Ukraire mu nzira yo gutsindwa urugamba nyuma yo kubura intwaro no gutakaza morale kw’abasirikare bayo
•
Ukraine ikomeje gutabaza u Burengerazuba bw’isi ngo buyihe amasasu n’uburyo bwo kurinda ikirere kuko bashiriwe bakaba batakibasha kwirinda. Ubu busabe Perezida Zelensky abubyukije nyuma y’uko misile eshatu ingabo z’u Burusiya zarashe zahitanye abantu 20 mu gace ka Chernihiv ko mu majyaruguru ya Ukraine, kuri uyu wa Gatatu saa tatu z’amanywa. Zelensky ati ’Iyaba twarahawe…
Igikombe cy’Amahoro: Bugesera yatsinze Rayon Sports muri 1/2 iyitezamo umwiryane
•
Rayon Sports yatsinzwe na Bugesera FC igitego 1-0 mu mukino ubanza wa 1/2 cy’igikombe cy’Amahoro, abafana banga gukomera amashyi abakinnyi ndetse na Perezida wayo ataha kare. Igitego cya Ssentongo Farouk Ssentongo Saifi nicyo cyafashije Bugesera FC gutsindira Rayon Sports iwayo 1-0 mu mukino ubanza wa 1/2 cy’Igikombe cy’Amahoro. Bugesera FC yafunguye amazamu ku munota…
Nyuma y’amasaha make akoze ubukwe, umugeni yaguye muri pisine arapfa
•
Umugeni wari umaze amasaha make ashyingiwe, yapfiriye mu kwezi kwa buki yari agiyemo mu mpera z’icyumweru gishize, nyuma yo kunyerera akagwa muri pisine. Ibi bintu bibabaje byabaye ku cyumweru nyuma ya saa sita ku nzu iri mu mujyi wa Limeira muri leta ya São Paulo, muri Brazil, ubwo Elisangela Gazano w’imyaka 38 yanyereye maze…
Arsenal yasezerewe naho Real Madrid ibabaza bikomeye Manchester City
•
Ikipe ya Arsenal yasezerewe mu gikombe cya UEFA Champions League nyuma yo gutsindwa na Bayern Munich igitego 10 mu mukino wo kwishyura wa 1/4, wabereye kuri Allianz Arena. Nyuma yo kwirangaraho ikanganya na Bayern ibitego 2-2 mu rugo,Arsenal yatsindiwe mu Budage ihita isezererwa mu irushanwa itaratwara na rimwe rya UEFA Champions League. Igitego cy’umutwe…
Umunyamakuru M. Irene yamaze kwimukira muri Canada. hakomeje kwibazwa uko bizagendekera Vestine na Dorcas yari asanzwe afasha
•
Umunyamakuru Murindahabi Irene wamenyekanye nka M. Irene uzwi mu ishami ry’imyidagaduro mu gufasha abahanzi barimo nka Vestine na Dorcas, akaba yaranamamaye kuri YouTube binyuze kuri shene ye yitwa MIE Empire, yimukiye muri Canada. Aya makuru akijya hanze byatumye abantu benshi batangira kwibaza ahazaza h’abahanzi uyu munyamakuru yari asanzwe areberera inyungu, bibaza niba koko atazongera…
Muhanga: Abaturage ntibavuga rumwe n’ubuyobozi bw’akarere kabategetse kurandura ibishyimbo byabo biteze
•
Bamwe mu baturage batuye mu Kagari ka Mubuga, Umurenge wa Shyogwe baravuga ko Ubuyobozi bw’Inzego z’ibanze bwabategetse kurandura ibishyimbo biteze bubabwira ko imirimo yo kubaka ikibuga cy’umupira w’amaguru igiye gutangira. Abo baturage bavuga ko batijwe ubutaka n’Akarere ka Muhanga bwo guhingamo imyaka itandukanye mu gihembwe cya mbere cy’ihinga. Bakemeza ko bajya guhinga ibi bishyimbo…