Tangira umunsi wawe n’amakuru agezweho

Tukugezaho amakuru agezweho yo hirya no hino ku isi, akazi kasohotse ndetse n’amazu, ibibanza ndetse n’imodoka bigurishwa make.

  • Abasore: Dore ibimenyetso byakwereka ko umukobwa ukunda azavamo umugore mwiza

    Abasore: Dore ibimenyetso byakwereka ko umukobwa ukunda azavamo umugore mwiza

    Ubusanzwe bimwe mu birori umuntu yishimira cyane iyo ari ku isi ni umunsi w’ubukwe bwe. Ibi akenshi binaterwa n’uko ukora ubukwe aba yaragize uruhare mu kubitegura no guhitamo uwo bazabana akaramata. Iyo rero witegura ubukwe, ntuba wifuza ko ibyishimo bizasigara mukidari, uba ushaka uwo muzabana ubuzima bwanyu mwishimanye. Ibi rero bigira inkomoko kuko ntuzabona…

  • Rusizi: Umusore yishyize mu mugozi arapfa nyuma y’uko umukobwa yakundaga amuteye indobo

    Umusore witwa Ishimwe Ramadhan wo mu Murenge wa Bugarama mu Karere ka Rusizi mu Ntara y’Iburengerazuba, wari ufite imyaka 24 y’amavuko, birakekwa ko yiyahuye yimanitse mu mugozi, nyuma y’uko umukobwa amwanze. Umurambo w’uwo musore wabonetse amanitse mu mugozi yapfuye, nk’uko amakuru yakwirakwiriye ku mbuga nkoranyambaga abivuga. Uwo musore ngo yasize yanditse urupapuro, avugamo ko…

  • Dore ibintu byoroheje abantu batazi bisenya urukundo mu kanya nk’ako guhumbya

    Imyitwarire umuntu agira mu rukundo niyo iruha kuramba cyangwa gusenyuka. Igihe ukeneye kugumana n’umukunzi wawe, hari uburyo uba ugomba kwitwara bya buri munsi. Niba ufite imwe muri iyi myitwarire, umenye ko ufite umwanzi uzirana n’urukundo ndetse uzarurimbura buke buke kugeza rurangiye ukabura umukunzi wari warahariye ubuzima bwawe. 1. Kudafuhira umukunzi wawe Mu rukundo uba…

  • Dore ibintu byoroshye wakora ukaba wirinze indwara z’umutima na Stroke

    Kwirinda stroke, umutima, umuvuduko ukabije wamaraso, ntibisaba ko utegereza kujya kwa muganga ngo bakwandikire imiti, ubushakashatsi bugaragaza ko kurya indyo zikurikira bigabanya ndetse cyane ibyago byinshi byo kuba wadwara izi ndwara. Irire ibiribwa biteguyemo ibikomoka ku ibi bikurikira. -ibihwagari-soya bean-ubunyobwa-ibinyampeke-sezame ndetse na…-imbuto za avoka Ca ukubiri na Margarine, inyama ziriho ibinure, ibikomoka ku nyamanswa…

  • Sobanukirwa Kanseri(Canser) ya prostate(Kanseri y’amabya), ibimenyetso byayo, uko wayivura n’uko wayirinda

    Kanseri ya porositate benshi bakunze kwita Kanseri y’amabya ni imwe muri kanseri zikomeye zihitana abagabo nyuma ya kanseri y’uruhu , ifata abagabo b’imyaka yose ariko igakunda kugaragara ku bagabo bakuze barengeje imyaka 65. Abagabo benshi bafite iyi kanseri yo bativuje hakiri kare , bahitanywa niyi kanseri , umugabo urengeje imyaka 45 aba agomba kwipimisha…

  • Bivuze iki iyo imitsi yawe itangiye kumera gutya?

    Kimwe mu bintu bitera ubwoba abantu ni ukubona iminsi cyane iyo ku maboko itangiye gusa naho ibyimba ariko ifite ibara rijya gusa umukara. Muri iyi nkuru twifashishije inyandiko zizewe mukubategurira amakuru yizewe avuga kucyo bishatse kuvuga Niba bikugaragayeho. Inzobere zivuga ko ibi bintu bikunda kugaragara cyane ku bantu ariko ntibamenye neza icyo bivuga. Cyane…