Nyuma y’imyaka 3 abivuze Umuhanzi Chriso yujuje BK Arena aba uwa Kabiri uciye aka gahigo mu Rwanda
•
Umuhanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Ndasingwa Jean Chrysostome wamamaye nka Chryso Ndasingwa, yafashije ibihumbi by’Abakirisitu bari buzuye mu nzu mberabyombi ya BK Arena, kwegera Imana no kuyishimira ubuntu n’ineza yayo y’ibihe byose, ubwo yabamurikiraga Album ‘Wahozeho’. Ni mu gitaramo gikomeye cyabaye ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru tariki 5 Gicurasi 2024.…
Igisobanuro n’inkomoko y’izina Naomie ndetse n’uko abaryitwa bitwara
•
Buri mubyeyi wese iyo abyaye umwana aba yifuza kumwita izina ryiza, rigezweho kandi rifite igisobanuro cyiza bitewe n’ibyo amwifuriza mu buzima. Iyi ni nayo mpamvu nyamukuru yatumye InyaRwanda yiyemeza kujya ikugezaho ibisobanuro by’amwe mu mazina abanyarwanda bakunze kwita abana babo. Naomi ni izina rifite inkomoko mu Giheburayo ku izina Naami cyangwa Naamah risobanura ‘umwiza…
Dore impamvu ukwiye kujya urya imbuto aho kuzikoramo umutobe
•
Kumva ko imitobe nta musemburo ubamo bituma abantu benshi bayikunda ku buryo n’imbuto aho kuzirya uko zakabaye bahitamo kuzisya ngo zivemo umutobe. Nubwo abantu bahitamo kunywa umutobe wakozwe mu rubuto runaka aho kwicara hasi ngo barurye uko, abahanga mu by’imirire bemeza ko intungamubiri ndetse n’akamaro byagombaga kugirira umubiri biba byagabanutse ndetse bikaba byateza ingaruka.…
Igisonuro n’inkomoko by’izina Chryso ndetse n’uko abaryitwa bitwara
•
Buri mubyeyi wese iyo abyaye umwana aba yifuza kumwita izina ryiza, rigezweho kandi rifite igisobanuro cyiza bitewe n’ibyo amwifuriza mu buzima. Iyi ni nayo mpamvu nyamukuru yatumye InyaRwanda yiyemeza kujya ikugezaho ibisobanuro by’amwe mu mazina abanyarwanda bakunze kwita abana babo. Chryso ni izina rikomoka mu rurimi rw’Ikigereki ku ijambo ‘chrȳsós,’ rikaba risobanura ‘Zahabu.’ Bimwe…
U Rwanda rwamenyesheje Amerika ko yarengereye ishinja ingabo zarwo kwica impunzi
•
Guverinoma y’u Rwanda yanyomoje Leta Zunze Ubumwe za Amerika zashinje ingabo zarwo kurasa ku baturage bavuye mu byabo mu nkengero z’umujyi wa Goma, mu gihe nta perereza ryigenga rirakorwa. U Rwanda rwagaragaje ko Amerika yarengereye cyane ibeshyera ingabo zarwo, mu gihe imiryango mpuzamahanga imaze igihe igaragaza ko ingabo za Congo (FARDC) ku bufatanye n’iz’u…
Ingabo za SADC zafatiye umwanzuro ukomeye M23 zishinja kwica abasivile
•
Umuryango w’iterambere ry’ibihugu byo muri Afurika y’Amajyepfo (SADC) watangaje ko wamaganye byimazeyo ibitero ushinja inyeshyamba M23 byibasiye inkambi ya Mugunga y’abavanywe mu byabo (IDP) n’intambara. Kubera iyi mpamvu,wiyemeje ko uzarwanya byimazeyo uyu mutwe wa M23 ukomeje kwigarurira uduce twinshi muri RDC. Tariki ya 3 Gicurasi 2024 i Goma mu nkambi ya Mugunga haguye ibisasu…