M23 yerekeje i Kinshasa – Bati: “Tshisekedi azashiduka tumugezeho”
•
Umutwe wa M23 uratangaza ko kuri ubu utakigendera ku byari bikubiye mu masezerano yo ku wa 23 Werurwe 2009. Ayo niyo masezerano akomokaho n’izina uyu mutwe ufite n’ubwo kuri ubu abawugize biyunze ku ihuriro rya AFC (Alliance Fleuve Congo). Ibi byemejwe n’umuvugizi w’uwo mutwe wungirije mu bya Politiki witwa Balinda Oscar mu kiganiro cyihariye…
RDF yavuze ku bavuga ko bashobora gushoza intambara ku Rwanda
•
Igisirikare cy’u Rwanda cyamaze amanga abaturarwanda ko bakwiye kuryama bagasinzira kuko umutekano uhari kandi wuzuye. Byatangajwe n’Umuvugizi wungirije w’Igisiriare cy’u Rwanda (RDF) Lt Col Simon Kabera, mu kiganiro Waramutse Rwanda cya RBA cyo kuri uyu wa Kane.Yasabye abaturage kudahangayikishwa n’abavuga ko bazahungabanya umutekano w’Igihugu kuko gifite ubushobozi n’ubushake bwo kukirinda. Ati “Umuturage aryame asinzire…
Bwa mbere shakib yavuze ku itandukana rye na Zari
•
Mu ntangiro z’iki cyumweru nibwo hacicikanye amakuru y’itandukana rya Zari n’umugabo we Shakib Lutaaya ndetse binavugwa ko umuhanzi Diamond Platinumz ariwe ubiri inyuma. Byatangiye gushyuha ubwo hashyirwaga hanze amashusho Zari arikumwe na Diamond bafatanye agatoki ku kandi.Aya mashusho yariye Shakib afata umwanzuro wo gutandukana na Zari n’ubwo we yatangaje ko amakimbirane yabo yatangiye mu…
Abagabo: Dore interuro 8 udakwiye kubwira umugore cyangwa umukobwa utereta
•
Kugira ngo umubano wawe n’umukunzi wawe cyangwa uwo mwashakanye urusheho kuba mwiza, hari amagambo uba ukwiye kwitwararika kumubwira cyane ko abantu n’ubusanzwe batakira ibintu kimwe. Twifashishije ikinyamakuru Lifehack, rwatangaje interuro 8 umugabo wese adakwiye kubwira cyangwa kubaza umugore cyangwa umukobwa bakundana: 1. Kumusaba gukora ibyo umukunzi wawe wa mbere yagukoreraga Si byiza kuratira umugore…
Abagabo: Dore ibintu 3 ukwiriye kubuza umugore wawe niba ushaka kurambana na we
•
Inshingano z’umugabo nyawe zirenga kubyara no kurera zikagera ku kwita ku buzima no guharanira ahazaza heza h’umugore. Biroroshye kumenya niba umugabo yita ku nshingano ze nk’umugabo cyangwa niba yigira ntibindeba. Umugabo wirirwa mu gasozi agataha abaza ibiryo nta cyo yakoze ngo ibiryo biboneke uwo aba ari umugabo utita ku nshingano z’urugo. Dore ibintu 3…
Abagore: Dore ibintu 15 byagufasha kubana n’umugabo wawe akaramata
•
Gusobanukirwa umugabo ni urufunguzo rwo kugira umubano mwiza nawe kandi buri mugore wese yifuza kuba mu rukundo rugera ku ntego. Ni ibintu bizwi ko abagabo batekereza bitandukanye n’ibyo abagore bibwira bityo rero kumenya bimwe mu byo umugabo akunda gutekereza ni ibanga ryo kugira urukundo runejeje hamwe nawe. Twifashishije urubuga Elcrema twaguteguriye ibintu 15 by’ingenzi…