Yatunguye isi yose: Umuhanzikazi anywa amasohoro y’inzoka kugirango agire ijwi ryiza
Umuhanzikazi Jessica Simpson akaba n’umukinnyi wa filime, yatangaje uburyo bworoshye ariko budasanzwe bwo kwita ku ijwi rye, burimo kunywa amasohoro y’inzoka. Simpson yashyize hanze iyi nkuru itangaje ku mbuga nkoranyambaga muri iki cyumweru, avuga ko atari azi neza uwo muvuno…
Amateka atangaje n’inkomoko by’ukwezi kwa buki benshi mu bageni b’iki gihe bajyamo
Umuco wo kujya mu kwezi kwa buki nyuma y’ubukwe wamaze gukwirakwira mu bihugu bitandukanye ku isi, aho usanga mu byo abageni bategura bizakenerwa batakwibagirwa gupanga n’aho bazajya mu kwezi kwa buki ndetse n’ibyo bazakenera. Wigeze wibaza aho uyu muco wakomotse?…
Abasore: Ntuzigere utereta umukobwa ufite iyi myitwarire kuko yazagusaza urebye nabi
Kubona umukobwa mwiza, ugukunda kandi ufite imico myiza bishobora kuba bigoranye. Ariko mbere yo gutekereza byinshi banza umenye ngo nshaka umukunzi witwara gute? Umeze gute? Numara kumenya umukunzi ukeneye, ugomba no kwibuka ko hari abakobwa baza batagenzwa n’urukundo, batari beza…
Umubiri ubyara udahatse: Umukecuru urwaye indwara y’amayobera ari mu buribwe bukomeye bwiyongeraho ubukene
Uzanyinzoga Souzan utuye mu Mudugudu wa Murambi, mu Kagari ka Musongate, Umurenge wa Nyarusange, mu Karere ka Muhanga, arasaba inshuti n’abagiraneza ubufasha bwo kwivuza indwara y’amayobera ikomeje kumugaraguza agati. Mu kiganiro Uzanyinzoga yagiranye n’umunyamakuru wa BTN TV dukesha iyi nkuru,…
Wari uzi ko gukoresha ibikoresho bizwi nka Spray bishobora kugutera kurwara indwara ya Asima? Sobanukirwa
Uko imikoreshereze y’ibikoresho byo koza mu rugo byagiye byiyongera cyane nyuma y’icyorezo cya Covid-19, hari impungenge ku ngaruka bishobora kugira ku buzima. Ubushakashatsi bugaragaza ko gukoresha ibikoresho byo koza, cyane cyane ibikoreshwa bisohora umwuka (sprays), bishobora guteza ibyago byo…
Birababaje: Umugabo yishwe n’umugore we amuteraguye ibyuma amuziza gucyura amafaranga make avuye ku kazi
Kenya, agahinda ni kose nyuma y’urupfu rw’umugabo wari umumotari, aho bivugwa ko yishwe n’umugore we bari bamaranye imyaka itanu ndetse baranabyaranye. Nk’uko tubikesha Lindaikejisblog.com, umumotari uzwi ku izina rya Geoffrey Ouma, bivugwa ko yatewe icyuma n’umugore we, bikamuviramo urupfu. Ibi byabereye…
Dore uko wakwirinda indwara ya Kanseri ikomeje kwibasira abatari bake ku isi
Kanseri ni imwe mu ndwara zikomeje guhitana abantu benshi ku isi, ariko ubushakashatsi bugaragaza ko hari ingamba ushobora gufata kugira ngo ugabanye ibyago byo kuyirwara. Nubwo nta buryo bwizewe 100% bwo kuyirinda, hari ibintu bishobora kugabanya ibyago bya kanseri ku…
USA yahaye gasopo u Rwanda muri UN inahakana ibyavuzwe na Minisitiri Nduhungirehe
Ku munsi w’ejo ni bwo inama y’umuryango w’Abibumbye yateranye ahagomba kuvugirwa ibijyanye n’ikibazo cy’intambara ibera mu burasirazuba bwa Congo. Minisitiri Nduhungirehe w’u Rwanda yabwije ukuri abari muri iyi nama nta guca iruhande aho yagaragaje ko ikibazo cyo mu burasirazuba bwa…
Imyanya 24 y`ubushofeli muri Kirehe district (KDL) : Deadline: Mar 31, 2025
Job responsibilities Respect strictly and faithfully all the provisions of the Highway Traffic; Ensure the vehicle’s condition, availability of required documents and equipment before driving; Ensure cleaning of the vehicles; Drive cars carefully and safely; …
50 Job Positions of AVoHC Rapid Responder – Environmental Health Expert at AU: Deadline:21 April, 2025
Purpose of Job The Africa CDC seeks to recruit a national and citizen of any Member State of the African Union to be a roster member of the African Volunteers Health Corps. This is not recruitment for employment but volunteer…