiriye umusore bakundana, Sekamana, uzwi ku izina rya Gafotozi.  …

Share this:
Posted on

Bugesera: Harashakishwa abishe uwarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi

Share this:

Mu ijoro rya tariki 04 Mata 2025, mu Kagari ka Kanzenze mu Murenge wa Ntarama mu Karere ka Bugesera, hiciwe umubyeyi warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, atewe ibyuma n’ibindi bikoresho gakondo, iperereza rikaba rikomeje ngo abo bagizi ba nabi…

Share this:
Posted on

Waruzi ko ibirungo witera bishobora guteza ingaruka zikomeye ku buzima bwawe? Dore ibyo ugomba kwitondera

Share this:

Mu buzima bwa buri munsi, ibikoresho byo kwisiga byibanda ku birungo by’ubwiza bisigwa ku minwa, puderi, mascara na foundation ni ingenzi, ariko hari impungenge ku ngaruka bishobora guteza ku buzima, cyane iyo byarenze igihe cyabyo cyo gukoreshwa. Nk’uko BBC ibigaragaza…

Share this:
Posted on

Amaraso y’Abanya-Afurika yabaye imali ikomeye mu buvuzi bugezweho no guhanga imiti

Share this:

Abahanga mu by’ubuzima bavuga ko isi yose igomba gushyira imbaraga nyinshi mu bushakashatsi bw’amaraso y’Abanyafurika, bavuga ko bafite imiterere y’amaraso y’ingenzi mu guhanga imiti no kugabanya indwara zitandukanye. Nk’uko tubikesha rfi mu nama ya Human Genome Organisation (HUGO) yabereye mu…

Share this:
Posted on

Leta ya Congo ikomeje gushakisha abayifasha gutyaza no kongera ubushobozi bw’igisirikare cyayo FARDC

Share this:

Mu butumwa i Dar es Salam, muri Tanzaniya, kuri uyu wa Gatanu ushize, itariki ya 4 Mata, Minisitiri w’ingabo wa Congo, Guy Kabombo Muadiamvita, yahuye na mugenzi we wo muri Tanzaniya, Stergomena Lawrence Tax. Icyari kigamijwe muri uru ruzinduko kwari…

Share this:
Posted on

Goma: Bank zigiye kongera gukora

Share this:

Ibikorwa by’amabanki bigiye kongera gufungura mu Mujyi wa Goma nyuma y’amezi abiri bihahagaze nyuma y’uko Inyeshyamba za AFC/M23 zihigaruriye mu mpera za Mutarama. Abinyujije kuri X, Visi Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, Willy Manzi, yavuze ko banki zongera gufungura imiryango…

Share this:
Posted on

Ituri: Umusirikare wa FARDC yishe umwana na nyina

Share this:

Mu ijoro ryo ku wa Gatanu ushize, itariki ya 4 Mata 2025, Umusirikare wa FARDC yarashe yegereye umwana na nyina w’imyaka 20, i Bwanasura, umudugudu uherereye ku birometero 39 uvuye muri centre y’ubucuruzi ya Komanda muri Teritwari ya Irumu mu…

Share this:
Posted on