Kigali: Pasiteri yacunze ku jisho abayoboke b’itorero rye agurisha urusengero batabizi
•
Abayoboke b’Itorero Iriba ry’Ubugingo basengeraga mu rusengero rwubatse mu karere ka Gasabo mu murenge wa Bumbogo mu udugudu wa Ruraza, baratabaza nyuma y’uko Pasiteri wabo abaciye mu rihumye akagurisha urwo rusengero basengeragamo. Abo bayoboke b’iri torero, bavuga ko muri 2014 ari bwo bitanze bubaka uru rusengero ariko tariki 19 Mata uyu mwaka batunguwe no…
Rwamagana: Umugabo yagiye gusambana n’umugore w’abandi ahura n’uruva gusenya
•
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki 26 Mata 2024, Nibwo mu rugo ruherereye mu Mudugudu w’Urugwiza, Akagari ka Binunga mu Murenge wa Munyiginya, Akarere ka Rwamagana, hatemewe umugabo wari waje gusambanya umugore wo muri urwo rugo. Abaturage bavuze ko uwafashwe agatemeshwa umuhoro mu mutwe ngo yabanje gusambanira n’uwo mugore mu rutoki hanyuma…
Abasore: Dore ibimenyetso 10 byizewe byakwereka ko umukobwa yagukunze ndetse ko watera intambwe ukamusaba urukundo
•
Gukunda no gukundwa ni ibintu byizana, kandi ntawe bitabaho muri iyisi dutuyeho, yaba ashaje cyangwa ari muto. Gusa ikigora ni ukumenya ugukunda koko bya nyabyo….Bityo hano twabahitiyemo bimwe mu bimenyetso bigera ku 10 bizereka umuhungu umukobwa wamukunze. 1. Inseko Umukobwa yagukunze ntiyifuza kukubona ubabaye narimwe, bityo bigatuma yumva yakubwira amagambo agushimisha, kugira ngo akubone…
Abakobwa: Dore abasore 5 ugomba kwirinda gukundana na bo
•
Benshi bavuga ko amaso akunda atabona neza nk’uko umuhanzi nyakwigendera Matata Christophe yabiririmbye. Nubwo ariko bimeze gutya hari abasore umukobwa aba akwiriye kwirinda mu rukundo cyane cyane uruganisha ku gushinga urugo. Aba nibo basore 7 umukobwa aba akwiriye kwitondera byaba ngombwa akabirinda: 1.Umusore ugenzwa no kuryamana nawe gusa Umusore mutajya mwicara ngo muganire, umusore…
Inkomoko n’igisobanuro cy’izina Providence n’uko abaryitwa bitwara
•
Akenshi usanga abantu bitwa amazina y’amanyamahanga bakunze kuba batazi aho akomoka cyangwa icyo asobanura. Ni muri urwo rwego InyaRwanda ibafasha gusobanukirwa amwe muri yo ndetse n’imiterere ikunze kuranga abantu bayitwa. Ubundi ahanini nk’uko ubushakashatsi bwagiye bubyerekana, ngo usanga izina ry’umuntu ari ryo rimusobanura hashingiwe kuri imwe mu myitwarire imuranga ikunze kuba ihuye n’ubusobanuro bw’iryo…
Dore ibintu 5 abagabo benshi batazi byangiza intangangabo mu buryo bukomeye bikaba byanatera ubugumba
•
Ubushakashatsi bwashyizwe ahagaragara, bugaragaza ko ku bantu babana byemewe n’amategeko bagera ku kigero cya 15% bagira ibibazo byo kubura urubyaro kubera ko usanga intanga z’abagabo zarangirijwe no gukoresha ibintu bizangiza. Ibi bibazo bigenda biba imbogamizi, byatumye abashakashatsi bo muri kaminuza zitandukanye bagaragaza ibi bintu 5 bigira uruhare mu kwangiza intanga z’abagabo. 1. Kunywa ibiyobyabwenge…